07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Petero ari mu nzu y’imbohe ya Herode yaciriwe urwo gupfa; batumwe <strong>ku</strong> banyururu bari<br />

bafungiwe muri gereza y’Abanyafilipi; batumwe <strong>ku</strong>ri Pawulo <strong>na</strong> bagenzi be igihe baterwaga<br />

n’umuraba uteye ubwoba mu ijoro ubwo bari mu nyanja ngari; batumwe gukingura umutima<br />

wa Kaluneliyo <strong>ku</strong>gira ngo yakire ubutumwa bwiza; batumwe <strong>ku</strong>ri Petero ngo ashyire<br />

umusirikare w’umunyamahanga ubutumwa bw’agakiza. Uko niko abamarayika baziranenge<br />

bagiye bakorera abantu b’Ima<strong>na</strong> mu bihe byose.<br />

Buri mwigishwa wa Kristo wese yagenewe Marayika wo <strong>ku</strong>murinda. Abo barinzi bo mu<br />

ijuru, bakingira abakiranutsi imbaraga z’umubi. Ibyo <strong>na</strong> Satani yari abizi nicyo cyatumye<br />

avuga ati: ‘Mbese Yobu yubahira Ima<strong>na</strong> ubusa ? Ntiwagiye umurinda we n’inzu ye n’ibyo<br />

atunze byose ?’ 9 Uburyo Ima<strong>na</strong> irinda abantu bayo, bwavuzwe n’Umunyazaburi muri aya<br />

magambo: “Marayika w’Uwiteka abambisha amahema yo <strong>ku</strong>gota abamwubaha, akabakiza. ”<br />

Umukiza yavuze iby’abamwizera ati:“Mwirinde mudasuzugura umwe muri aba ba<strong>na</strong> bato.<br />

Ndababwira yuko abamarayika babo bo mu ijuru, bahora bareba mu maso ha Data wo mu<br />

ijuru”. 10 Abamarayika batumwe gukorera aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong>, bemererwa guhora imbere<br />

y’Ima<strong>na</strong> ibihe byose.<br />

None rero, ubwo abantu b’Ima<strong>na</strong> bugarijwe n’imbaraga z’ubushukanyi n’ubuca<strong>ku</strong>ra<br />

bw’umutware w’umwijima utagoheka, bakaba ba<strong>na</strong>hanganye n’imbaraga z’imyuka mibi<br />

yose, bafite ubwishingizi butajegajega bwo <strong>ku</strong>rindwa n’abamarayika bo mu ijuru. Ubwo<br />

bwishingizi ntibwatanzwe <strong>ku</strong>ko butari bukenewe. Niba Ima<strong>na</strong> yarahaye aba<strong>na</strong> bayo isezerano<br />

ry’ubuntu n’uburinzi bwayo, ni uko hari ingabo zikomeye z’umubi bagomba gusakira<strong>na</strong>,<br />

ingabo zitabarika, zikora ubudacogora kandi zabyiyemeje, kandi nta n’umwe ukwiriye<br />

<strong>ku</strong>yoberwa ubuca<strong>ku</strong>ra n’imbaraga zayo cyangwa ngo abure <strong>ku</strong>bwirinda.<br />

Iyo myuka mibi mbere <strong>na</strong> mbere bari ibiremwa biziranenge, bifite kamere, imbaraga<br />

n’ubwiza bihwanye n’ibyo ibiremwa byera byo mu ijuru ari byo ubu byitwa intumwa<br />

z’Ima<strong>na</strong>. Ariko bimaze gucumura, byafatanyirije hamwe gutesha Ima<strong>na</strong> agaciro no <strong>ku</strong>rimbura<br />

umuntu. Bifatanyije <strong>na</strong> Satani kwigomeka, maze bakiruka<strong>na</strong>nwa mu ijuru, bakomeje<br />

gushyigikira<strong>na</strong> mu ntambara yo <strong>ku</strong>rwanya ubutegetsi bwo mu ijuru uko ibihe byagiye<br />

bisimbura<strong>na</strong>. Ibyanditswe Byera bitubwira ibyo ishyirahamwe ryabo, ubutegetsi bwabo<br />

n’amategeko yabo y’uburyo bwinshi, ubuhanga bwabo, n’ubwicanyi bwabo, n’uburyarya<br />

bwabo, bwo guhungabanya amahoro n’umunezero bya mwenemuntu.<br />

Isezerano rya Kera ryereka<strong>na</strong> imibereho n’imikorere y’iyo myuka mibi; ariko igihe Kristo<br />

yari mu isi, nibwo imyuka mibi yigaragaje mu mbaraga no mu buryo bukomeye. Kristo<br />

yazanywe no gusohoza umugambi w’i<strong>na</strong>ma y’agakiza, ubwo Satani yari yiyemeje<br />

kwigarurira isi yose. Yari yarashoboye gukwiza ibigirwama<strong>na</strong> mu mpande zose z’isi, usibye<br />

muri Palesti<strong>na</strong>. Icyo gihugu cyonyine umushukanyi atari yarashoboye kwigarurira, nicyo<br />

Yesu yasanzemo abantu, abamurikishiriza umucyo wo mu ijuru. Aho niho imbaraga ebyiri<br />

zihanganye zahiganiraga gutsinda.Yesu yari ateze ibiganza bye byuje uru<strong>ku</strong>ndo, ararika<br />

abashaka bose kwakira imbabazi n’amahoro bye. Ingabo z’umwijima zibonye ko nta bubasha<br />

375

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!