07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 30 – Urwango Hagati Y’Umuntu Na Satani<br />

“Nzashyira urwango hagati yawe n’uyu mugore, no hagati y’urubyaro rwawe n’urwe,<br />

ruzagukomeretsa umutwe <strong>na</strong>we uzarukomeretsa agatsinsino”1. Urubanza Ima<strong>na</strong> yaciriye<br />

Satani nyuma yo gucumura k’umuntu, <strong>na</strong> rwo rwari ubuhanuzi bukomatanya ibihe byose<br />

<strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> munsi w’imperuka, kandi bugatunga agatoki <strong>ku</strong> ntambara ikomeye y’abantu<br />

b’amoko yose yagombaga gutura <strong>ku</strong> isi.<br />

Ima<strong>na</strong> iravuga iti: “Nzashyira urwango”. Uru rwango si rwa rundi rusanzwe mu bantu.<br />

Ubwo umuntu yicaga amategeko y’Ima<strong>na</strong>, kamere ye yahindutse iyo gukora icyaha, maze<br />

yunga ubumwe <strong>na</strong> Satani. Ubwo rero mu buryo busanzwe nta rwango rwari rukiri hagati<br />

y’umunyabyaha n’inkomoko y’icyaha. Bombi babaye babi binyuze mu buhakanyi.<br />

Umuhakanyi nta <strong>na</strong> rimwe aruhuka, keretse amaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> abafatanya <strong>na</strong>we gu<strong>ku</strong>rikiza<br />

icyitegererezo cye. Kubwo iyo mpamvu, abamarayika bacumuye hamwe n’abantu bagomye<br />

bishyize hamwe. Iyo Ima<strong>na</strong> itahagoboka, Satani n’umuntu baba barafatanije <strong>ku</strong>gomera Ijuru;<br />

maze aho guharanira kwanga Satani, ikiremwamuntu cyose uko cyakabaye kigahagurukira<br />

rimwe <strong>ku</strong>rwanya Ima<strong>na</strong>.<br />

Satani yoheje umuntu gukora icyaha nk’uko yoheje abamarayika <strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>gira<br />

ngo abone abo bafatanya mu mugambi we wo <strong>ku</strong>rwanya Ijuru. Nta <strong>ku</strong>tumvika<strong>na</strong> kwari hagati<br />

ye n’abamarayika bagomye <strong>ku</strong>byerekeranye n’urwango bari bafitiye Kristo; n’ubwo mu bindi<br />

batahuzaga, biyungiye <strong>ku</strong>rwanya ububasha bw’Umutegetsi w’isi n’ijuru. Ariko ubwo Satani<br />

yumvaga itangazo rivuga ko hagati ye n’umugore hagomba <strong>ku</strong>ba urwango ndetse no hagati<br />

y’abazabakomokaho, nibwo yamenye ko umuhati we wose wo guhindanya ishusho ya mwene<br />

muntu uzagira ikiwukoma mu nkokora; ko hari ubwo umuntu yazabashishwa kwiganzura<br />

imbaraga ze.<br />

Urwango Satani yanga ikiremwamuntu rwarabyutse, bitewe n’uko binyuze muri Yesu<br />

Kristo, ikiremwamuntu nicyo shingiro ry’ uru<strong>ku</strong>ndo n’imbabazi by’Ima<strong>na</strong>. Yifuza <strong>ku</strong>gwabiza<br />

umugambi w’Ima<strong>na</strong> wo gucungura umuntu, gusebya Ima<strong>na</strong> akoresheje guhindanya ibyo<br />

yaremye; yashakaga guteza umubabaro mu ijuru maze isi yose i<strong>ku</strong>zuramo ibyago no kwiheba.<br />

Kandi yereka<strong>na</strong> ko ibyo bibi byose bitewe n’uko Ima<strong>na</strong> yaremye umuntu.<br />

Ubuntu bwa Kristo nibwo butera umutima w’umuntu kwanga Satani. Hatabayeho ubu<br />

buntu n’imbaraga bihindura, umuntu yajyaga gukomeza <strong>ku</strong>ba imbohe ya Satani, n’umugaragu<br />

we uhora yiteguye gukora ibyo amutegetse byose. Ariko ihame rishya ryinjiye mu mutima<br />

we, riza<strong>na</strong> intambara ahahoze amahoro. Imbaraga itangwa <strong>na</strong> Kristo, ibashisha umuntu<br />

guhanga<strong>na</strong> n’umunyagitugu w’umushukanyi. Umuntu wese wanga icyaha mu cyimbo cyo<br />

<strong>ku</strong>gi<strong>ku</strong>nda, umuntu wese urwanya kandi agatsinda ibishuko bigose umutima, aba yerekanye<br />

ko amabwiriza y’ijuru akorera muri we.<br />

370

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!