07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 31 – Umurimo W’Imyuka Mibi<br />

Gufatanya kw’ibigaragara n’ibitagaragara byo <strong>ku</strong> isi, umurimo w’Abamarayika b’Ima<strong>na</strong>,<br />

n’imirimo y’imyuka mibi, yahishuwe <strong>ku</strong> mugaragaro mu Byanditswe Byera, kandi bikaba<br />

biruhije <strong>ku</strong>bitandukanya mu mateka ya mwenemuntu. Abantu benshi bakomeje guhaka<strong>na</strong> ko<br />

imyuka mibi ibaho, kandi bakizera ko n’Abamarayika baziranenge “bakorera abazaragwa<br />

agakiza” ari imyuka y’abapfuye. Nyamara Ibyanditswe Byera ntibyigisha gusa <strong>ku</strong>baho<br />

kw’abamarayika bera n’abamarayika babi, ahubwo bi<strong>na</strong>garagaza n’ibihamya<br />

bidashidikanywa by’uko atari imyuka y’a bantu bapfuye.<br />

Mbere y’uko umuntu aremwa, Abamarayika bari bariho; <strong>ku</strong>ko igihe Ima<strong>na</strong> yashyiragaho<br />

imfatiro z’isi, “inyenyeri zo mu museke zaririmbiye icyarimwe, maze aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> bose<br />

barangura ijwi ry’ibyishimo.” 1 Nyuma y’aho umuntu acumuriye, Abamarayika batumwe<br />

<strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong>rinda igiti cy’ubugingo, kandi ubwo, ni mbere yuko urupfu rugera <strong>ku</strong> bantu. Kamere<br />

y’abamarayika isumba iy’abantu. Kuko Umunyazaburi yavuze ati: “Wari ugiye <strong>ku</strong>mugira<br />

nk’abamarayika, aburaho gato”. 2<br />

Ibyanditswe Byera bitumenyesha ibyo umubare, imbaraga n’ubwiza by’abamarayika<br />

n’isano bafitanye n’ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong>, ndetse n’uruhare bafite mu murimo wo gucungura<br />

umuntu. “Uwiteka yakomeje intebe ye mu ijuru, Ubwami bwe butegeka isi yose.” 3 Kandi<br />

Umuhanuzi aravuga ati: “Ndongera ndareba numva ijwi ry’abamarayika, bari benshi cyane,<br />

ibihumbi n’ibihumbi. Bari bazengurutse ya ntebe ya cyami <strong>na</strong> bya binyabuzima <strong>na</strong> ba<br />

ba<strong>ku</strong>ru.” 4 Daniyeli yeretswe intumwa zo mu ijuru kandi zari ibihumbi bitabarika. Intumwa<br />

Pawulo abavuga ko ari “ikoraniro ritabarika”. 5 Umuhanuzi Ezekiyeli avuga ko izo ntumwa<br />

z’Ima<strong>na</strong> zagendaga zinyura<strong>na</strong>mo “kandi zinyaruka nk’umurabyo.” 6 barabagiranishwa<br />

n’i<strong>ku</strong>zo, kandi barihutaga cyane. Marayika wabonekeye <strong>ku</strong> gituro cy’Umukiza yari “afite mu<br />

maso harabagira<strong>na</strong>, imyambaro ye yeraga nk’urubura”, byatumye abarinzi bagira ubwoba,<br />

bahinda umushyitsi “bamera nk’abapfuye.” 7 Igihe Se<strong>na</strong>keribu, Umwami w’Abasiriya<br />

wishyira hejuru, ubwo yatukaga Ima<strong>na</strong> n’izi<strong>na</strong> ryayo, kandi agatera ubwoba Abisiraheli yirata<br />

ko agiye <strong>ku</strong>barimbura, “muri iryo joro Marayika w’Uwiteka amanuka<strong>na</strong> uburakari atsemba<br />

ingabo z’Abasiriya ibihumbi ija<strong>na</strong> <strong>na</strong> mirongo i<strong>na</strong>ni <strong>na</strong> bitanu, ari abagabo bakomeye,<br />

n’abayobozi n’abagaba b’ingabo bose,“ 8 bo mu ngabo za Se<strong>na</strong>keribu. Nuko asubira mu<br />

gihugu cyabo yijimye mu maso kandi akozwe n’isoni.<br />

Abamarayika batumwe gukorera aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> imirimo y’imbabazi. Batumwe <strong>ku</strong>bwira<br />

Aburahamu amasezerano y’imigisha; batumwe <strong>ku</strong> marembo y’i Sodomu kwa Loti<br />

umukiranutsi, <strong>ku</strong>gira ngo bamu<strong>ku</strong>re mu irimbukiro; batumwe <strong>ku</strong>ri Eliya ubwo yari acitse<br />

intege kandi agiye kwicirwa n’inzara mu butayu; batumwe <strong>ku</strong>ri Elisha, bajya<strong>na</strong> amagare<br />

y’umuriro n’amafarashi, igihe umudugudu muto yari arimo wari ugoswe n’abanzi; batumwe<br />

<strong>ku</strong>ri Daniyeli, igihe yari mu ngoro y’umwami w’umupagani ashaka ubwenge mvajuru,<br />

cyangwa mu gihe bamujugunyaga mu rwobo ngo ahinduke umuhigo w’intare; batumwe <strong>ku</strong>ri<br />

374

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!