07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Imwe mu nyigisho zikomeye z’itorero Gatolika ry’i Roma ivuga ko Papa ari we muyobozi<br />

mu<strong>ku</strong>ru ugaragara w’itorero rya Kristo <strong>ku</strong> isi yose, akaba yarahawe ubutware bwo gutegeka<br />

abepisikopi n’abapasitoro bose bo <strong>ku</strong> isi yose. Ikirenze ibyo, papa bamuha amazi<strong>na</strong> y’Ima<strong>na</strong><br />

ubwayo. Bamwita « Nyagasani Ma<strong>na</strong>, Papa»; kandi bavuga ko adashobora kwibeshya no<br />

<strong>ku</strong>gwa mu ikosa. Ategeka abantu bose <strong>ku</strong>muramya. Icyubahiro Satani yiyitiriraga mu butayu<br />

yageragerejemo Yesu n’ubu aracyacyiyitirira abinyujije mu itorero Gatolika ry’i Roma, kandi<br />

imbaga y’abantu benshi yiteguye <strong>ku</strong>muyoboka.<br />

Nyamara abubaha Ima<strong>na</strong> kandi bakayumvira bahanga<strong>na</strong> n’uko <strong>ku</strong>gerageza kwiyitirira<br />

icyubahiro cy’ijuru nk’uko Kristo yamaganye ibyo umwanzi we Satani ufite amayeri menshi<br />

yamusabaga maze akamukangara ati: « Handitswe ngo ‘Uramye Uwiteka Ima<strong>na</strong> yawe, abe<br />

ari yo ukorera yonyine.’” Luka 4:8. Ima<strong>na</strong> ntiyigeze igaragaza mu Ijambo ryayo ko hari<br />

umuntu yatoye ngo abe umutware mu<strong>ku</strong>ru w’itorero ryayo. Inyigisho ivuga ko ubupapa bufite<br />

ububasha bwo gutegeka itorero itandukanye n’inyigisho zo mu Byanditswe Byera. Nta<br />

bubasha Papa ashobora <strong>ku</strong>gira <strong>ku</strong> itorero rya Kristo keretse ubwo yihaye ubwe.<br />

Abagatolika b’i Roma bakomeje <strong>ku</strong>rega Abaporotesitanti ko bayobye kandi ko<br />

bitandukanyije n’itorero nya<strong>ku</strong>ri babigambiriye. Nyamara ahubwo ibyo birego ni bo bitunga<br />

urutoki. Ni bo bamanuye ibendera rya Kristo maze bitandukanya no « kwizera abera bahawe<br />

rimwe, bakazageza iteka ryose” Yuda 3.<br />

Satani yari azi neza yuko Ibyanditswe Byera bizashoboza abantu <strong>ku</strong>menya neza<br />

ubuhendanyi bwe no guhanga<strong>na</strong> n’imbaraga ze bashikamye. Ndetse iryo jambo ry’Ima<strong>na</strong> ni<br />

ryo Umukiza w’abatuye isi yatsindishije ibitero yamugabyeho. Buri gitero yamugabagaho,<br />

Kristo yakingaga ingabo y’u<strong>ku</strong>ri guhoraho akamubwira ati:« Biranditswe ngo” . Ibyo<br />

umwanzi yamusabaga gukora byose yabitsindishaga ubwenge n’ubushobozi by’ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

Kugira ngo Satani akomeze ategeke abantu kandi ahe ububasha umupapa wihaye<br />

ubutegetsi, yagombaga <strong>ku</strong>babuza gusobanukirwa Ibyanditswe Byera. Bibiliya yereka<strong>na</strong> i<strong>ku</strong>zo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> kandi ikereka abantu bapfa umwanya barimo, ni cyo gituma umwazi yagombaga<br />

gupfukira<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>ri kwayo <strong>ku</strong>ziranenge aka<strong>na</strong>gu<strong>ku</strong>raho. Ubwo buryo ni bwo itorero Gatolika<br />

ry’i Roma rya<strong>ku</strong>rikije. Hashize imyaka amaga<strong>na</strong> menshi gukwirakwiza Bibiliya bibujijwe.<br />

Abantu babujijwe <strong>ku</strong>yisoma cyangwa <strong>ku</strong>yitunga mu ngo zabo ; maze abapadiri n’abepisikopi<br />

bada<strong>ku</strong>rikiza amahame mazima bakajya basobanura inyigisho zayo bagambiriye gushyigikira<br />

ibinyoma byabo. Nguko uko abatuye isi hafi ya bose bageze aho bemera ko Papa ari<br />

umusimbura w’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> isi n’ufite ububasha bwo gutegeka itorero <strong>na</strong> leta.<br />

Satani amaze gu<strong>ku</strong>raho icyo gikoresho gitahura ibinyoma kikabishyira ahagaragara,<br />

noneho yari abonye akito ko gukora ibyo yishakiye. Byari byarahanuwe ko ubupapa buzigira<br />

“i<strong>na</strong>ma yo guhindura ibihe n’amategeko.” Daniyeli 7:25. Ibyo kandi ubupapa ntibwazuyaje<br />

<strong>ku</strong>bikora. Mu gushaka guha abapagani bahindutse abakristo ingurane y’ibigirwama<strong>na</strong><br />

basengaga, bityo no kwemera <strong>ku</strong>ba abakristo mu magambo gusa kwabo <strong>ku</strong>gashyigikirwa,<br />

31

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!