Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba icyubahiro kirenze; nyamara byagaragaye ko ingaruka zabyo ari ukuba mu bubata no guta agaciro. Ibirego by’ibinyoma Satani yashinjaga imico y’Imana n’ubutegetsi bwayo, byagaragaye nk’uko biri. Yari yarareze Imana ko igihe isaba ibiremwa byayo kuyiyoboka no kuyubaha ngo iba yishakira kwishyira hejuru gusa. Satani yari yaravuze kandi ko Imana isaba abandi kwitanga ariko yo ntibikore kandi ntigire igitambo itanga. Noneho byari bigaragaye ko kugira ngo agakiza k’abantu baguye bagahinduka abanyabyaha kagerweho, Umutegetsi w’ijuru n’isi yatanze igitambo kiruta ibindi urukundo rubasha gutanga kuko “muri Kristo ari mo Imana yiyungiye n’abari mu isi.” 2Abakorinto 5:19. Na none kandi byagaragaye ko nubwo Lusiferi yaciriye icyaha icyanzu kubwo gushaka icyubahiro n’isumbwe, Yesu Kristo we yicishije bugufi, yemera kumvira kugeza ku rupfu kugira ngo arimbure icyaha. Imana yari yaragaragaje uko yanga amahame y’ubwigomeke. Ijuru ryose ryabonye ukuntu ubutabera bwayo bwagaragariye haba mu gucira Satani ho iteka no mu gucungura umuntu. Lusiferi yari yaravuze ko niba amategeko y’Imana adahinduka kandi igihano gikomotse ku kutayumvira kikaba kitabasha gukurwaho, abica ayo mategeko bose batagomba kugirirwa ubuntu n’Umuremyi. Yari yaravuze ko inyokomuntu yacumuye itabasha gucungurwa kandi ko kubera iyo mpamvu abantu babaye umuhigo we afiteho uburenganzira. Nyamara urupfu rwa Kristo rwabaye ingingo iburanira umuntu idashobora gutsindwa. Igihano cyagenwe n’amategeko cyahanwe Uwari uhwanye n’Imana, bityo umuntu aba agize umudendezo wo kwemera ubutungane bwa Kristo, kandi kubw’imibereho yo kwihana no kwicisha bugufi, abashishwa kunesha imbaraga za Satani nk’uko Umwana w’Imana yanesheje. Uko ni ko Imana ari intabera nyamara kandi igatsindishiriza abizera Yesu Kristo bose. Ariko icyazanye Kristo ku isi kuyibabarizwaho no kuyipfiraho ntabwo byari ugusohoza umugambi wo gucungura umuntu gusa. Yazanywe kandi no “guha amategeko y’Imana agaciro” no “kuyubahisha.” Ntabwo yazanywe mu isi gusa no kugira ngo abaturage bayo babone amategeko nk’uko akwiriye gufatwa; ahubwo yanazanwe no kugaragariza isanzure ryose ko amatageko y’Imana adahinduka. Iyo amategeko y’Imana akurwaho, Umwana w’Imana ntaba yaratangiye ubugingo bwe kuba impongano y’icyaha cyo kuyagomera. Urupfu rwa Kristo ruhamya ko amategeko y’Imana adahinduka. Igitambo cyatanzwe kubwo urukundo rw’Imana n’Umwana wayo kugira ngo abanyabyaha bacungurwe, kigaragariza isi n’ijuru ko ubutabera n’imbabazi ari byo rufatiro rw’amategeko y’Imana n’ubutegetsi bwayo. Mu gihe cy’irangizarubanza bizagaragara ko icyaha nta shingiro gifite. Igihe Umucamanza w’isi yose azabaza Satani ati: “Ni mpamvu ki wanyigometseho kandi ukanyaga bamwe bo mu bwami bwanjye?” nyirabayazana w’ikibi nta rwitwazo azatanga. Akanwa kose kazacecekeshwa, kandi abamarayika bose bigometse bazabura icyo bavuga. Nubwo umusaraba w’i Kaluvari werekana ko amategeko y’Imana adahinduka, ugaragariza isi n’ijuru n’isanzure ko ibihembo by’ibyaha ari urupfu. Mu ijambo Umukiza yavuze ubwo yapfiraga ku musaraba agira ati: “Birarangiye”, ryasobanuraga ko inzogera ya 368

