07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bakabo<strong>na</strong> ko amagambo ya Bibiliya atari ayo kwizerwa. Abashidikanya u<strong>ku</strong>ri kw’amagambo<br />

yo mu Isezerano rya Kera n’ayo mu Rishya bose barakomeza bakageza n’aho bashidikanya<br />

ko Ima<strong>na</strong> ibaho, ahubwo imbaraga z’Ushoborabyose bakazitirira ibyaremwe. Iyo bamaze<br />

<strong>ku</strong>gera ahantu nk’aho, ikibasigariye ni u<strong>ku</strong>rekwa baga<strong>ku</strong>bita <strong>ku</strong> bitare byo gukiranirwa.<br />

Niyo mpamvu benshi barorongota<strong>na</strong> bava mu byizerwa maze bagashukwa n’umwanzi.<br />

Abantu barahirimbanira <strong>ku</strong>gira ubwenge burenze ubw’Umuremyi wabo; ubucurabwenge<br />

bw’abantu buri <strong>ku</strong>gerageza ngo burebe ko bwavumbura kandi busobanure amayobera adateze<br />

<strong>ku</strong>zigera amenyeshwa abantu <strong>na</strong> rimwe. Iyaba abantu bashakashakaga uburyo basobanukirwa<br />

uko Ima<strong>na</strong> ubwayo yabihishuriye n’imigambi yayo, bajyaga kwerekwa iryo <strong>ku</strong>zo, icyubahiro,<br />

n’imbaraga bya Yehova <strong>ku</strong>gira ngo bamenye neza ko ubwabo ntacyo bashoboye, kandi<br />

bakanyurwa n’ibyo bahishuriwe hamwe n’aba<strong>na</strong> babo.<br />

Ikintu cy’ingenzi mu byo Satani akoresha mu bushukakanyi bwe, ni ugufatira ibitekerezo<br />

by’abantu mu bushakashatsi bwo kwivanga mu byo Ima<strong>na</strong> itaduhishuriye, ndetse no mu byo<br />

itashatse ko dusobanukirwa. Icyo ni <strong>na</strong> cyo cyatumye Lusiferi a<strong>ku</strong>rwa k’umwanya we mu<br />

ijuru. Ntiyanyuzwe n’uko atamenyeshejwe amabanga yose y’imigambi y’Ima<strong>na</strong>, bituma<br />

abo<strong>na</strong> ko icyubahiro n’umurimo yari yarahawe nta gaciro bifite. Kubwo gutera izo mpagarara<br />

mu bamarayika yayoboraga, yabateye gucumura. No muri iki gihe Satani arashaka uko<br />

yakwigarurira intekerezo z’abantu nk’uko yabigenje mu ijuru <strong>ku</strong>gira ngo abayobye<br />

basuzugure amategeko y’ingoma y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abadashaka kwemera u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya gufututse kandi kwahuranyije, bazakomeza<br />

kwiruka inyuma y’ibihimbano bibanezeza, <strong>ku</strong>gira ngo bibareme agatima. Uko amahame<br />

y’ibya mwuka, kwizinukwa, no kwicisha bugufi yigishwa gahoro, ni<strong>na</strong>ko azarushaho<br />

<strong>ku</strong>genda gukendera. Abo bantu batesha agaciro imbaraga z’ubwenge <strong>ku</strong>gira ngo bahaze ibyo<br />

kamere zabo zifuza. Abanyabwenge muri bo ni abashakisha mu Byanditswe Byera bicishije<br />

bugufi, bafite imitima imenetse kandi basenga <strong>ku</strong>gira ngo bayoborwe n’ijuru, abo ntibazigera<br />

bayoba. Satani ahora yiteguye guha umuntu wese icyo umutima we wifuza cyose, maze<br />

ubushukanyi bwe bugasimbura u<strong>ku</strong>ri. Uko niko Ubupapa bwabonye imbaraga yo kwigarurira<br />

ibitekerezo by’abantu; kandi <strong>ku</strong>bwo kwanga u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>ko gusaba kwikorera umusaraba,<br />

Abaporotestanti <strong>na</strong>bo ba<strong>ku</strong>rikira iyo nzira. Abirengagiza Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bose, bakanga<br />

kwiga amabwiriza shingiro akwiriye, <strong>ku</strong>gira ngo batitandukanya n’isi, bazarekwa <strong>ku</strong>gira ngo<br />

birundurire mu buhakanyi buciraho iteka abahakanye itorero ry’u<strong>ku</strong>ri. Ububi ubwo aribwo<br />

bwose, buzemerwa n’abanze nka<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>ri kw’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bose. Uhindishwa umushyitsi<br />

n’ikigeragezo kimwe wese, azaba yiteguye kwakira n’ikiza<strong>ku</strong>rikiraho. Intumwa Pawulo<br />

avuga iby’abantu “batakiriye uru<strong>ku</strong>ndo rw’Ima<strong>na</strong> ngo bakizwe” agira ati: “Nicyo gituma<br />

Ima<strong>na</strong> izaboherereza ubushukanyi bukomeye cyane ngo bizere ibinyoma, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

abatizeye iby’u<strong>ku</strong>ri bose, bakishimira gukiranirwa bacirweho iteka”. 5 Kubw’aya magambo<br />

y’imbuzi tubwiwe, ni ingenzi cyane kwitondera inyigisho duhabwa.<br />

382

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!