07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 33 – Igishuko cya Mbere Gikomeye<br />

Kuva mu mateka ya kera y’umuntu, Satani yatangije imbaraga zo <strong>ku</strong>tuyobya.<br />

Uwatangiriye ubwigomeke mu ijuru yifuje ko n’abatuye isi bafatanya <strong>na</strong>we <strong>ku</strong>rwanya<br />

ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong>. Adamu <strong>na</strong> Eva bari banejejwe no <strong>ku</strong>baho bumvira amategeko y’Ima<strong>na</strong>,<br />

kandi iki cyari igihamya nta<strong>ku</strong>ka kibeshyuza ibyo Satani yavugiye mu ijuru, ko amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong> akandamiza kandi akabangamira umutekano w’ibyo Ima<strong>na</strong> yaremye. Nanone kandi,<br />

ishyari rya Satani ryahagurutse ubwo yabo<strong>na</strong>ga urugo rwiza rwari rwateguriwe abo bantu<br />

baziraga icyaha. Yagambiriye <strong>ku</strong>bacumuza <strong>ku</strong>gira ngo abatandukanye n’Ima<strong>na</strong>, maze<br />

abashyire munsi y’ububasha bwe, abe yigaruriye isi, ayimikemo ingoma ye ihangane<br />

n’Isumbabyose.<br />

Iyo Satani aza kwiyereka<strong>na</strong> ubwe n’ingeso nya<strong>ku</strong>ri ze, yajyaga kwamaganwa rugi<strong>ku</strong>bita<br />

<strong>ku</strong>ko Adamu <strong>na</strong> Eva bari baraburiwe akaga kazaterwa n’uwo mwanzi gica; ariko yakoreye<br />

mu mwijima, ahisha umugambi we <strong>ku</strong>gira ngo abone uburyo bwo <strong>ku</strong>wusohoza. Yifashishije<br />

inzoka ngo imubere igikoresho, nk’ikiremwa giteye ubwuzu, yo ubwayo yivuganira <strong>na</strong> Eva<br />

iti: “Ni u<strong>ku</strong>ri koko Ima<strong>na</strong> yaravuze iti “Ntimuzarye <strong>ku</strong> giti cyose cyo muri ubu busitani?’‘ 1<br />

Iyo Eva areka <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> ikiganiro n’umushukanyi, yajyaga <strong>ku</strong>ba amahoro; ariko ahangara<br />

gukomeza <strong>ku</strong>ganira <strong>na</strong> yo, atsindwa n’uburiganya bwa Satani. Uko niko benshi bajya<br />

batsindwa. Barashidikanya bagatangira <strong>ku</strong>jya impaka <strong>ku</strong> byo Ima<strong>na</strong> ibashakaho; maze aho<br />

<strong>ku</strong>mvira amategeko y’ijuru, bakemera ibyahimbwe n’abantu bitwikirijwe uburiganya bwa<br />

Satani.<br />

“Umugore asubiza iyo nzoka ati: “Twemerewe <strong>ku</strong>rya <strong>ku</strong> mbuto z’ibiti byo muri uyu<br />

murima: keretse imbuto z’igiti kimwe kiri hagati muri ubu busitani, nizo Ima<strong>na</strong> yatubwiye iti<br />

“Ntimuzazirye, ntimuzazikoreho mutazapfa”. Maze inzoka ibwira uwo mugore iti : ni u<strong>ku</strong>ri<br />

gupfa ko ntimuzapfa, <strong>ku</strong>ko Ima<strong>na</strong> yari izi ko umunsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza,<br />

mukaba nk’ima<strong>na</strong>, mukamenya ibyiza n’ibibi”2 Yabahamirije ko bazahinduka nk’Ima<strong>na</strong>,<br />

bakagira ubwenge buhanitse <strong>ku</strong>ruta mbere hose kandi bakarushaho <strong>ku</strong>gira imibereho yo mu<br />

rwego rwo hejuru. Eva yiroshye mu bishuko <strong>ku</strong> bushake bwe; maze atuma <strong>na</strong> Adamu agwa<br />

mu cyaha. Bemeye amagambo y’inzoka ko icyo Ima<strong>na</strong> yavuze itazagikora; ntibiringira<br />

Umuremyi wabo maze bibwira ko yababuzaga umudendezo ngo batazagira ubwenge bwinshi<br />

bagashyirwa hejuru no <strong>ku</strong>gomera amategeko yayo.<br />

Ariko se Adamu yakoze iki amaze gukora icyaha, ashaka <strong>ku</strong>menya ubusobanuro bw’aya<br />

magambo ngo: “Umunsi mwakiriyeho no gupfa muzapfa ? Mbese yaba yarabisanze nk’uko<br />

Satani yamwijeje ko azagira imibereho yo mu rwego rwo hejuru ? Nyamara ikigeretse <strong>ku</strong>ri<br />

ibyo, hari ibyiza byinshi yagombaga <strong>ku</strong>gezwaho no kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong>, maze Satani<br />

akagaragara nk’ubagirira neza. Ariko Adamu yaje gusanga ko ubwo atari bwo busobanuro<br />

bw’iteka ry’Ima<strong>na</strong>. Ima<strong>na</strong> yavuze ko igihano cy’icyaha cye, ari uko umuntu azasubira mu<br />

gitaka ya<strong>ku</strong>wemo: “Uri umu<strong>ku</strong>ngugu, mu mu<strong>ku</strong>ngugu nimwo uzasubira.” 3 Amagambo ya<br />

388

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!