07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

imbaraga z’umubi igihe byiraswe. Umuntu ujijutse w’umuhanga kandi w’imigenzereze myiza<br />

wahangara gukora ibiteye isoni, yaba ameze nk’intwaro ityaye cyane mu ntoke za Satani.<br />

Kamere y’ubuhendanyi ihora yubikiriye hamwe n’icyitegererezo kibi bamubo<strong>na</strong><strong>na</strong>, bituma<br />

ahinduka umwanzi ukomeye w’ubutumwa bwiza bwa Kristo <strong>ku</strong>ruta injiji<br />

n’abatabimenyereye.<br />

Mu masengesho avuye <strong>ku</strong> mutima w’ubushake no mu kwishingikiriza <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, Salomo<br />

yahawe ubwenge bwatangaje isi yose. Ariko ubwo yari amaze gutera umugongo Isoko<br />

y’imbaraga ze, agatangira kwiringira imbaraga ze bwite, ibishuko byamuciye urwaho maze<br />

biramutsinda. Nuko rero imbaraga itangaje Ima<strong>na</strong> yari yahaye uwo Mwami<br />

w’umunyabwenge <strong>ku</strong>ruta abandi bami bose, yamuhinduye umukozi ukomeye wanga imitima.<br />

Nubwo umwanzi ahora yihatira guhuma intekerezo z’abantu, abakristo ntibakwiriye<br />

kwibagirwa <strong>na</strong> rimwe ko “badakira<strong>na</strong> n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo bakira<strong>na</strong><br />

n’abatware, n’abafite ubushobozi n’abategetsi b’iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu<br />

ho mu ijuru” 4. Ibyo byanditswe byaburiye abantu b’ibihe byose <strong>ku</strong>geza no muri iki gihe<br />

cyacu: “Mwirinde ibishindisha, mube maso, <strong>ku</strong>ko umurezi wanyu Satani azerera nk’intare<br />

yivuga ashaka uwo aconcomera.” 5 “Mwambare intwaro zose z’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo mubashe<br />

guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.”<br />

Guhera mu gihe cya Adamu <strong>ku</strong>geza mu gihe cyacu, umwanzi wacu ukomeye yakoresheje<br />

imbaraga ze zose guhata no <strong>ku</strong>rimbura abantu. Ubu arategura intambara ye iheruka yo<br />

<strong>ku</strong>rwanya itorero. Abashaka gu<strong>ku</strong>rikira Yesu bose bazashyirwa muri iyo ntambara<br />

y’umwanzi utajya agoheka. Uko umukristo agenda arushaho gu<strong>ku</strong>rikiza icyitegererezo<br />

cy’ijuru, niko arushaho kwereka<strong>na</strong> ko yiteguye guhanga<strong>na</strong> n’ibitero by’umwanzi. Abantu<br />

bose biyeguriye gukorera Ima<strong>na</strong>, bagashaka gutahura ibinyoma by’umwanzi no kwereka<strong>na</strong><br />

Kristo imbere y’amahanga, bazashobora gutanga ubuhamya nka Pawulo ubwo yavugaga ibyo<br />

gukorera Uwiteka n’umutima wicisha bugufi, abogoza amarira ari no mu bigeragezo byinshi.<br />

Satani yateze Yesu ngo amugeragereshe ibishuko biteye ubwoba, ariko mu kigeregezo<br />

cyose, umwanzi yaratsinzwe. Izo ntambara zarwanywe <strong>ku</strong> bwacu; uko gutsinda kwatubereye<br />

inzira yo <strong>ku</strong>nesha. Kristo yiteguye guha umuntu wese ubishaka imbaraga yo gutsinda. Nta<br />

muntu ushobora gutsindwa <strong>na</strong> Satani atamutije umurindi. Umushukanyi ntafite ububasha bwo<br />

gutegeka ubushake cyangwa guhatira umutima gukora icyaha. Ashobora guteza umubabaro<br />

mu mutima w’uwo bahanganye, ariko ntashobora <strong>ku</strong>mwanduza. Ashobora <strong>ku</strong>muca intege,<br />

ariko ntashobora <strong>ku</strong>muhumanya. Kuba Kristo yaratsinze bikwiye gutuma abamwizera bose<br />

<strong>ku</strong>rwa<strong>na</strong> bashikamye urugamba rwo <strong>ku</strong>nesha icyaha <strong>na</strong> Satani.<br />

373

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!