Itorero na Leta ku Rugamba nyuma ihamya urupfu rwa Satani ivuze. Intambara ikomeye yari imaze igihe kirekire yari ifatiwe umwanzuro ubwo, kurandurwa guheruka kw’ikibi kwari kugizwe impamo. Umwana w’Imana yarapfuye arazuka kugira ngo, “urupfu rwe aruhinduze ubusa ufite ubutware bw’urupfu, ari we Satani.” Abaheburayo 2:14. Icyifuzo cya Lusiferi cyo kwikuza cyari cyaramuteye kuvuga ati: “Nzakuza intebe yanjye y’ubwami, isumbe inyenyeri z’Imana . . .nzaba nk’Isumbabyose.” Uwiteka aravuga ati: “Nzaguhindurira ivu imbere y’abakureba bose, . . . ntabwo uzongera kubaho ukundi.”702; Igihe “hazaba umunsi utwika nk’itanura ry’umuriro, abibone bose n’inkozi z’ibibi zose bazaba ibishingwe, maze habe umunsi uzabatwika bashire, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, “Ntuzabasigira umuzi cyangwa ishami.” Malaki 4:1. Isi n’ijuru n’isanzure bizaba byarabaye abahanywa biboneye kamere y’icyaha n’ingaruka zacyo. Kandi gutsembwa kwacyo burundu byajyaga gutera ubwoba abamarayika bikanasuzuguza Imana iyo bikorwa mbere, noneho bizahamya urukundo rwayo kandi bishimangire icyubahiro cyayo imbere y’imbaga y’abishimira gukora ibyo Imana ishaka kandi bafite amategeko yayo mu mitima yabo. Ntabwo icyaha kizongera kubaho ukundi. Ijambo ry’Imana riravuga riti: “Ntabwo umubabaro uzahagaruka ubwa kabiri.” Nahumu 1:9. Amategeko y’Imana Satani yarwanyije avuga ko ari umutwaro w’ububata, azubahirizwa nk’amategeko atera umudendezo. Abanyuze mu bigeragezo bagakomeza kuba indahemuka ntibazongera kureka kuyoboka Imana. Bazaba baragaragarijwe imico yayo ko ari urukundo rutarondoreka n’ubwenge butagira iherezo. 369

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

icyubahiro kirenze; nyamara byagaragaye ko ingaruka zabyo ari u<strong>ku</strong>ba mu bubata no guta<br />

agaciro.<br />

Ibirego by’ibinyoma Satani yashinjaga imico y’Ima<strong>na</strong> n’ubutegetsi bwayo, byagaragaye<br />

nk’uko biri. Yari yarareze Ima<strong>na</strong> ko igihe isaba ibiremwa byayo <strong>ku</strong>yiyoboka no <strong>ku</strong>yubaha<br />

ngo iba yishakira kwishyira hejuru gusa. Satani yari yaravuze kandi ko Ima<strong>na</strong> isaba abandi<br />

kwitanga ariko yo ntibikore kandi ntigire igitambo itanga. Noneho byari bigaragaye ko <strong>ku</strong>gira<br />

ngo agakiza k’abantu baguye bagahinduka abanyabyaha kagerweho, Umutegetsi w’ijuru n’isi<br />

yatanze igitambo kiruta ibindi uru<strong>ku</strong>ndo rubasha gutanga <strong>ku</strong>ko “muri Kristo ari mo Ima<strong>na</strong><br />

yiyungiye n’abari mu isi.” 2Abakorinto 5:19. Na none kandi byagaragaye ko nubwo Lusiferi<br />

yaciriye icyaha icyanzu <strong>ku</strong>bwo gushaka icyubahiro n’isumbwe, Yesu Kristo we yicishije<br />

bugufi, yemera <strong>ku</strong>mvira <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> rupfu <strong>ku</strong>gira ngo arimbure icyaha.<br />

