07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 32 – Imitego ya Satani<br />

Intambara ikomeye hagati ya Kristo <strong>na</strong> Satani ikaba imaze hafi imyaka ibihumbi bitandatu,<br />

igiye <strong>ku</strong>rangira bidatinze; kandi uwo mugome yakajije umurego cyane <strong>ku</strong>gira ngo adindize<br />

umurimo Kristo akorera abantu, maze a<strong>na</strong>ngirisha imitima yabo imitego ye. Icyo agambiriye<br />

<strong>ku</strong>geraho ni uguheza abantu mu mwijima no <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong>ngira imitima <strong>ku</strong>geza igihe Umukiza<br />

arangiza umurimo we w’ubuhuza, maze ntihabe hakiriho igitambo cy’ibyaha.<br />

Igihe hatariho gushishikarira <strong>ku</strong>rwanya imbaraga ze, igihe itorero n’isi bitagize icyo<br />

byitayeho, Satani we, nta cyo biba bimutwaye, <strong>ku</strong>ko bitamutera impungenge ko yazimiza<br />

bamwe mubo yagize imbohe ze <strong>ku</strong> bushake. Ariko igihe habayeho kwita <strong>ku</strong> bizahoraho iteka,<br />

nibwo umuntu atangira kwibaza ati: “Nakora iki <strong>ku</strong>gira ngo nkizwe?’ icyo gihe aba<br />

atandukiriye, ashaka imbaraga ze zihanga<strong>na</strong> n’iza Kristo kandi akanga ko Umwuka<br />

Muziranenge amuhindura.<br />

Ibyanditswe Byera bivuga ko igihe kimwe, ubwo Abamarayika b’Ima<strong>na</strong> bari baje<br />

gushengerera Uhoraho, Satani <strong>na</strong>we ajya<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo, icyari kimuzanye ntabwo kwari<br />

ugupfukamira Umwami Uhoraho, ahubwo yari azanywe no <strong>ku</strong>zuza imigambi ye y’uburyarya<br />

mu bakiranutsi. Na n’ubu aracyafite uwo mugambi wo kwivanga mu materaniro y’abaramya<br />

Ima<strong>na</strong>. N’ubwo atagaragara, akora<strong>na</strong> ubushishozi bwinshi <strong>ku</strong>gira ngo yigarurire imitima<br />

y’abaramya. Nk’umugaba w’umuhanga, ashyira imigambi ye imbere. Iyo abonye intumwa<br />

y’Ima<strong>na</strong> irondora mu Byanditswe, yandika umutwe w’ikibwirizwa kizatangwa. Nuko<br />

agakoresha ubuhanga n’ubuhendanyi bwe bwose <strong>ku</strong>gira ngo azayobore ibizakorwa byose<br />

maze ubutumwa bwe <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong>bo yibasiye. Uwo muntu wari ukeneye cyane umuburo Satani<br />

amwerekeza mu by’ubucuruzi bimusaba <strong>ku</strong>ba yari ahibereye, cyangwa se akamuzanira ibindi<br />

bintu bimubuza gutegera amatwi Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryagombaga <strong>ku</strong>mubera impumuro<br />

y’ubugingo iza<strong>na</strong> ubugingo.<br />

Na none Satani abo<strong>na</strong> abagaragu b’Ima<strong>na</strong> baremerewe <strong>ku</strong>bera umwijima w’iby’umwuka<br />

utwikiriye abantu. Yumva amasengesho yabo avuye <strong>ku</strong> mutima, basaba Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bagirira<br />

ubuntu no <strong>ku</strong>baha imbaraga zo <strong>ku</strong>babashisha guca ingoyi zo kwirengagiza, uburangare<br />

n’ubunebwe. Maze mu ishyaka ridasanzwe, agakora atikoresheje. Agerageresha abantu<br />

<strong>ku</strong>rarikira ibyo ba<strong>ku</strong>nda cyangwa bimwe mu bibanezeza, maze ibyumviro byabo bikagwa<br />

ikinya, ntibabe bakibasha <strong>ku</strong>mva iby’ ingenzi bari bakeneye <strong>ku</strong>menya.<br />

Satani azi neza ko umuntu wese uzagerageza gupfobya amasengesho no <strong>ku</strong>rondora mu<br />

Byanditswe, azatsindwa n’ibitero bye. Nicyo gituma ahimba inzira zose zibishoboka <strong>ku</strong>gira<br />

ngo yigarurire imitima. Hari itsinda ry’abantu biyita abantu b’Ima<strong>na</strong>, abo ngabo, aho gushaka<br />

<strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri, idini yabo ihinduka iyo gushakisha amafuti cyangwa amakosa y’abantu<br />

badahuje imyizerere n’ibitekerezo. Bene abo ni u<strong>ku</strong>boko kw’iburyo kwa Satani. Abarezi ba<br />

bene Data ntibabarika, kandi bakora ubudahwema cyane cyane igihe Ima<strong>na</strong> ikora n’igihe<br />

abagaragu bayo baje <strong>ku</strong>yiramya. Bazagerageza <strong>ku</strong>goreka amagambo no guhindura ibikorwa<br />

379

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!