07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abanditse ayo magambo yavuzwe mbere hari ubwo baba ari abantu bize, abantu<br />

b’abanya<strong>ku</strong>ri, ariko bakaba baratwawe ingamira n’ubuca<strong>ku</strong>ra bwa Satani. Akabatera<br />

<strong>ku</strong>goreka amagambo yo mu Byanditswe, bakayasiga ibara bayasobanuza imvugo ikarishye<br />

n’uburyarya bya Satani, ariko bitari iby’Umuremyi wacu. “Umwami Uwiteka aravuga ati:<br />

“Ndirahiye sinezezwa no gupfa k’umunyabyaha, ahubwo nezezwa n’uko umunyabyaha<br />

ahindukira akava mu nzira ye, maze akabaho; nimuhindukire, mugaruke muve mu nzira zanyu<br />

mbi. Kuki mwarinda gupfa?”. 7<br />

Mbese Ima<strong>na</strong> byayungura iki turamutse twemeje ko ishimishwa no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> abicwa rubozo<br />

ubudatuza; ikanezezwa no <strong>ku</strong>mva <strong>ku</strong>niha n’imiboroga n’ibitutsi bitewe n’umubabaro<br />

w’ibiremwa byayo yajugunye mu birimi by’umuriro utazima ? Mbese ayo majwi<br />

y’umuborogo yahinduka indirimbo zinejeje mu matwi y’Inyaru<strong>ku</strong>ndo rutarondoreka? Ibyo<br />

bivuze ko igihano cy’ umubabaro udashira <strong>ku</strong> banyabyaha, cyajyaga kwereka<strong>na</strong> uko Ima<strong>na</strong><br />

yanga icyaha cyo mwanzi watsembye amahoro <strong>na</strong> gahunda mu isi. Yoo! Mbega igitutsi giteye<br />

ubwoba! Nk’aho urwango Ima<strong>na</strong> yanga icyaha, rwayitera <strong>ku</strong>gihozaho iteka. Kuko, u<strong>ku</strong>rikije<br />

inyigisho z’aba bahanga mu by’iyobokama<strong>na</strong>, iyica rubozo ‘rihoraho hatarimo ibyiringiro<br />

byo <strong>ku</strong>babarirwa uzarisha abababazwa, kandi igihe bagize umujinya bagatuka<strong>na</strong> kandi<br />

bagasebanya, bazaba bongera imitwaro y’ibyaha iteka ryose. Icyubahiro cy’Ima<strong>na</strong><br />

nticyongerwa n’uko gukomeza <strong>ku</strong>baho no kwiyongera kw’ibyaha muri iyo mibabaro uko<br />

ibihe bihaye ibindi.<br />

Birenze ubushobozi bw’intekerezo za muntu <strong>ku</strong>menya neza ibibi bituruka <strong>ku</strong> buhakanyi<br />

buvuga ibyo <strong>ku</strong>babazwa by’iteka ryose. Idini ya Bibiliya yuzuye uru<strong>ku</strong>ndo n’ineza,<br />

n’imbabazi ziyisendereye, yijimishijwe n’imigenzo, kandi itwikirizwa iterabwoba. Iyo<br />

twitegereje amabara y’ikinyoma Satani yambitse imico y’Ima<strong>na</strong>, twatangazwa se n’uko<br />

Umuremyi wacu ugira imbabazi nyinshi atinywa, akanegurwa ndetse aka<strong>na</strong>ngwa n’abantu?<br />

Intekerezo zishisha<strong>na</strong> z’uburyo abantu batekereza Ima<strong>na</strong> zamaze kwamamara <strong>ku</strong> isi yose<br />

binyuze mu nyigisho zivugirwa <strong>ku</strong> ruhimbi zahinduye ibihumbi n’ibihumbi, amamiliyoni<br />

menshi y’abantu ahora<strong>na</strong> ibibazo by’ubuhakanyi.<br />

Inyigisho yo <strong>ku</strong>babazwa by’iteka ryose ni imwe mu nyigisho zipfuye zigize ya nzoga<br />

y’ibizira Babuloni yanywesheje amahanga yose. Kuba intumwa za Kristo zikwiriye kwemera<br />

kandi zikamamaza ubwo buhakanyi <strong>ku</strong> ruhimbi ruziranenge, <strong>na</strong>byo ni iyobera rikomeye.<br />

Barihawe <strong>na</strong> Roma nk’uko bakiriye i sabato y’ibinyoma. U<strong>ku</strong>ri ni uko icyo kinyoma<br />

cyabwirijwe n’abantu bakomeye kandi beza; ariko umucyo werekeye iyo nyigisho<br />

ntiwabarasiye nk’uko waturasiye. Bazabazwa gusa umucyo wabarasiye mu gihe cyabo; <strong>na</strong>twe<br />

tuzabazwa uwaturasiye mu gihe cyacu. Nidutera umugongo ibihamya by’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>,<br />

maze tukemera inyigisho zipfuye ngo n’uko basogo<strong>ku</strong>ru bacu bazigishije, tuzaba duciriweho<br />

iteka ryaciriwe <strong>ku</strong>ri Babuloni; tuzanywa <strong>ku</strong> nzoga y’ibizira byayo.<br />

Abagize umubare munini w’abo inyigisho zerekeye <strong>ku</strong>babazwa by’iteka ryose ryayobeje,<br />

berekejwe mu rindi futi ritandukanye n’iryo. Babo<strong>na</strong> ko Ibyanditswe Byera bigaragaza ko<br />

391

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!