07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

y’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>duha ibisubizo by’amasengesho dusenganye kwizera, maze tugahabwa n’ibyo<br />

tutari dukwiriye n’ibyo tutasabye.<br />

Hariho inyigisho zitagira ingano ziyobya abantu n’intekerezo zikabya zaduka mu<br />

matorero ya gikristo. Ntibishoboka <strong>ku</strong>gereranya ingaruka ziteye ubwoba ziterwa no gu<strong>ku</strong>raho<br />

rimwe mu biranga amahame shingiro y’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Bake bahangara gukora ibyo,<br />

bahera <strong>ku</strong> ngingo idakanganye ivuga u<strong>ku</strong>ri bakayihaka<strong>na</strong>. Abenshi bakomeza kwirengagiza<br />

rimwe mu mahame y’u<strong>ku</strong>ri, ejo bakirengagiza irindi, <strong>ku</strong>geza ubwo bahinduka abapagani<br />

beruye.<br />

Amafuti y’iby’iyobokama<strong>na</strong> yamamaye, yaroshye benshi mu rujijo igihe bagombaga<br />

kwizera Ibyanditswe Byera. Ntibishoboka ko umuntu yizera inyigisho zimuciraho iteka,<br />

zitarimo ubutabera, imbabazi no <strong>ku</strong>gira neza; kandi igihe abyigishijwe nk’inyigisho za<br />

Bibiliya, yanga <strong>ku</strong>zakira nk’izikomoka mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

Uwo niwo mugambi Satani yashishikariye gusohoza. Nta kindi yifuza kirenze gu<strong>ku</strong>ra<br />

ibyiringiro by’abantu <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> no <strong>ku</strong> Ijambo ryayo. Satani niwe mugaba mu<strong>ku</strong>ru w’ingabo<br />

z’abashidikanya, kandi akoresha imbaraga ze zose yoshya abantu ngo abigarurire. Ubu<br />

gushidikanya byahindutse ibigezweho. Hariho abantu benshi babo<strong>na</strong> ko Ijambo ry’Ima<strong>na</strong><br />

atari iryo kwiringirwa nk’uko batiringira Nyiraryo - ari u<strong>ku</strong>bera ko ryamaga<strong>na</strong> icyaha kandi<br />

rikagiciraho iteka. Abadashaka <strong>ku</strong>mvira ibyo ribabwira bahirimbanira guhirika ubuyobozi<br />

bwaryo. Basoma Bibiliya cyangwa bategera amatwi inyigisho zayo nk’uko zivugiwe <strong>ku</strong><br />

ruhimbi, bashakisha gusa inenge mu Byanditswe Byera cyangwa mu kibwirizwa. Benshi<br />

bahinduka abapagani <strong>ku</strong>gira ngo bisobanure cyangwa no gutanga impamvu zatumye<br />

birengagiza inshingano. Abandi bigira nyamujyiryanino bitewe n’ubwibone n’ubunebwe.<br />

Ba<strong>ku</strong>nda kwiyereka<strong>na</strong> ubwabo bakora ikintu cyose cyabahesha icyubahiro, n’aho cyaba<br />

kigomba imbaraga cyangwa ubwitange, bagamije kwereka<strong>na</strong> ko ari ibyamamare mu<br />

by’ubwenge buhambaye, bakabikora banenga Bibiliya. Hari byinshi intekerezo za muntu<br />

zifite aho zigarukira, zitamurikiwe n’ubwenge mvajuru, zidashobora gusobanukirwa; maze<br />

bakaba babonye umwanya wo <strong>ku</strong>nenga Ibyanditswe Byera. Hari benshi bumva ko ibyiza ari<br />

u<strong>ku</strong>ba mu ruhande rw’abatizera cyangwa abafashe impu zombi n’abatizerwa. Nyamara<br />

ucu<strong>ku</strong>mbuye neza, usanga bene abo bantu babikorera kwishyira hejuru no kwiyiringira<br />

ubwabo. Benshi banezezwa no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> muri Bibiliya ijambo bazakoresha baburagiza<br />

ibitekerezo by’abandi. Ku i<strong>ku</strong>bitiro, bamwe banenga kandi bagatekereza <strong>ku</strong> ruhande rubi,<br />

bashaka gushoza intambara gusa. Ntabwo bamenya ko biboheye ubwabo mu mitego<br />

y’umwanzi. Ariko <strong>ku</strong>ba barihamije ubuhakanyi <strong>ku</strong> mugaragaro, bumva bagomba<br />

<strong>ku</strong>bushikamamo. Nuko bakifatanya n’abatubaha Ima<strong>na</strong> maze ubwabo bakikingiranira inyuma<br />

y’amarembo ya Paradizo.<br />

Ima<strong>na</strong> yatanze ibihamya bihagije mu ijambo ryayo bigaragaza imico y’ubuma<strong>na</strong> bwayo.<br />

U<strong>ku</strong>ri gukomeye kwerekeye gucungurwa kwacu kwarahishuwe. Kubwo gufashwa <strong>na</strong> Mwuka<br />

Muziranenge, wasezeraniwe abamushaka<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>ri bose, uko <strong>ku</strong>ri gukwiriye <strong>ku</strong>menywa<br />

384

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!