07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gisigaye muri uwo murongo gitandukanye n’inyigisho zabo. Kubwo <strong>ku</strong>gira ubuca<strong>ku</strong>ra<br />

nk’ubw’inzoka, bikingiriza imvugo bahimbye ishobora gushyigikira ibyo kamere yabo<br />

ishaka. Uko niko benshi bagoreka Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> bushake. Abandi bafite ibitekerezo<br />

bihanitse, bafata amashusho n’ibimenyetso byo muri Bibiliya, bakabisobanura uko bishakiye,<br />

batitaye <strong>ku</strong> bihamya byo mu Byanditswe ko byisobanura ubwayo, maze bagakwirakwiza ayo<br />

mafuti bayitirira Bibiliya.<br />

Igihe cyose kwiga Bibiliya <strong>ku</strong>tabanjirijwe no gusenga, umutima wo kwicisha bugufi,<br />

kwiyoroshya, amagambo yumvika<strong>na</strong> n’ayoroheje ndetse n’atumvika<strong>na</strong>, azamburwa<br />

ubusobanuro bwayo nya<strong>ku</strong>ri. Abayobozi b’ubupapa bajyaga batoranya uduce nk’utyo two mu<br />

Byanditswe Byera, twabafasha gusobanura intego y’ibyo bagamije, maze bakabyigisha<br />

abantu, ariko bakababuza amahirwe yo kwiyigisha Bibiliya ubwabo <strong>ku</strong>gira ngo<br />

batazasobanukirwa u<strong>ku</strong>ri kwayo. Bibiliya ikwiriye kwigishwa abantu bose uko yakabaye.<br />

Icyababera cyiza ni u<strong>ku</strong>tigera bigishwa Bibiliya, <strong>ku</strong>ruta <strong>ku</strong>yigishwa <strong>na</strong>bi batyo.<br />

Bibiliya yashyiriweho <strong>ku</strong>yobora abantu bose bifuza gu<strong>ku</strong>rikiza ibyo Umuremyi wabo<br />

ashaka. Ima<strong>na</strong> yahaye abantu ijambo rihamye ry’ubuhanuzi; abamarayika ndetse <strong>na</strong> Yesu<br />

ubwe bamanuwe no <strong>ku</strong>menyesha Daniyeli <strong>na</strong> Yoha<strong>na</strong> ibigiye <strong>ku</strong>baho vuba. Izo ngingo<br />

z’ingenzi z’ibyerekeye agakiza kacu ntizagizwe ibanga. Ntabwo byahishuriwe <strong>ku</strong>jijisha<br />

cyangwa <strong>ku</strong>yobya ushaka <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri. Umwami Uhoraho yavugiye mu kanwa<br />

k’umuhanuzi Haba<strong>ku</strong>ki ati: “Andika icyo nkweretse, ucyandike <strong>ku</strong> bisate by’amabuye<br />

<strong>ku</strong>buryo busomeka, bityo umuntu wese abashe <strong>ku</strong>cyisomera adategwa”. 3 Umuntu wese wiga<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> afite umutima usenga ntazabura <strong>ku</strong>risobanukirwa. Umucyo w’u<strong>ku</strong>ri uzavira<br />

umuntu wese ufite umutima utaryarya. “Amurikira intungane, ashimisha abafite umutima<br />

uboneye”4 Kandi nta torero ryabasha <strong>ku</strong>jya mbere mu butungane keretse abizera baryo<br />

bashatse u<strong>ku</strong>ri babi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> mutima nk’abashaka ubutunzi bwahishwe.<br />

Kurangurura ngo “Umudendezo’‘ kwatumye abantu benshi bahumishwa n’imitego<br />

y’umwanzi wabo, igihe we adacogora <strong>ku</strong> murimo we <strong>ku</strong>gira ngo asohoze umugambi we. Uko<br />

asimbuza Bibiliya amagambo yahimbwe n’abantu, amategeko y’Ima<strong>na</strong> ashyirwa <strong>ku</strong> ruhande,<br />

maze amatorero akajya mu bubata bw’icyaha, nyamara bigamba ko babatuwe.<br />

Kuri benshi, ubushakashatsi mu bya siyansi bwabahindukiye umuvumo. Ima<strong>na</strong> yemeye<br />

ko umucyo mwinshi urasira iyi si <strong>ku</strong>gira ngo abantu bavumbure ubwenge n’ubuhanga;<br />

nyamara n’abafite ubuhanga buhanitse, iyo batayobowe n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> mu bushakashatsi<br />

bwabo, bararindagira igihe bagerageza gushakisha isano iri hagati ya siyansi n’ihishurwa.<br />

Ubwenge bwa muntu, ari mu bigaragara no mu by’iyobokama<strong>na</strong>, ni agace gato kandi<br />

ntibuboneye; niyo mpamvu benshi ba<strong>na</strong>nirwa guhuza imyumvire yabo mu bya siyansi<br />

n’amagambo y’Ibyanditswe Byera. Benshi bemera inyigisho n’ibitekerezo bidashyitse<br />

nk’ibikomoka <strong>ku</strong> bucurabwenge, maze bakibwira ko Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> rikwiriye<br />

gusuzumishwa inyigisho ‘’z’ingirwabumenyi.’‘ Umuremyi n’ibiremwa bye barenze <strong>ku</strong>re<br />

cyane ibyo abo bibwira; kandi <strong>ku</strong>ko badashobora <strong>ku</strong>bisobanuza amategeko y’ibyaremwe,<br />

381

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!