07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

buhoro buhoro itorero ryagiye ryinjizwamo gahunda yo <strong>ku</strong>ramya ibishushanyo n’ibisigazwa<br />

by’imibiri y’abatunganiye Ima<strong>na</strong> bo mu gihe cya kera. Hanyuma, i<strong>na</strong>ma rusange y’itorero<br />

yashyizeho iteka rishimangira ubwo buryo bwo <strong>ku</strong>ramya ibishushanyo. Mu <strong>ku</strong>zuza icyo<br />

gikorwa cy’agahomamunwa, itorero ry’i Roma ryahangaye gu<strong>ku</strong>raho itegeko rya kabiri mu<br />

mategeko y’Ima<strong>na</strong>, ari ryo ribuzanya gusenga ibishushanyo, maze irya cumi barigabanyamo<br />

kabiri, <strong>ku</strong>gira ngo umubare w’amategeko ukomeze <strong>ku</strong>ba icumi.<br />

Uwo mutima wo kwemera ko imigenzo ya gipagani ikorwa no mu itorero watumye habaho<br />

u<strong>ku</strong>ndi gusuzugura ubutware bw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>rushijeho. Satani yakoreye mu bayoboraga itorero<br />

batari bariyeguriye Ima<strong>na</strong> maze ahindura n’itegeko rya kane, agerageza gu<strong>ku</strong>raho Isabato yari<br />

yarabayeho <strong>ku</strong>va kera, ari yo munsi Ima<strong>na</strong> yahaye umugisha kandi ikaweza (Itangiriro 2:2,3);<br />

maze mu cyimbo cyawo agerageza kwerereza umunsi mu<strong>ku</strong>ru abapagani bizihizaga bawita<br />

“umunsi ukwiye <strong>ku</strong>bahwa w’izuba.” Ku i<strong>ku</strong>bitiro, uwo munsi ntiwahise uhindurwa mu buryo<br />

bugaragara. Mu myaka amaga<strong>na</strong> make nyuma ya Yesu, Abakristo bose bakomezaga Isabato<br />

nya<strong>ku</strong>ri. Bitaga cyane <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> uko bikwiye, kandi <strong>ku</strong>ko bizeraga ko amategeko yayo<br />

adahinduka, bagiraga umwete wo kwitondera ibyo yategetse. Ariko Satani yakoreye mu<br />

bakozi be akoresheje uburiganya bukomeye <strong>ku</strong>gira ngo asohoze imigambi ye.<br />

Kugira ngo abantu barangamire umunsi wo Ku cyumweru, uwo munsi wagizwe umunsi<br />

mu<strong>ku</strong>ru wo kwizihiza <strong>ku</strong>zuka kwa Kristo. Bawugiragaho gahunda z’amateraniro; nyamara<br />

bawufataga nk’umunsi w’ikiruhuko n’imyidagaduro ariko Isabato <strong>na</strong> yo bagakomeza<br />

<strong>ku</strong>yubahiriza nk’umunsi wera.<br />

Igihe Satani yiteguraga gusohoza umugambi yashakaga <strong>ku</strong>zageraho, yari yarakoresheje<br />

Abayahudi mbere yo <strong>ku</strong>za kwa Kristo maze baremereza Isabato bakoresheje amabwiriza<br />

akarishye cyane bituma <strong>ku</strong>yubahiriza bihindukira abantu umutwaro. Muri icyo gihe rero cya<br />

nyuma ya Kristo, ashingiye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ntu yari yaratumye uwo munsi ufatwa <strong>na</strong>bi, yatumye abantu<br />

bawusuzugura bakawufata nk’umunsi wishyiriweho n’Abayuda. Mu gihe muri rusange<br />

Abakristo bari bakomeje <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wo <strong>ku</strong> cyumweru (<strong>ku</strong>wa mbere) nk’umunsi<br />

mu<strong>ku</strong>ru, yabateye gufata Isabato bayigira umunsi wo kwiyiriza ubusa, w’umubabaro ndetse<br />

n’agahinda, babikoreye kwereka<strong>na</strong> urwango bangaga idini y’Abayuda.<br />

Mu ntangiriro z’ikinyeja<strong>na</strong> cya kane, umwami w’abami Constantine yashyizeho itegeko<br />

rivuga ko umunsi wo Kucyumweru ubaye umunsi mu<strong>ku</strong>ru <strong>ku</strong> bantu bose batuye aho ingoma<br />

y’Abanyaroma yategekaga. (Soma iryo tegeko <strong>ku</strong> mugereka). Uwo munsi w’izuba<br />

wubahirizwaga n’abayoboke be b’abapagani kandi ukanubahwa n’Abakristo. Bityo rero uwo<br />

mwami w’abami yari afite ingamba zo guhuriza hamwe izo mpande zari zihabanye<br />

z’ubupagani n’Ubukristo. Nyamara nubwo Abakristo benshi bubahaga Ima<strong>na</strong> bagendaga<br />

buhoro buhoro bafata umunsi wo Kucyumweru nk’ufite urugero ru<strong>na</strong>ka rw’ubuziranenge,<br />

bari bacyubahiriza Isabato nya<strong>ku</strong>ri bayifata nk’umunsi wera wa Nyagasani kandi<br />

bakawizihiza bumvira itegeko rya kane.<br />

32

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!