Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba busesuye zifite ku isi, kandi zasobanukiwe ko Kristo naramuka ashohoje umurimo we, ubutegetsi bwazo buzakurwaho bidatinze. Satani yagize umujinya nk’uwo intare iziritswe, maze akoresha imbaraga ze zose kura ngo yigarurire imibiri n’imitima by’abantu. Kuba abantu baterwa n’abadayimoni bigaragarira neza mu Isezerano Rishya. Ababaga bafashwe n’abadayimoni ntibababazwaga gusa n’indwara zisanzwe zitewe n’ibyo. Yesu yari asobanukiwe neza n’icyo arwana nacyo, kandi yari azi ko imyuka mibi iriho n’uko ikora. Icyitegererezo gikomeye cy’umubare, imbaraga n’ubuhendanyi by’abadayimoni, ndetse n’icy’imbaraga n’imbabazi bya Kristo, byose bigaragarizwa mu Byanditswe igihe yirukanaga abadayimoni mu muntu i Gadara. Abo banyabyago bari batewe n’abadayimoni, ntibashakaga ubegera, bikebeshaga ibyuma, bakabira ifuro, bagahirita, bagataka cyane bavuza induru, bakishwanyagura kandi bakagirira nabi abagerageje kubegera. Imibiri yabo yaraviriranaga, yarahindanye n’intekerezo zabo zari zarangiritse, byerekanaga uburyo umutware w’umwijima yanezerwaga. Umwe mu badayimoni wari wateye abantu yarivugiye ati:“Nitwa Gitero-nyamwinshi kuko turi benshi cyane”. 11Mu ngabo z’Abaroma igitero-nyamwinshi kimwe cyabaga kigizwe n’umubare w’abasirikare kuva ku bihumbi bitatu kugeza ku bihumbi bitanu. Ingabo za Satani nazo ziremamo imitwe, kandi umutwe mutoya w’abadayimoni bari bateye abo bantu babazwe ntibari munsi y’igitero-nyamwinshi kimwe. Kubwo itegeko rya Yesu, iyo myuka mibi yavuye muri abo bantu, basigara batuje bicaye ku birenge by’Umukiza, bitonze, bafite ubwenge kandi baguye neza. Ariko abadayimoni bahawe uburenganzira bwo kuroha umugana w’ingurube mu nyanja; maze abaturage b’i Gadara babona ko bagize igihombo kubirutisha umugisha yari atanze, maze bituma bahatira Umukiza waturutse mu ijuru kuva aho. Icyo ni cyo Satani yifuzaga kugeraho. Kuba barashinjaga Yesu ko afite uruhare mu gihombo cyabo, Satani yabyuririyeho maze yinjiza inarijye mu mitima y’abo baturage bituma banga kumva amagambo y’Umukiza. Satani akomeje kurega Abakristo ko aribo bateza igihombo, ubukene n’imibabaro, aho gutunga urutoki ku gucumura — kuko ariwe nkomoko ndetse n’ingabo ze. Nyamara umugambi wa Kristo ntiwagwabijwe. Yemereye imyuka mibi kurimbura umugana w’ingurube kugira ngo acyahe Abayuda boroye ayo matungo zanduye kubwo gushaka indamu. Iyo Yesu ataza kwirukana abo badayimoni mu bantu, ntibajyaga kuroha ingurube mu nyanja gusa, ahubwo bajyaga kuzirohanamo n’abashumba bazo ndetse na bene zo. Kurokoka kw’abashumba na bene izo ngurube kwaturutse gusa ku mbaraga ye n’ imbabazi ze byakoreshejwe kugira ngo abakize. Nuko rero, ibyo byabereheyo kugira ngo bibere akabarore abigishwa babone imbaraga zikabije z’ubugome bwa Satani agirira abantu n’inyamaswa. Umukiza yifuzaga ko abigishwa be bamenya umwanzi bagiye kuzasakirana nawe, kugira ngo batazayobywa kandi bagatsindwa n’uburiganya bwe. Nanone kandi yashakaga ko abaturage bo muri ako gace bibonera imbaraga ze zica ingoyi z’ububata bwa Satani zikabohora abo yari yaragize imbohe. Nubwo Yesu ubwe yahavuye, abo bantu bakorewe igitangaza cyo gukizwa basigaye bahamya imbabazi z’uwo Mugiraneza. 376

