07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

byiza by’aba<strong>ku</strong>nda u<strong>ku</strong>ri kandi baka<strong>ku</strong>genderamo. Bazasebya abagaragu b’Ima<strong>na</strong><br />

b’indahemuka, bafite ishyaka kandi bizinukwa, babita abazimiye n’abashukanyi. Umurimo<br />

wabo ni ugushaka impamvu zose zo <strong>ku</strong>goreka inzira z’u<strong>ku</strong>ri kose n’ibikorwa bizira<br />

amakemwa, gukwiza impuha no <strong>ku</strong>byutsa impaka mu mitima y’abatabamenyereye.<br />

Umwanya wose babonye, bazagerageza kwereka<strong>na</strong> ko icyari inziramakemwa<br />

n’ubudahemuka bakibo<strong>na</strong> nk’ubusazi n’ubushukanyi.<br />

Ariko nta n’umwe ukeneye <strong>ku</strong>yobywa <strong>ku</strong>bera ibyo. Biroroshye <strong>ku</strong>menya uwo<br />

bakomokaho, <strong>ku</strong>menya uwo ba<strong>ku</strong>rikiza, no <strong>ku</strong>menya uwo bakorera. “Muzabamenyera <strong>ku</strong><br />

mbuto zabo”. 1 Ibikorwa byabo bihwanye rwose n’ibya Satani, uwuzuye ubumara bwica,<br />

“umurezi wa bene Data. “. 2<br />

Umushukanyi ukomeye afite ingabo nyinshi cyane ziteguye gukwirakwiza amafuti<br />

y’ubwoko bwose <strong>ku</strong>gira ngo agushe benshi: Ubuhakanyi yateguye a<strong>ku</strong>rikije irari<br />

n’ubushobozi bwa buri muntu wese ashaka <strong>ku</strong>rimbura. Umugambi we ni ukwinjiza mu itorero<br />

<strong>ku</strong>tavugisha u<strong>ku</strong>ri, ibintu bituma hatabaho kwiha<strong>na</strong> bigatera abantu gushidikanya no<br />

<strong>ku</strong>tizera<strong>na</strong>, maze bikabera inzitizi abifuzaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umurimo w’Ima<strong>na</strong> ujya mbere ndetse<br />

<strong>na</strong>bo ubwabo bikabazitira. Benshi badafite kwizera Ima<strong>na</strong> by’u<strong>ku</strong>ri, cyangwa batizera u<strong>ku</strong>ri<br />

ko mu Ijambo ryayo, bemera amwe mu mahame y’u<strong>ku</strong>ri bakayakoresha nk’abakristo, maze<br />

bikabashoboza kwinjiza amafuti yabo mu bantu nk’aho ari amahame y’Ibyanditswe Byera.<br />

Igitekerezo cyo <strong>ku</strong>mva ko icyo umuntu yaba yizera cyose ntacyo bitwaye, ni kimwe mu<br />

buhendanyi bukomeye Satani atsindisha benshi. Azi ko u<strong>ku</strong>ri kwakiranywe uru<strong>ku</strong>ndo, kweza<br />

ukwakiriye; maze akanezezwa no gushaka amahame y’ibinyoma, n’imigani y’imihimbano<br />

<strong>ku</strong>gira ngo abisimbuze ubutumwa bwiza. Guhera mbere <strong>na</strong> mbere, abagaragu b’Ima<strong>na</strong>,<br />

bakomeje guhanga<strong>na</strong> n’abigisha b’ibinyoma, abo ntibari abanyangeso mbi, ahubwo bari<br />

abacengeza ibinyoma byangiza imitima. Eliya, Yeremiya, Pawulo, bacyahaga bashikamye<br />

kandi bashize amanga abigisha b’ibinyoma ba<strong>ku</strong>raga abantu <strong>ku</strong> Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> . Uwo<br />

mudendezo wasaga nk’idini ishingiye <strong>ku</strong> kwizera kw’imburamumaro nta gaciro wari ufite<br />

imbere y’abo baziranenge bari bahagarariye u<strong>ku</strong>ri.<br />

Ubusobanuro budafututse kandi bushisha<strong>na</strong> bwahabwaga Ibyanditswe Byera, ndetse<br />

n’inyandiko z’impimbano zivuguruzanya zerekeye kwizera mu by’idini ziboneka mu<br />

Bakristo, ni umurimo w’umwanzi wacu ukomeye wo guteza urujijo mu bantu, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

badashobora gutandukanya u<strong>ku</strong>ri n’ibinyoma. Kutumvika<strong>na</strong> n’amaca<strong>ku</strong>biri biri mu matorero<br />

ya gikristo muri iki gihe, ahanini bikomoka <strong>ku</strong> ngeso yo <strong>ku</strong>goreka Ibyanditswe hagamijwe<br />

gushyigikira inyigisho mpimbano. Aho kwiga<strong>na</strong> ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ubwitonzi bicishije bugufi<br />

mu mitima <strong>ku</strong>gira ngo bamenye ubushake bwayo, benshi bahirimbanira <strong>ku</strong>vumbura ibintu<br />

bidasanzwe cyangwa se guhimba ibishya.<br />

Kugira ngo bashyigikire inyigisho z’ibinyoma cyangwa ibikorwa bitari ibya Gikristo,<br />

bamwe bazafata imirongo y’Ibyanditswe bayitandukanye n’ibyo avuga, bakifatira<br />

nk’amagambo yo mu gice cy’umurongo <strong>ku</strong>gira ngo bashyigikire igitekerezo cyabo, iyo igice<br />

380

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!