Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Satani ashobora kuzana ibindi bintu bijya gusa n’ukuri kugira ngo ayobye abashaka kuyoba, badashaka kwizinuka no kwitanga ukuri kubasaba; ariko ntibishoboka ko hagira n’umwe yafata ku ngufu kandi yifuza nta buryarya kumenya ukuri uko byamera kose. Kristo niwe Kuri kandi “niwe Mucyo waje mu isi kumurikira umuntu wese.” 8 Mwuka w’ukuri yoherejwe kuyobora abantu mu kuri kose. Kandi ku bwo ububasha bw’Umwana w’Imana byanditswe ngo: “Mushake muzabona.” 9 Umuntu wese ukunda gukora ibyo Data ashaka azamenya ukuri.” 10 Abayoboke ba Yesu bazi bike gusa kubijyanye n’imigambi mibi Satani n’ingabo ze babafitiye. Nyamara Uwicaye ku ntebe yo mu ijuru, aziganzura ubwo buhenzi bwose kugira ngo asohoze ibyo yagambiriye kuva kera kose. Uhoraho yemera ko ubwoko bwe bugerwaho n’ibigeragezo biteye ubwoba, bidatewe n’uko yishimira imibabaro n’uburibwe bahura nabyo, ahubwo bitewe n’uko ari bwo buryo bw’ingenzi bubageza ku nsinzi iheruka. Kubwo ikuzo rye, ntashobora kubakingira ibigeragezo; kuko umugambi nyakuri w’ishungura ari ukubategurira guhangana n’ibitero byose by’umwanzi. Haba abagome cyangwa abadayimoni ntibabasha gukoma mu nkokora umurimo w’Imana, cyangwa ngo babuze Imana kuba mu bantu bayo, niba bafite ubushake, bitanze, n’imitima imenetse, bakatura ibyaha kandi bakitandukanya nabyo, maze bakishyuza amasezerano y’Imana bizeye. Igishuko cyose, imigambi mibi yose, byaba ku mugaragaro cyangwa mu ibanga, bishobora guhashywa nta gushidikanya, kuko “atari kubw’ububasha bwawe cyangwa imbaraga zawe bizagushoboza umurimo wanjye, ahubwo uzawushobozwa na Mwuka wanjye, niko Uhoraho Nyir’ingabo avuga11.” “Amaso y’Uwiteka ari ku bakiranutsi, n’amatwi ye ari ku byo basaba.... “Mbese ninde uzabagirira nabi nimugira ishyaka ryo gukora ibyiza?” 12 Ubwo Balamu yirukiraga ingororano z’igiciro cyinshi yari yasezeranijwe, akajya kuvuma ubwoko bw’Abisirayeli, kandi akoresheje gutambira Uwiteka ibitambo yashatse kuvuma ubwoko bwe, Umwuka w’Uwiteka abuza umuvumo gusohoka mu kanwa ka Balamu, ahubwo ahatirwa kuvuga aya magambo akurikira: “Navuma nte abo Uwiteka atavumye? Kandi narakarira nte abo Uwiteka atarakariye? Icyampa nkipfira nk’uko abakiranutsi bapfa. Iherezo ryanjye rikaba nk’iryabo!” Ubwo bongeraga gutamba ibitambo, umuhanuzi mubi yarahamije ati: “Dore nategetswe kubahesha umugisha, nayo yarawubahaye sinabihindura. Ntihakabeho ibyago mu bakomoka kuri Yakobo, umubabaro ntukarangwe muri abo Bisirayeli, Uhoraho Imana yabo abe hamwe na bo, niwe mwami wabo bavugiriza impundu. Nta bupfumu bwagira icyo butwara abakomoka kuri Yakobo, nta n’umutukiro wafata Abisirayeli. Kuva ubu abantu bazatangara bati, ‘Dore ibyo Imana yakoreye Abisiraheli! Ku nshuro ya gatatu, igicaniro cyarubatswe, maze Balamu yongera gushaka kugerageza kuvuma ubwoko bw’Imana. Ariko, Umwuka w’Imana ahamiriza ubwoko bwe bwatoranyijwe kugira ihirwe akoresheje akanwa k’Umuhanuzi utarabishakaga kandi acyaha ubupfapfa n’uburyarya by’abanzi babo: Uzabasabira umugisha wese nawe azawuhabwe, kandi uzabavuma wese na we azavumwe”. 13 386