Itorero na Leta ku Rugamba Ibindi byitegererezo bihwanye n’ibyo byashyizwe mu Byanditswe. Umwana w’umukobwa w’umunyamahangakazi w’i Fenisiya ho muri Siriya, yari yatewe na dayimoni aramugagaza, maze Yesu amwirukanisha ijambo rye. Hari ‘uwatewe na dayimoni, akaba impumyi n’ikiragi; umusore wari wahanzweho na dayimoni itera uburagi, ibihe byinshi yajyaga imuta mu muriro, ubundi ikamuta mu mazi kugira ngo imurimbure’ 12 ;uwari wahanzweho na dayimoni wanduye, akabuza abantu amahoro mu rusengero i Kaperinawumu ku munsi w’Isabato — abo bose bakijijwe n’uwo Mukiza w’impuhwe nyinshi. Mu ngero hafi ya zose, Yesu nk’ufite ubwenge bwihariye, yirukanishaga dayimoni itegeko maze agasohoka mu wari uhanzweho ubutazongera kumubabaza ukundi. Abari mu Rusengero i Kaperinawumu babonye imbaraga za Yesu, barumirwa, nuko baravugana bati: ” Mbega ijambo! Dore arategekesha abadayimoni ubutware n’ububasha nabo bakamenengana13”. Ababaga bahanzweho n’abadayimoni byagaragaraga ko buri gihe babaga bafite umubabaro ukabije; ariko kandi siko byahoraga. Kugira ngo babone imbaraga z’indengakamere, bamwe bemeraga gukoresha ubushobozi bahawe na Satani. Uko bisanzwe abo nta kibazo babaga bafitanye na Satani. Muri iryo tsinda, habagamo abafite imyuka y’ubupfumu; nka Simoni Magusi, Elumasi wari umurozi n’umukobwa w’umushitsikazi wajyaga akurikira Pawulo na Silasi i Filipi. Nta bari mu kaga gakomeye ko kwikurura imyuka y’abadayimoni, nk’abantu barenga ku buhamya bw’ibyo babona no kubw’Ibyanditswe Byera, bagahakana ko imyuka mibi itabaho kandi bakirengagiza ibikorwa by’umwanzi n’abamarayika be. Igihe cyose twirengagije ubucakura bwabo, baba bigiriye amahirwe akomeye kuko benshi bazakurikiza ibitekerezo byabo bitwaje ko ari ubwenge bwabo. Niyo mpamvu, ubwo twegereje iherezo ry’ibihe, aho Satani akorana imbaraga zikomeye ngo ayobye kandi arimbure, akwirakwiza inyigisho hose zo kwizeza abantu ko atabaho. Umugambi we ni uwo kwitwikira we n’imikorere ye ntibishyirwe ngo bitamenyekana. Uwo mushukanyi w’umunyamwete ntakimutera ubwoba cyane nko kubona dutahuye ubucakura bwe. Kugira ngo ahishe kamere ye n’imigambi ye, yiyerekana mu ishusho y’urukozasoni kandi isuzuguritse. Anezezwa no kubona abantu bamushushanya nk’ikintu cy’urukozasoni cyangwa giteye ishozi, kitagira ishusho, kijya gusa n’inyamaswa kandi kijya gusa n’umuntu. Anezezwa no kumva izina rye rikoreshwa mu mikino no mu bitutsi kubiyita abanyabwenge kandi bajijutse. Ibyo biterwa n’uko yiyoberanya mu buryo buhanitse maze ugasanga hakunze kwibazwa ngo: “Mbese koko icyo kiremwa kibaho”? Icyo ni igihamya cy’insinzi y’amahame avuguruza amagambo y’ukuri ko mu Byanditswe Byera, bigaragara no mu madini y’iki gihe. Kandi biterwa n’uko Satani ashobora kwigarurira bitamuruhije intekerezo z’abatazi imikorere ye, ko Ijambo ry’Imana rihora riduha ingero nyinshi z’ubucakura bw’imirimo ye, rikaduhishurira ibanga ry’aho akura imbaraga, kugira ngo twirinde kandi twitegura imitego ye. 377

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

busesuye zifite <strong>ku</strong> isi, kandi zasobanukiwe ko Kristo <strong>na</strong>ramuka ashohoje umurimo we,<br />

ubutegetsi bwazo buza<strong>ku</strong>rwaho bidatinze. Satani yagize umujinya nk’uwo intare iziritswe,<br />

maze akoresha imbaraga ze zose <strong>ku</strong>ra ngo yigarurire imibiri n’imitima by’abantu.<br />

Kuba abantu baterwa n’abadayimoni bigaragarira neza mu Isezerano Rishya. Ababaga<br />

bafashwe n’abadayimoni ntibababazwaga gusa n’indwara zisanzwe zitewe n’ibyo. Yesu yari<br />

asobanukiwe neza n’icyo arwa<strong>na</strong> <strong>na</strong>cyo, kandi yari azi ko imyuka mibi iriho n’uko ikora.<br />

