07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Urwango ruri hagati ya Kristo <strong>na</strong> Satani rwigaragaje cyane igihe isi yakiraga Yesu. Kuba<br />

Abayuda baramwamaganye ntibyatewe n’uko ataje mu isi afite ubutunzi bw’isi, ishusho<br />

nziza, cyangwa ngo abe umuntu ukomeye. Babonye ko yari afite imbaraga ikomeye yari<br />

irenze cyane ibyo byose bigaragarira amaso. Nyamara ubutungane n’ubuziranenge bya<br />

Kristo, nibyo byabyukije urwangano rw’abatubaha Ima<strong>na</strong>. Imibereho ye yarangwaga<br />

n’ubwitange kandi izira inenge, yari igihamya gihoraho <strong>ku</strong>ri ubwo bwoko bwishyiraga hejuru<br />

kandi butagonda ijosi. Ibyo nibyo byabyukirije urwango banze Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>. Satani<br />

n’abamarayika babi, bifatanya n’abantu b’abanyangeso mbi. Imbaraga zose z’ubuhakanyi<br />

zahurijwe hamwe <strong>ku</strong>rwanya Uhagarariye u<strong>ku</strong>ri.<br />

Urwo rwango ni rwo rugaragara <strong>ku</strong> ba<strong>ku</strong>rikira Kristo nk’uko rwagaragaye <strong>ku</strong>ri Shebuja.<br />

Umuntu wese usobanukirwa n’imiterere mibi y’icyaha, maze <strong>ku</strong>bwo imbaraga z’Ima<strong>na</strong><br />

agatsinda ibishuko, nta gushidikanya azatuma uburakari bwa Satani n’ubw’ingabo ze<br />

bimugurumanira. Kwanga amabwiriza y’u<strong>ku</strong>ri, <strong>ku</strong>renganya no gutoteza abaguhagarariye<br />

bizahoraho igihe cyose icyaha n’abanyabyaha bizaba bikiriho. Aba<strong>ku</strong>rikira Kristo n’abakozi<br />

ba Satani, ntibashobora <strong>na</strong> rimwe guhuza. “Erega n’ubundi abashaka guhora bubaha Ima<strong>na</strong><br />

bose, ni u<strong>ku</strong>ri bazatotezwa <strong>ku</strong>bera Kristo Yesu!” 22<br />

Abakozi ba Satani barakora<strong>na</strong> umwete umurimo wabo kandi ariwe ubayoboye, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bashyireho ubutegetsi bwe, maze bimike ingoma ye ihangane n’ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong>. Muri<br />

iki gihe giheruka barashaka <strong>ku</strong>yobya abizera Kristo ngo babavane mu nzira y’u<strong>ku</strong>ri. Nk’uko<br />

umutware wabo yabigenje, bagoreka Ibyanditswe <strong>ku</strong>gira ngo bagere <strong>ku</strong> mugambi wabo.<br />

Nk’uko Satani yihatiye gusebya Ima<strong>na</strong> niko n’abakozi be bakora <strong>ku</strong>gira ngo bayobye ubwoko<br />

bw’Ima<strong>na</strong>. Umwuka watumye Kristo apfa, niwo ukorera mu babi <strong>ku</strong>gira ngo barimbure<br />

n’abizera Kristo bose. Ibi nibyo byavugiwe mu buhanuzi bwa mbere ngo: “Nzashyira<br />

urwango hagati yawe n’uyu mugore no hagati y’urubyaro rwawe n’urwe”. Kandi ibyo<br />

bizahoraho <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> mperuka y’ibihe.<br />

Satani ahuruza ingabo ze zose kandi agakoresha n’imbaraga ze zose muri iyo ntambara<br />

ikomeye. Ni <strong>ku</strong>ki adahura n’abamurwanya bashikamye? Kuki ingabo za Kristo zisinziriye,<br />

nta cyo zitayeho? Nta sano nya<strong>ku</strong>ri bafitanye <strong>na</strong> Kristo kandi bakaba batakiyoborwa<br />

n’Umwuka Muziranenge. Ntabwo bacanye umubano n’icyaha <strong>na</strong> Shebuja, ntibakizinutswe<br />

burundu. Ntabwo bafashe umugambi wo <strong>ku</strong>rwanya icyaha ubudatezuka nk’Umukiza wabo.<br />

Ntibasobanukiwe neza n’imbaraga z’ububi n’ubuca<strong>ku</strong>ra bw’icyaha, kamere n’imbaraga<br />

by’umutware w’umwijima byabahumye amaso. Nta bwo bazinutswe Satani n’imirimo ye,<br />

<strong>ku</strong>ko batasobanukiwe n’ububasha bw’ubuhendanyi bwe, ntiba<strong>na</strong>sobanukirwa n’intambara<br />

ikomeye Satani arwa<strong>na</strong> <strong>na</strong> Kristo n’itorero rye. Aha niho abenshi bayobera. Ntibazi ko<br />

umwanzi wabo ari umugaba ukomeye utegeka abamarayika babi, kandi ko akoresha<br />

umugambi yacuze kera urimo ubuhanga bukomeye arwanya Kristo <strong>ku</strong>gira ngo avutse abantu<br />

agakiza.<br />

371

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!