Itorero na Leta ku Rugamba Muri icyo gihe ubwoko bw’Isiraheli bwumviraga Imana; kandi igihe cyose babaga bakomeje kumvira amategeko y’Imana, nta bubasha bwo mu isi cyangwa bw’i kuzimu bwashoboraga kubahangara. Ariko umuvumo Balamu atakundiwe kuvuma ubwoko bw’Imana, amaherezo wabagezeho, igihe yaboshyaga gukora icyaha. Ubwo bicaga amategeko y’Imana, maze bakitandukanya n’Imana, mazei bagasigara bategekwa n’umurimbuzi. Satani azi neza ko umunyantegenke wisunga Kristo Yesu, arusha imbaraga igitero cy’ingabo z’umwijima, azi kandi ko aramutse yishyize ku mugaragaro, azagababwaho igitero, maze agatsindwa. Nuko rero Satani yifuza gukura abasirikari b’umusaraba mu gihome cyabo gikomeye, bubikiye hamwe n’ingabo ze zihora ziteguye gutsemba abamunyurira mu gikingi. Mu kwishingikiriza gusa ku Mana twicishije bugufi, tukumvira amategeko yayo yose, tuzaba mu mutekano. Nta n’umwe washobora kubaho umunsi umwe cyangwa isaha imwe, atasenze. Cyane cyane twinginge Uwiteka tumusaba ubwenge bwo gusobanukirwa Ijambo rye. Muri ryo nimwo duhishurirwa imitego y’umushukanyi hamwe n’uburyo bwo kumutsinda. Satani ni umuhanga mu gukoresha Ibyanditswe Byera, aha ubusobanuro yihimbiye ku mirongo yizera ko yadusitaza. Dukwiriye kwiga Bibiliya twicishije bugufi mu mitima, tutagira akanya na gato duhuga ko kwishingikiriza ku Mana. N’ubwo dukwiriye guhora twirinda imitego ya Satani, dukwiriye gukomeza gusengana kwizera tugira tuti: “Ntuduhane mu bitwoshya”. 387

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Satani ashobora <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> ibindi bintu bijya gusa n’u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>gira ngo ayobye abashaka<br />

<strong>ku</strong>yoba, badashaka kwizinuka no kwitanga u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>basaba; ariko ntibishoboka ko hagira<br />

n’umwe yafata <strong>ku</strong> ngufu kandi yifuza nta buryarya <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri uko byamera kose. Kristo<br />

niwe Kuri kandi “niwe Mucyo waje mu isi <strong>ku</strong>murikira umuntu wese.” 8 Mwuka w’u<strong>ku</strong>ri<br />

yoherejwe <strong>ku</strong>yobora abantu mu <strong>ku</strong>ri kose. Kandi <strong>ku</strong> bwo ububasha bw’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong><br />

byanditswe ngo: “Mushake muzabo<strong>na</strong>.” 9 Umuntu wese u<strong>ku</strong>nda gukora ibyo Data ashaka<br />

azamenya u<strong>ku</strong>ri.” 10<br />

Abayoboke ba Yesu bazi bike gusa <strong>ku</strong>bijyanye n’imigambi mibi Satani n’ingabo ze<br />

babafitiye. Nyamara Uwicaye <strong>ku</strong> ntebe yo mu ijuru, aziganzura ubwo buhenzi bwose <strong>ku</strong>gira<br />

ngo asohoze ibyo yagambiriye <strong>ku</strong>va kera kose. Uhoraho yemera ko ubwoko bwe bugerwaho<br />

n’ibigeragezo biteye ubwoba, bidatewe n’uko yishimira imibabaro n’uburibwe bahura <strong>na</strong>byo,<br />

ahubwo bitewe n’uko ari bwo buryo bw’ingenzi bubageza <strong>ku</strong> nsinzi iheruka. Kubwo i<strong>ku</strong>zo<br />

rye, ntashobora <strong>ku</strong>bakingira ibigeragezo; <strong>ku</strong>ko umugambi nya<strong>ku</strong>ri w’ishungura ari<br />

u<strong>ku</strong>bategurira guhanga<strong>na</strong> n’ibitero byose by’umwanzi.<br />

