07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Mu ntwaro zikomeye cyane umushukanyi akoresha, harimo inyigisho ziyobya<br />

n’ibitangaza by’ibinyoma bikorwa n’imyuka mibi. Yihinduye nka marayika w’umucyo atega<br />

imitego mu nzira aho badakeka. Abantu baramutse bize Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> kandi basenga<br />

bashishikaye <strong>ku</strong>gira ngo babashe gusobanukirwa, Ima<strong>na</strong> ntiyabarekera mu mwijima ngo<br />

bemere inyigisho z’ibinyoma. Ariko igihe cyose banze u<strong>ku</strong>ri, baratsindwa bakagwa mu<br />

bishuko.<br />

Irindi kosa rikomeye, ni inyigisho z’ibinyoma zihaka<strong>na</strong> Ubuma<strong>na</strong> bwa Kristo,<br />

zika<strong>na</strong>hamya ko ata<strong>na</strong>bayeho mbere yuko avukira mu isi. Izo nyigisho zemewe n’abantu<br />

benshi bavuga ko bizera Bibiliya, ariko zigahinyuzwa n’amagambo y’Umukiza ubwo<br />

yatangazaga isano afitanye <strong>na</strong> Se, imico y’Ubuma<strong>na</strong> bwe n’uko yahozeho uhereye kera kose.<br />

Ibyo ntibyakwemerwa hatabanje <strong>ku</strong>baho <strong>ku</strong>goreka Ibyanditswe Byera. Ntabwo bitesha<br />

agaciro gusa imyumvire y’umuntu <strong>ku</strong>byerekeye umurimo wo gucungurwa, ahubwo<br />

bi<strong>na</strong>randura ukwizera dusanga muri Bibiliya nk’ihishurwa ryavuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. Igihe ibyo<br />

bitumye irushaho gutera akaga, bi<strong>na</strong>tuma <strong>ku</strong>yigeraho biruhanya. Niba abantu bahaka<strong>na</strong><br />

ubuhamya bw’Ibyanditswe byahumetswe buvuga ko Kristo ari Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>biganira <strong>na</strong> bo<br />

ntacyo byaba bikimaze, <strong>ku</strong>ko nta ngingo n’imwe yabasha <strong>ku</strong>bibemeza. “Ariko umuntu wa<br />

kamere atemera iby’Umwuka w’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ko ari ubupfu <strong>ku</strong>ri we, akaba atabasha <strong>ku</strong>bimenya<br />

<strong>ku</strong>ko bisobanurwa mu buryo bw’Umwuka’‘. 6 Nta n’umwe ugendera muri ayo mafuti<br />

ushobora gusobanukirwa n’u<strong>ku</strong>ri kw’imico ya Kristo cyangwa umurimo we, cyangwa ngo<br />

amenye n’i<strong>na</strong>ma ikomeye y’Ima<strong>na</strong> yo gucungura umuntu.<br />

Nanone irindi kosa rigoye <strong>ku</strong>ritahura kandi riteye ingorane, ni ukwihutira gukwiza<br />

imyizerere yuko Satani atariho nk’ikiremwa gifite ibikiranga; ko ahubwo iryo zi<strong>na</strong><br />

ryakoreshejwe mu Byanditswe nk’ikigereranyo cy’intekerezo mbi n’irari ry’abantu.<br />

Inyigisho yabaye gikwira imenyerewe mu nsengero ni ivuga ko <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu <strong>ku</strong>ri<br />

buri muntu ari igihe umuntu wese apfuye, ibyo bikaba ari umutego ugamije guteshura<br />

intekerezo z’abantu <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu mu cyubahiro <strong>ku</strong> bicu byo mu ijuru. Hashize<br />

imyaka myinshi, Satani avuze aya magambo: “Dore nguyu ari mu cyumba ” kandi abantu<br />

benshi bahendwa n’ubwo buriganya.<br />

Na none ubwenge bw’isi bwigisha ko isengesho atari ngombwa. Abahanga ko nta gisubizo<br />

nya<strong>ku</strong>ri gishobora gutangwa <strong>ku</strong> isengesho; ko ibyo byaba ari ukwica amategeko<br />

y’ibyaremwe, igitangaza, kandi ko nta bitangaza byigeze bibaho. Bavuga ko n’ijuru n’isi<br />

bigendera <strong>ku</strong> mategeko adahinduka kandi n’Ima<strong>na</strong> ubwayo ntiyavuguruza. Bityo rero,<br />

bakereka<strong>na</strong> ko Ima<strong>na</strong> igengwa n’amategeko yayo ubwayo- nk’aho imikorere y’amategeko<br />

y’ijuru ishobora <strong>ku</strong>vutsa umudendezo abaririmo. Bene izo nyigisho zihabanye cyane<br />

n’ibihamya byo mu Byanditswe Byera. None se ntibyaba ari ibitangaza Yesu n’intumwa ze<br />

bazanye? Uwo Mukiza w’impuhwe nyinshi ariho, kandi ahora ahengekeye umusaya <strong>ku</strong>mva<br />

isengesho risenganywe kwizera nk’igihe yagendagendaga <strong>ku</strong> isi, ari hagati y’abantu imbo<strong>na</strong><br />

n<strong>ku</strong>bone. Ibigaragara bihuzwa n’ibitagaragara. Ni umwe mu migabane y’umurimo w’i<strong>na</strong>ma<br />

383

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!