Icyitegererezo gikomeye cy’umubare, imbaraga n’ubuhendanyi by’abadayimoni, ndetse<br />

n’icy’imbaraga n’imbabazi bya Kristo, byose bigaragarizwa mu Byanditswe igihe yiruka<strong>na</strong>ga<br />

abadayimoni mu muntu i Gadara. Abo banyabyago bari batewe n’abadayimoni, ntibashakaga<br />

ubegera, bikebeshaga ibyuma, bakabira ifuro, bagahirita, bagataka cyane bavuza induru,<br />

bakishwanyagura kandi bakagirira <strong>na</strong>bi abagerageje <strong>ku</strong>begera. Imibiri yabo yaravirira<strong>na</strong>ga,<br />

yarahindanye n’intekerezo zabo zari zarangiritse, byereka<strong>na</strong>ga uburyo umutware<br />

w’umwijima yanezerwaga. Umwe mu badayimoni wari wateye abantu yarivugiye ati:“Nitwa<br />

Gitero-nyamwinshi <strong>ku</strong>ko turi benshi cyane”. 11Mu ngabo z’Abaroma igitero-nyamwinshi<br />

kimwe cyabaga kigizwe n’umubare w’abasirikare <strong>ku</strong>va <strong>ku</strong> bihumbi bitatu <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> bihumbi<br />

bitanu. Ingabo za Satani <strong>na</strong>zo ziremamo imitwe, kandi umutwe mutoya w’abadayimoni bari<br />

bateye abo bantu babazwe ntibari munsi y’igitero-nyamwinshi kimwe.<br />

Kubwo itegeko rya Yesu, iyo myuka mibi yavuye muri abo bantu, basigara batuje bicaye<br />

<strong>ku</strong> birenge by’Umukiza, bitonze, bafite ubwenge kandi baguye neza. Ariko abadayimoni<br />

bahawe uburenganzira bwo <strong>ku</strong>roha umuga<strong>na</strong> w’ingurube mu nyanja; maze abaturage b’i<br />

Gadara babo<strong>na</strong> ko bagize igihombo <strong>ku</strong>birutisha umugisha yari atanze, maze bituma bahatira<br />

Umukiza waturutse mu ijuru <strong>ku</strong>va aho. Icyo ni cyo Satani yifuzaga <strong>ku</strong>geraho. Kuba<br />

barashinjaga Yesu ko afite uruhare mu gihombo cyabo, Satani yabyuririyeho maze yinjiza<br />

i<strong>na</strong>rijye mu mitima y’abo baturage bituma banga <strong>ku</strong>mva amagambo y’Umukiza. Satani<br />

akomeje <strong>ku</strong>rega Abakristo ko aribo bateza igihombo, ubukene n’imibabaro, aho gutunga<br />

urutoki <strong>ku</strong> gucumura — <strong>ku</strong>ko ariwe nkomoko ndetse n’ingabo ze.<br />

Nyamara umugambi wa Kristo ntiwagwabijwe. Yemereye imyuka mibi <strong>ku</strong>rimbura<br />

umuga<strong>na</strong> w’ingurube <strong>ku</strong>gira ngo acyahe Abayuda boroye ayo matungo zanduye <strong>ku</strong>bwo<br />

gushaka indamu. Iyo Yesu ataza kwiruka<strong>na</strong> abo badayimoni mu bantu, ntibajyaga <strong>ku</strong>roha<br />

ingurube mu nyanja gusa, ahubwo bajyaga <strong>ku</strong>ziroha<strong>na</strong>mo n’abashumba bazo ndetse <strong>na</strong> bene<br />

zo. Kurokoka kw’abashumba <strong>na</strong> bene izo ngurube kwaturutse gusa <strong>ku</strong> mbaraga ye n’<br />

imbabazi ze byakoreshejwe <strong>ku</strong>gira ngo abakize. Nuko rero, ibyo byabereheyo <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bibere akabarore abigishwa babone imbaraga zikabije z’ubugome bwa Satani agirira abantu<br />

n’inyamaswa. Umukiza yifuzaga ko abigishwa be bamenya umwanzi bagiye <strong>ku</strong>zasakira<strong>na</strong><br />

<strong>na</strong>we, <strong>ku</strong>gira ngo batazayobywa kandi bagatsindwa n’uburiganya bwe. Nanone kandi<br />

yashakaga ko abaturage bo muri ako gace bibonera imbaraga ze zica ingoyi z’ububata bwa<br />

Satani zikabohora abo yari yaragize imbohe. Nubwo Yesu ubwe yahavuye, abo bantu<br />

bakorewe igitangaza cyo gukizwa basigaye bahamya imbabazi z’uwo Mugiraneza.<br />

376

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!