07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ima<strong>na</strong> ari uru<strong>ku</strong>ndo n’imbabazi, maze ntibizere ko yagenera ibiremwa byayo umuriro<br />

w’i<strong>ku</strong>zimu uzahora uguruma<strong>na</strong> iteka ryose. Ariko gukomeza kwemera ko ubusanzwe roho<br />

idapfa, babo<strong>na</strong> nta bundi busobanuro ariko <strong>ku</strong> iherezo bakemeza ko abantu bose bazakizwa.<br />

Benshi babo<strong>na</strong> imiburo yo muri Bibiliya nk’ibereyeho gutera ubwoba abantu ngo bumvire,<br />

maze ntibabone ko bishobora gusohozwa. Nuko rero, umunyabyaha ashobora kwiberaho<br />

yinezeza, atitaye <strong>ku</strong> mabwiriza y’Ima<strong>na</strong>, maze <strong>ku</strong> iherezo, akiringira <strong>ku</strong>zakirwa n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Inyigisho nk’iyo yirata<strong>na</strong> imbabazi z’Ima<strong>na</strong>, nyamara ikirengagiza ubutabera bwayo, icyayo<br />

ni u<strong>ku</strong>nezeza irari ry’umutima wa kamere kandi igashishikariza abagome <strong>ku</strong>gundira ibibi<br />

byabo.<br />

Kugira ngo herekanwe uburyo abizera ko isi yose izakizwa bagoretse Ibyanditswe Byera<br />

bashaka gushyigikira inyigisho zabo ziyobya, igikenewe gusa ni ugusubira mubyo ubwabo<br />

bivugiye. Mu ishyingurwa ry’umusore utari ufite idini abarirwamo, wari waguye mu<br />

mpanuka, Umubwiriza mpuzamahanga yatoranije isomo ryo mu Byanditswe Byera <strong>ku</strong><br />

byerekeye Dawidi ‘’amaze gushira umubabaro n’agahinda <strong>ku</strong>bera urupfu rwa Amunoni,<br />

a<strong>ku</strong>mbura Abusalomu cyane.’‘ 8<br />

‘‘Nuko Umubwiriza aravuga ati: “Abantu bahora bambaza bati: Mbese iherezo ry’abava<br />

muri uyu mubiri ari abanyabyaha, bagapfa, ahari se bari mu businzi, bagapfa<strong>na</strong> amakanzu<br />

yabo ariho ibizinga bitu<strong>ku</strong>ra by’ubwicanyi bakoze bitameshwe, cyangwa bapfuye nk’uyu<br />

musore, batigeze <strong>ku</strong>gira ukwemera cyangwa ngo banezezwe no <strong>ku</strong>ba mu idini ni irihe?<br />

Dushimishwa n’Ibyanditswe, <strong>ku</strong>ko bisubiza icyo kibazo giteye inkeke. Amunoni yari<br />

umunyabyaha ruharwa; yari yaranze kwiha<strong>na</strong>, yari umusinzi, kandi mu businzi niho<br />

bamutsinze. Dawidi yari Umuhanuzi w’Ima<strong>na</strong>; yagombaga <strong>ku</strong>menya ko Amunoni<br />

azamererwa <strong>na</strong>bi cyangwa azamererwa neza mu yindi si izaza. Umutima we washakaga<br />

kwereka<strong>na</strong> iki ? ‘Umutima w’Umwami Dawidi wifuzaga cyane Abusalomu: <strong>ku</strong>ko yari amaze<br />

gushira umubabaro w’urupfu rwa Amunoni.’ ‘‘None se ubu duhereye <strong>ku</strong>ri iyi mvugo twafata<br />

cyemezo ki? Ntabwo ari u<strong>ku</strong>vuga ko <strong>ku</strong>babara ubuziraherezo <strong>ku</strong>dafite umwanya mu byo idini<br />

ryizera? Niko biri; kandi dusanga ko hano hari insinzi y’izo mpaka iherekejwe n’umunezero<br />

mwinshi, no <strong>ku</strong>murikirwa kwinshi, n’ubugiraneza bwinshi bikomoka <strong>ku</strong> butungane<br />

n’amahoro atagira impinduka <strong>ku</strong>ri bose. Yashize agahinda, abonye umuhungu we yapfuye.<br />

Mbese ni u<strong>ku</strong>bera iki? Ni u<strong>ku</strong>bera ko yarebesheje amaso ya gihanuzi, yashoboye <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><br />

i<strong>ku</strong>zo ry’ahazaza kandi abonera <strong>ku</strong>re cyane uwo muhungu we atandukanyijwe n’ibigeragezo,<br />

akize ingoyi y’uburetwa, yejejweho imyanda yose y’icyaha, kandi amaze gutunganywa rwose<br />

no <strong>ku</strong>murikirwa, yemererwa <strong>ku</strong>ba mu ikoraniro ry’abazamutse mu ijuru n’imyuka inezerewe.<br />

Ibyishimo bya Dawidi byari ibyo uko gu<strong>ku</strong>rwa mu mubiri w’icyaha n’imibabaro, umuhungu<br />

we ya<strong>ku</strong>ndaga, agiye mu cyumba cyo hejuru cyane, aho azamurikirwa n’Umwuka<br />

Muziranenge <strong>ku</strong>ri roho ye icuze umwijima, aho intekerezo ze zizamurikirwa n’ubwenge buva<br />

mu ijuru n’uru<strong>ku</strong>ndo ruzira iherezo kandi rudapfa, maze noneho agategurirwa kamere nshya<br />

yejejwe yo kwishimira ikiruhuko n’abaraganwa ijuru.’‘<br />

392

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!