07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mu muriro utazima, maze bagahora bababazwa n’umujinya wayo bumva; kandi igihe bumva<br />

uburibwe butangaje bagaragurikira mu birimi by’umuriro uguruma<strong>na</strong>, Umuremyi wabo<br />

yabitegereza akanezerwa.<br />

Uko niko Satani yiyambura umwambaro we w’ubugizi bwa <strong>na</strong>bi, akawambika Umuremyi<br />

n’Umugiraneza w’ikiremwamuntu. Ubugizi bwa <strong>na</strong>bi buturuka <strong>ku</strong>ri Satani. Ima<strong>na</strong> ni<br />

uru<strong>ku</strong>ndo; kandi ibyo yaremye byose byari bitunganye, biboneye kandi ari iby’igi<strong>ku</strong>ndiro,<br />

<strong>ku</strong>geza igihe icyigomeke ruharwa cya mbere cyinjije icyaha. Satani ubwe ni umwanzi woshya<br />

umuntu gukora icyaha, kandi ngo <strong>na</strong>bishobora amurimbure; maze igihe azaba atagishidikanya<br />

ko yamaze <strong>ku</strong>muhindura uwe, nibwo azamujugunya mu rwobo yamucu<strong>ku</strong>riye. Iyo abishobora<br />

yajyaga <strong>ku</strong>rundanyiriza ikiremwamuntu uko cyakabaye mu rushundura rwe. Iyo imbaraga<br />

z’ijuru zitahagoboka, nta muhungu cyangwa umukobwa w ‘Adamu wajyaga <strong>ku</strong>rokoka.<br />

Muri iki gihe, Satani arashakisha uko yatsinda abantu nk’uko yatsinze ababyeyi bacu ba<br />

mbere, ubwo yajegezaga icyizere bari bafitiye Umuremyi wabo maze akabatera gushidikanya<br />

ubwenge bw’ubuyobozi bw’Ima<strong>na</strong>, n’ubutabera bw’amategeko yayo. Satani n’intumwa ze<br />

bakwiza hose ko Ima<strong>na</strong> igira <strong>na</strong>bi <strong>ku</strong>barusha, <strong>ku</strong>girango bahishe uburyarya n’ubugome byabo.<br />

Umushukanyi ukomeye yihatira <strong>ku</strong>gereka ubugome bwe buteye ubwoba n’imico ye <strong>ku</strong>ri Data<br />

wo mu ijuru, <strong>ku</strong>gira ngo yerekane ko yamusagariye amwiruka<strong>na</strong> mu ijuru bitewe n’uko yanze<br />

gupfukamira uwo mutegetsi utonesha. Agaragariza isi ko bashobora <strong>ku</strong>gira umudendezo<br />

bayobotse ubutegetsi bwe, kandi uwo mudendezo utandukanye n’ububata bashyizwemo<br />

n’amategeko-shingiro ya Yehova. Uko niko yatekerezaga <strong>ku</strong>zaba yegukanye abantu<br />

abatandukanyije n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Mbega uburyo bihabanye n’uru<strong>ku</strong>ndo n’imbabazi, ndetse n’uko dutekereza ubutabera,<br />

gukwiza ihame ry’uko abanyabyaha bapfuye bari <strong>ku</strong>babarizwa mu muriro n’amazu<strong>ku</strong> bihora<br />

biguruma<strong>na</strong> iteka ryose; kandi <strong>ku</strong>bw’ibyaha byo muri ubu buzima bw’isi y’igihe gito,<br />

bagomba <strong>ku</strong>babazwa igihe cyose Ima<strong>na</strong> izaba ikiriho. Nanone, izi nyigisho zabwirijwe henshi<br />

kandi <strong>na</strong> n’ubu ziracyigishwa mu matorero menshi ya Gikristo. Umunyabwenge umwe mu<br />

by’Iyobokama<strong>na</strong> yaravuze ati:“Kureba abantu bababarizwa mu muriro w’iteka, bizagwiza<br />

umunezero w’abera iteka ryose. Iyo babo<strong>na</strong> abameze nka bo n’abavutse nk’uko <strong>na</strong>bo bavutse,<br />

bijanditse mu buhanya, maze bakitarura, ibyo bizagaragaza uburyo banezerewe.’‘ Undi<br />

mwanditsi yakoresheje aya magambo: “Ubwo iteka ryo <strong>ku</strong>rimbuka rizaba risutswe <strong>ku</strong> banze<br />

<strong>ku</strong>mvira, umwotsi wo <strong>ku</strong>babazwa kwabo uzacumba iteka ryose, uzamuke imbere y’abagiriwe<br />

imbabazi, mu cyimbo cyo <strong>ku</strong>girira impuhwe abo banyamubabaro, bazavuga bati: “Amen,<br />

Haleluya! Muhimbaze Uwiteka!”<br />

Mbese inyigisho nk’izo zanditswe <strong>ku</strong> zihe mpapuro mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ? Mbese<br />

abacunguwe nibagera mu ijuru ntibazaba bakigira impuhwe n’imbabazi, cyangwa ngo<br />

bagaragarize abantu baremanywe amarangamutima? Mbese ibi ntibihuje n’intekerezo<br />

z’abavuga ko umuntu w’umunyabwenge atagomba <strong>ku</strong>gira amarangamutima cyangwa bikaba<br />

ubugome bwa kinyamaswa? Oya, oya izo si inyigisho zikomoka mu gitabo cy’Ima<strong>na</strong>.<br />

390

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!