07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Haba mu biyita Abakristo, ndetse no mu babwiriza b’ubutumwa bwiza, nigake wa<strong>ku</strong>mva<br />

bavuga <strong>ku</strong>ri Satani, keretse gusa igihe babwiriza <strong>ku</strong> ruhimbi, <strong>na</strong>bwo bisa n’ibibagwiririye.<br />

Ntibita <strong>ku</strong>byo Satani akomeza gukora n’ibyo yagezeho; bagahinyura imiburo y’ubushukanyi<br />

bwe; ariko bagasa n’abatazi ko abaho rwose.<br />

Iyo benshi badasobanukiwe n’ubuhendanyi bwe, uwo mwanzi w’imitima ahora ari maso,<br />

abubikiriye igihe cyose. Yinjira mu byumba by’amazu yose, no mu nzira zo mu midugudu<br />

yacu yose, mu nsengero, mu <strong>na</strong>ma z’ubutegetsi, mu nkiko zica imanza, akabateramo<br />

gushidikanya, akabayobya, akabashukashuka, ahantu hose akangiza imitima myinshi,<br />

agahindanya imibiri y’abagabo, abagore n’aba<strong>na</strong>, agasenya imiryango, akabiba inzangano mu<br />

bantu, kwifuza ubukire, amahane, ubuhendanyi n’ubwicanyi. Maze aho Abakristo bari bagasa<br />

n’ababo<strong>na</strong> ko ibyo byose bituruka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> kandi bigomba <strong>ku</strong>baho.<br />

Satani akomeje kwihatira <strong>ku</strong>rwanya abantu b’Ima<strong>na</strong> akoresheje gusenya insika zose zari<br />

zibatandukanyije n’isi. Abisirayeli ba kera baguye mu cyaha igihe bivangaga n’amahanga ya<br />

gipagani kandi bari barabibujijwe. Nguko uko n’Abisirayeli bo muri iki gihe baguye. “ima<strong>na</strong><br />

y’iki gihe yabahumye imitima, <strong>ku</strong>gira ngo umucyo w’ubutumwa bwiza bwa Kristo, ariwe<br />

shusho y’Ima<strong>na</strong> utabatambikira”3 Abatarafata umwanzuro wo gu<strong>ku</strong>rikira Yesu, baba<br />

baritangiye <strong>ku</strong>ba abakozi ba Satani. Mu mutima utarahindutse haba harimo gu<strong>ku</strong>nda icyaha,<br />

kandi ugahora ugishakira urwitwazo. Naho umutima wahindutse, wanga icyaha urunuka,<br />

kandi uhora uharanira <strong>ku</strong>gitsinda. Iyo Abakristo bahisemo kwifatanya n’abatubaha Ima<strong>na</strong><br />

kandi batayizera, baba bishyize mu kaga k’ibigeragezo. Satani wiyoberanyije, abarakingiriza<br />

ngo batamubo<strong>na</strong>. Ntibabasha <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko bene abo bazababera umutego wo <strong>ku</strong>bashyira mu<br />

kaga; kandi ko igihe cyose bazaba bafatanyije n’ab’isi mu mico, mu magambo, no mu<br />

migenzereze, buhoro buhoro bazakomeza bahume <strong>ku</strong>geza ubwo bazarindagira.<br />

Gu<strong>ku</strong>rikiza imigenzo y’ab’isi bituma isi ihindura itorero; ntibyigera bihindurira isi <strong>ku</strong><br />

kwakira Kristo. Kwimenyereza icyaha nta kabuza bigera aho bisa nk’aho kitakiri ikibi.<br />

Uhitamo gufatanya n’abakozi ba Satani, bidatinze, <strong>na</strong>we azagera ubwo atagitinya shebuja<br />

wabo. Mu gihe turi mu murimo, tukageragezwa, nk’uko byagenze <strong>ku</strong>ri Daniyeli ari i bwami,<br />

dukwiriye <strong>ku</strong>menya tudashidikanya ko Ima<strong>na</strong> izaturinda; ariko niba ari twe ubwacu twishyize<br />

mu bigeragezo, bitinde bitebuke tuzatsindwa.<br />

Kenshi <strong>na</strong> kenshi umushukanyi akora<strong>na</strong> n’abadakekwaho <strong>ku</strong>ba mu buyobozi bwe. Abafite<br />

ingabire kandi bakagira ubwenge, barishimirwa bagahabwa icyubahiro, nk’aho iyo mico yabo<br />

yaba nk’icyiru cyo <strong>ku</strong>tubaha Ima<strong>na</strong> cyangwa igatuma Ima<strong>na</strong> ibareba neza. Ingabire n’umuco<br />

bishingikirizaho, ni impano z’Ima<strong>na</strong>; ariko iyo bifashwe nk’ibitanga umwanya<br />

w’ubutungane, igihe byakagombye kwegereza abantu Ima<strong>na</strong>, ahubwo bikajya<strong>na</strong> <strong>ku</strong>re yayo,<br />

<strong>ku</strong> iherezo bibahindukira umuvumo n’umutego. Ibyo bikomeza <strong>ku</strong>ba <strong>ku</strong>ri benshi batekereza<br />

ko umuntu wese wumvira, mu ruhande rumwe, akwiriye kwifatanya <strong>na</strong> Kristo. Nta gicumuro<br />

gikomeye kirimo. Ibyo nibyo bikwiriye <strong>ku</strong>ranga imico mbonera ya buri Mukristo wese, <strong>ku</strong>ko<br />

ari byo bimenyekanisha idini y’u<strong>ku</strong>ri; ariko bigomba kwegurirwa Ima<strong>na</strong>, cyangwa se bikaba<br />

372

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!