Haba abagome cyangwa abadayimoni ntibabasha gukoma mu nkokora umurimo w’Ima<strong>na</strong>,<br />

cyangwa ngo babuze Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ba mu bantu bayo, niba bafite ubushake, bitanze, n’imitima<br />

imenetse, bakatura ibyaha kandi bakitandukanya <strong>na</strong>byo, maze bakishyuza amasezerano<br />

y’Ima<strong>na</strong> bizeye. Igishuko cyose, imigambi mibi yose, byaba <strong>ku</strong> mugaragaro cyangwa mu<br />

ibanga, bishobora guhashywa nta gushidikanya, <strong>ku</strong>ko “atari <strong>ku</strong>bw’ububasha bwawe cyangwa<br />

imbaraga zawe bizagushoboza umurimo wanjye, ahubwo uzawushobozwa <strong>na</strong> Mwuka<br />

wanjye, niko Uhoraho Nyir’ingabo avuga11.”<br />

“Amaso y’Uwiteka ari <strong>ku</strong> bakiranutsi, n’amatwi ye ari <strong>ku</strong> byo basaba.... “Mbese ninde<br />

uzabagirira <strong>na</strong>bi nimugira ishyaka ryo gukora ibyiza?” 12 Ubwo Balamu yirukiraga<br />

ingororano z’igiciro cyinshi yari yasezeranijwe, akajya <strong>ku</strong>vuma ubwoko bw’Abisirayeli,<br />

kandi akoresheje gutambira Uwiteka ibitambo yashatse <strong>ku</strong>vuma ubwoko bwe, Umwuka<br />

w’Uwiteka abuza umuvumo gusohoka mu kanwa ka Balamu, ahubwo ahatirwa <strong>ku</strong>vuga aya<br />

magambo a<strong>ku</strong>rikira: “Navuma nte abo Uwiteka atavumye? Kandi <strong>na</strong>rakarira nte abo Uwiteka<br />

atarakariye? Icyampa nkipfira nk’uko abakiranutsi bapfa. Iherezo ryanjye rikaba nk’iryabo!”<br />

Ubwo bongeraga gutamba ibitambo, umuhanuzi mubi yarahamije ati: “Dore <strong>na</strong>tegetswe<br />

<strong>ku</strong>bahesha umugisha, <strong>na</strong>yo yarawubahaye si<strong>na</strong>bihindura. Ntihakabeho ibyago mu bakomoka<br />

<strong>ku</strong>ri Yakobo, umubabaro ntukarangwe muri abo Bisirayeli, Uhoraho Ima<strong>na</strong> yabo abe hamwe<br />

<strong>na</strong> bo, niwe mwami wabo bavugiriza impundu. Nta bupfumu bwagira icyo butwara<br />

abakomoka <strong>ku</strong>ri Yakobo, nta n’umutukiro wafata Abisirayeli. Kuva ubu abantu bazatangara<br />

bati, ‘Dore ibyo Ima<strong>na</strong> yakoreye Abisiraheli! Ku nshuro ya gatatu, igicaniro cyarubatswe,<br />

maze Balamu yongera gushaka <strong>ku</strong>gerageza <strong>ku</strong>vuma ubwoko bw’Ima<strong>na</strong>. Ariko, Umwuka<br />

w’Ima<strong>na</strong> ahamiriza ubwoko bwe bwatoranyijwe <strong>ku</strong>gira ihirwe akoresheje akanwa<br />

k’Umuhanuzi utarabishakaga kandi acyaha ubupfapfa n’uburyarya by’abanzi babo:<br />

Uzabasabira umugisha wese <strong>na</strong>we azawuhabwe, kandi uzabavuma wese <strong>na</strong> we azavumwe”.<br />

13<br />

386

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!