Ima<strong>na</strong> yari yaragaragaje uko yanga amahame y’ubwigomeke. Ijuru ryose ryabonye u<strong>ku</strong>ntu<br />

ubutabera bwayo bwagaragariye haba mu gucira Satani ho iteka no mu gucungura umuntu.<br />

Lusiferi yari yaravuze ko niba amategeko y’Ima<strong>na</strong> adahinduka kandi igihano gikomotse <strong>ku</strong><br />

<strong>ku</strong>tayumvira kikaba kitabasha gu<strong>ku</strong>rwaho, abica ayo mategeko bose batagomba <strong>ku</strong>girirwa<br />

ubuntu n’Umuremyi. Yari yaravuze ko inyokomuntu yacumuye itabasha gucungurwa kandi<br />

ko <strong>ku</strong>bera iyo mpamvu abantu babaye umuhigo we afiteho uburenganzira. Nyamara urupfu<br />

rwa Kristo rwabaye ingingo iburanira umuntu idashobora gutsindwa. Igihano cyagenwe<br />

n’amategeko cyahanwe Uwari uhwanye n’Ima<strong>na</strong>, bityo umuntu aba agize umudendezo wo<br />

kwemera ubutungane bwa Kristo, kandi <strong>ku</strong>bw’imibereho yo kwiha<strong>na</strong> no kwicisha bugufi,<br />

abashishwa <strong>ku</strong>nesha imbaraga za Satani nk’uko Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yanesheje. Uko ni ko<br />

Ima<strong>na</strong> ari intabera nyamara kandi igatsindishiriza abizera Yesu Kristo bose.<br />

Ariko icyazanye Kristo <strong>ku</strong> isi <strong>ku</strong>yibabarizwaho no <strong>ku</strong>yipfiraho ntabwo byari ugusohoza<br />

umugambi wo gucungura umuntu gusa. Yazanywe kandi no “guha amategeko y’Ima<strong>na</strong><br />

agaciro” no “<strong>ku</strong>yubahisha.” Ntabwo yazanywe mu isi gusa no <strong>ku</strong>gira ngo abaturage bayo<br />

babone amategeko nk’uko akwiriye gufatwa; ahubwo ya<strong>na</strong>zanwe no <strong>ku</strong>garagariza isanzure<br />

ryose ko amatageko y’Ima<strong>na</strong> adahinduka. Iyo amategeko y’Ima<strong>na</strong> a<strong>ku</strong>rwaho, Umwa<strong>na</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong> ntaba yaratangiye ubugingo bwe <strong>ku</strong>ba impongano y’icyaha cyo <strong>ku</strong>yagomera.<br />

Urupfu rwa Kristo ruhamya ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> adahinduka. Igitambo cyatanzwe <strong>ku</strong>bwo<br />

uru<strong>ku</strong>ndo rw’Ima<strong>na</strong> n’Umwa<strong>na</strong> wayo <strong>ku</strong>gira ngo abanyabyaha bacungurwe, kigaragariza isi<br />

n’ijuru ko ubutabera n’imbabazi ari byo rufatiro rw’amategeko y’Ima<strong>na</strong> n’ubutegetsi bwayo.<br />

Mu gihe cy’irangizarubanza bizagaragara ko icyaha nta shingiro gifite. Igihe<br />

Umucamanza w’isi yose azabaza Satani ati: “Ni mpamvu ki wanyigometseho kandi ukanyaga<br />

bamwe bo mu bwami bwanjye?” nyirabayaza<strong>na</strong> w’ikibi nta rwitwazo azatanga. Akanwa kose<br />

kazacecekeshwa, kandi abamarayika bose bigometse bazabura icyo bavuga.<br />

Nubwo umusaraba w’i Kaluvari wereka<strong>na</strong> ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> adahinduka,<br />

ugaragariza isi n’ijuru n’isanzure ko ibihembo by’ibyaha ari urupfu. Mu ijambo Umukiza<br />

yavuze ubwo yapfiraga <strong>ku</strong> musaraba agira ati: “Birarangiye”, ryasobanuraga ko inzogera ya<br />

368

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!