07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

nyuma ihamya urupfu rwa Satani ivuze. Intambara ikomeye yari imaze igihe kirekire yari<br />

ifatiwe umwanzuro ubwo, <strong>ku</strong>randurwa guheruka kw’ikibi kwari <strong>ku</strong>gizwe impamo. Umwa<strong>na</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong> yarapfuye arazuka <strong>ku</strong>gira ngo, “urupfu rwe aruhinduze ubusa ufite ubutware<br />

bw’urupfu, ari we Satani.” Abaheburayo 2:14. Icyifuzo cya Lusiferi cyo kwi<strong>ku</strong>za cyari<br />

cyaramuteye <strong>ku</strong>vuga ati: “Nza<strong>ku</strong>za intebe yanjye y’ubwami, isumbe inyenyeri z’Ima<strong>na</strong> . .<br />

.nzaba nk’Isumbabyose.”<br />

Uwiteka aravuga ati: “Nzaguhindurira ivu imbere y’aba<strong>ku</strong>reba bose, . . . ntabwo uzongera<br />

<strong>ku</strong>baho u<strong>ku</strong>ndi.”702; Igihe “hazaba umunsi utwika nk’itanura ry’umuriro, abibone bose<br />

n’inkozi z’ibibi zose bazaba ibishingwe, maze habe umunsi uzabatwika bashire, ni ko<br />

Uwiteka Nyiringabo avuga, “Ntuzabasigira umuzi cyangwa ishami.” Malaki 4:1.<br />

Isi n’ijuru n’isanzure bizaba byarabaye abahanywa biboneye kamere y’icyaha n’ingaruka<br />

zacyo. Kandi gutsembwa kwacyo burundu byajyaga gutera ubwoba abamarayika<br />

bika<strong>na</strong>suzuguza Ima<strong>na</strong> iyo bikorwa mbere, noneho bizahamya uru<strong>ku</strong>ndo rwayo kandi<br />

bishimangire icyubahiro cyayo imbere y’imbaga y’abishimira gukora ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka<br />

kandi bafite amategeko yayo mu mitima yabo. Ntabwo icyaha kizongera <strong>ku</strong>baho u<strong>ku</strong>ndi.<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> riravuga riti: “Ntabwo umubabaro uzahagaruka ubwa kabiri.” Nahumu 1:9.<br />

Amategeko y’Ima<strong>na</strong> Satani yarwanyije avuga ko ari umutwaro w’ububata, azubahirizwa<br />

nk’amategeko atera umudendezo. Abanyuze mu bigeragezo bagakomeza <strong>ku</strong>ba indahemuka<br />

ntibazongera <strong>ku</strong>reka <strong>ku</strong>yoboka Ima<strong>na</strong>. Bazaba baragaragarijwe imico yayo ko ari uru<strong>ku</strong>ndo<br />

rutarondoreka n’ubwenge butagira iherezo.<br />

369

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!