07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Satani ngo ‘Amaso yanyu azahweza”. Yagaragaye nk’u<strong>ku</strong>ri muri ubu buryo bumwe gusa:<br />

Adamu <strong>na</strong> Eva bamaze gusuzugura Ima<strong>na</strong>, amaso yabo yarahweje babo<strong>na</strong> ubupfu bwabo,<br />

bamenye ikibi, kandi batangira <strong>ku</strong>rya <strong>ku</strong> mbuto zisharira zo <strong>ku</strong>tumvira.<br />

Hagati mu murima wa Edeni hari igiti cy’ubugingo, imbuto zacyo zari zifite imbaraga<br />

itanga ubugingo buhoraho. Iyo Adamu akomeza <strong>ku</strong>mvira Ima<strong>na</strong>, yajyaga gukomeza <strong>ku</strong>jya<br />

arya <strong>ku</strong> mbuto zacyo akabaho ubuzira-herezo. Ariko amaze gukora icyaha, yabujijwe kongera<br />

gusoroma <strong>ku</strong> giti gihesha ubugingo, maze ahinduka uwo gupfa. Iteka ry’Ima<strong>na</strong> ngo: “Uri<br />

umu<strong>ku</strong>ngugu, mu mu<strong>ku</strong>ngugu nimwo uzasubira,“nta ryerekezaga <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>vuga ko ubugingo<br />

bwe buzimye.<br />

U<strong>ku</strong>dapfa kwasezeranyijwe umuntu biturutse <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>mvira, kwakomwe mu nkokora no<br />

gucumura. Adamu ntiyajyaga <strong>ku</strong>raga urubyaro rwe icyo adafite; kandi nta byiringiro ubwoko<br />

bwacumuye bwashoboraga <strong>ku</strong>gira, iyo Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>bwo igitambo cy’Umwa<strong>na</strong> wayo, itabazanira<br />

u<strong>ku</strong>dapfa hafi yabo. Igihe “urupfu rwageraga <strong>ku</strong> bantu bose, <strong>ku</strong>ko bose bakoze ibyaha, ”<br />

Kristo yazanye ubugingo no <strong>ku</strong>dapfa binyuze mu mucyo w’ubutumwa bwiza.’‘ 4 Kandi muri<br />

Kristo gusa, niho habonerwa u<strong>ku</strong>dapfa. Yesu yaravuze ati:“Uwizera uwo Mwa<strong>na</strong> aba abonye<br />

ubugingo buhoraho: Ariko utumvira uwo Mwa<strong>na</strong>, ntazabo<strong>na</strong> ubugingo, ahubwo umujinya<br />

w’Ima<strong>na</strong> uguma <strong>ku</strong>ri we.’‘ 5 Umuntu wese akwiriye <strong>ku</strong>za kwakira iyo migisha adahenzwe<br />

niba agendera mu byo asabwa. “Abashaka ubwiza n’icyubahiro no <strong>ku</strong>dapfa, babishakisha<br />

gukora ibyiza, badacogora baziturwa ubugingo buhoraho.” 6<br />

Uwasezeraniye Adamu ubugingo bitewe gusa no <strong>ku</strong>tumvira, nta wundi utari umushukanyi<br />

ukomeye. Kandi amagambo inzoka yabwiriye Eva mu murima wa Edeni ngo:“Ni u<strong>ku</strong>ri<br />

ntimuzapfa,“yari ikibwirizwa cya mbere cyigishijwe cyo <strong>ku</strong>dapfa k’ubugingo. Nyamara ayo<br />

magambo yakomotse gusa <strong>ku</strong> bubasha bwa Satani, niyo ajya yumvikanira <strong>ku</strong> ruhimbi<br />

rw’amatorero ya Gikristo kandi akemerwa n’abantu batagira ingano nk’uko yahise yakirwa<br />

n’ababyeyi bacu ba mbere. Iteka ry’Ima<strong>na</strong> ngo “Ubugingo bukora icyaha nibwo buzapfa”<br />

ryahinduwe ngo, Ubugingo bukora ibyaha ntabwo buzapfa, ahubwo buzahoraho iteka.<br />

Ntidushobora uretse gutangazwa n’ikintu kidasanzwe gituma abantu bizera ibyerekeye<br />

amagambo ya Satani <strong>ku</strong>ruta ay’Ima<strong>na</strong>.<br />

Iyo umuntu aza kwemererwa <strong>ku</strong>rya <strong>ku</strong> mbuto z’igiti cy’ubugingo nyuma yo gukora<br />

icyaha, yajyaga gukomeza <strong>ku</strong>baho iteka, maze icyaha <strong>na</strong> cyo kikazahoraho iteka. Ariko<br />

Abakerubi bafite inkota zakaga umuriro bugariye inzira ijya <strong>ku</strong>ri cya giti cy’ubugingo, kandi<br />

nta n’umwe wo mu muryango w ‘Adamu wemererwaga <strong>ku</strong>renga urwo rubibi ngo abe<br />

yasoroma <strong>ku</strong> mbuto zitanga ubugingo. Nuko rero, nta munyabyaha ufite <strong>ku</strong>dapfa.<br />

Ariko umuntu amaze gukora icyaha, Satani yategetse abamarayika be kwihatira cyane<br />

cyane gutera mu muntu imyizerere yuko kamere y’abantu ari u<strong>ku</strong>dapfa; maze abantu<br />

nibamara kwemera ubwo buyobe, <strong>ku</strong> iherezo ba bamarayika babi bazemeza abantu ko<br />

umunyabyaha azahora mu buhanya iteka ryose. Noneho umutware w’umwijima, abinyujije<br />

mu bamarayika be, avuga ko Ima<strong>na</strong> ari inyabuka<strong>na</strong> ihora inzigo, abatayumvira bose ikabaroha<br />

389

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!