07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 3 – Umwijima Mu By’Umwuka<br />

Mu rwandiko rwa kabiri intumwa Pawulo yandikiye Abanyatesalonike, yahanuye<br />

iby’ubuyobe bukomeye bwajyaga <strong>ku</strong>zaba in<strong>ku</strong>rikizi y’ishyirwaho ry’ubutegetsi bw’ubupapa.<br />

Yavuze yeruye ko umunsi wa Kristo utazaza « <strong>ku</strong>rya kwimura Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>tabanje <strong>ku</strong>baho, kandi<br />

urya munyabugome atarahishurwa, ni we mwa<strong>na</strong> wo <strong>ku</strong>rimbuka, ni umubisha wishyira hejuru<br />

y’icyitwa ima<strong>na</strong> cyose cyangwa igisengwa, <strong>ku</strong>gira ngo yicare mu rusengero rw’Ima<strong>na</strong>,<br />

yiyerekane ko ari Ima<strong>na</strong>.» Byongeye kandi, Pawulo yaburiye abavandimwe be ati:<br />

«amayoberane y’ubugome n’ubu yatangiye gukora.” 2Abatesalonike 2:3, 4, 7.<br />

Ayo “mayoberane y’ubugome,” yatangiye rwihishwa kandi bucece maze nyuma agenda<br />

arushaho gukora <strong>ku</strong> mugaragaro uko yagendaga agwiza imbaraga kandi yigarurira ibitekerezo<br />

by’abantu, buhoro buhoro yakomeje umurimo wayo w’ubushukanyi no gutuka Ima<strong>na</strong>.<br />

Imigenzo ya gipagani yinjiye mu itorero rya Gikristo mu buryo busa n’ubutagaragara.<br />

Akarengane itorero ryagiriwe n’abapagani katumye hashira igihe abakristo badafite umutima<br />

wo <strong>ku</strong>dohoka <strong>ku</strong> kwizera kwabo ngo bifatanye n’abapagani kandi ngo bigane imigenzo yabo.<br />

Nyamara aho akarengane karangiriye maze ubukristo bukagera no mu ngoro z’abami, itorero<br />

ryaretse kwicisha bugufi no kwiyoroshya kwa Kristo n’intumwa ze maze ri<strong>ku</strong>rikiza kwishyira<br />

imbere n’ubwibone by’abapadiri n’abayobozi b’abapagani; kandi mu cyimbo cyo gukora<br />

ibitegetswe n’Ima<strong>na</strong> ri<strong>ku</strong>rikiza inyigisho n’imigenzo byahimbwe n’abantu. Kwiha<strong>na</strong> bya<br />

nyirarureshwa kwa Constantine kwabaye mu ntangiriro z’ikinyeja<strong>na</strong> cya kane kwanejeje<br />

abantu cyane; maze ingeso mbi z’isi ziherako zinjira mu itorero ziyoberanyije zisa<br />

n’ubutungane. Ubwo kono<strong>na</strong> itorero byariyongereye kandi bikorwa vuba cyane. Ubupagani<br />

bwasaga n’ubwatsinzwe ariko ni bwo bwatsinze. Imikorere yabwo ni yo yategekaga itorero.<br />

Inyigisho zabwo, imihango yabwo, ndetse n’imigenzo yabwo ishingiye <strong>ku</strong> kwizera imbaraga<br />

z’ubupfumu, byinjijwe mu myizerere no mu misengere y’abiyitaga abayoboke ba Kristo.<br />

Ubwo bwumvikane bw’ubupagani n’Ubukristo bwaje <strong>ku</strong>vamo gukomera k’<br />

umunyabugome wari warahanuwe ko azarwanya Ima<strong>na</strong> kandi akishyira hejuru yayo. Iyo<br />

mikorere ikomeye y’iyobokama<strong>na</strong> ry’ibinyoma ni wo murimo ukomeye w’ububasha bwa<br />

Satani, ukaba ugaragaza umuhati agira wo kwiyimika ngo ategeke isi uko abishaka.<br />

Satani yigeze gushaka ko Kristo adohoka <strong>ku</strong> mahame ye <strong>ku</strong>gira ngo bagirane<br />

ubwumvikane. Yamusanze mu butayu yamugeragerejemo, nuko amaze <strong>ku</strong>mwereka ubwami<br />

bw’isi bwose n’i<strong>ku</strong>zo ryabwo, amusezeranira <strong>ku</strong>bimuha byose aramutse gusa yemeye<br />

<strong>ku</strong>mvira uwo mutware w’umwijima. Kristo yacyashye uwo mushukanyi wigerejeho ahangara<br />

<strong>ku</strong>mugerageza maze amutegeka <strong>ku</strong>va aho ari. Nyamara Satani arushaho <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> byo<br />

yashakaga iyo ashukishije umuntu ikigeragezo nk’icyo yagerageresheje Yesu. Gushaka<br />

kwibonera indamu n’icyubahiro by’isi byatumye itorero rishaka kwemerwa no gushyigikirwa<br />

n’abakomeye bo <strong>ku</strong> isi; kandi <strong>ku</strong>ko ryari ryihakanye Kristo, ryohejwe <strong>ku</strong>yoboka uhagarariye<br />

Satani, ari we mwepisikopi w’i Roma.<br />

30

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!