Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Ubwigomeke bwa Satani bwagombaga kubera icyigisho gikomeye abatuye isi n’ijuru bo mu bihe byose byajyaga kuzakurikiraho, bukaba igihamya gihoraho kigaragaza kamere y’icyaha n’ingaruka zacyo zishishana. Ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya Satani, ingaruka byagize ku bantu no ku bamarayika byagombaga kwerekana umusaruro uva mu kwirengagiza ubutegetsi bw’Imana. Byagombaga guhamya ko kubaho k’ubutegetsi bw’Imana n’amategeko ari byo shingiro ryo kugubwa neza kw’ibyo yaremye byose. Bityo rero, amateka y’uko kwigomeka gushishana yagombaga kuzaba uburinzi buhoraho ku bamarayika bera, kugira ngo abarinde kuba bashukwa ku byerekeye kamere yo kugomera amategeko, akabarinda gukora icyaha no kuzababazwa n’igihano cyacyo. Ubwo intambara yo mu ijuru yari igeze mu mahenuka rwose, uwo mushukanyi ukomeye yakomeje kugaragaza ko afite ukuri. Ubwo hatangwaga itangazo ko Satani n’abamarayika bose bamuyobotse bagomba gucibwa mu ijuru, ni bwo uwo muyobozi w’abigometse yashyize ku mugaragaro ko arwanya amategeko y’Imana. Yongeye gusubira mu byo yavuze mbere ko abamarayika badakeneye kugenzurwa, ko ahubwo bakwiriye kurekwa bagakurikiza ubushake bwabo kandi ko ibyo ari byo bizabayobora neza. Yarwanyije amategeko y’Imana avuga ko ababuza umudendezo kandi atangaza ko umugambi we ari uwo gukuraho ayo mategeko. Yavuze ko urwo ruzitiro rukuweho byatuma ingabo zo mu ijuru zarushaho kugira icyubahiro n’imibereho myiza kuruta mbere. Satani n’ingabo ze bahuje umubambi maze ikosa ryo kwigomeka kwabo barishyira kuri Kristo. Bavuze ko iyo bataza gucyahwa bataba barigometse. Bityo binangiye muri ubwo bwigomeke bwabo, bashaka gukuraho ubutegetsi bw’Imana ariko biba iby’ubusa. Nyamara bakomeje gutuka Imana bavuga ko ari bazira akarengane gaterwa n’ubutegetsi bw’igitugu, bityo amaherezo uwo mugome ruharwa n’abayoboke be bose bacibwa mu ijuru. Umwuka watangije ubwigomeke mu ijuru uracyateza ubwigomeke ku isi. Satani akomeje kugenza abantu nk’uko yakoze ku bamarayika. Muri iki gihe umwuka we uganje mu batumvira. Nk’uko na we yabigenje, bashaka gukuraho ibyo amategeko y’Imana ababuza maze bagasezeranira abantu umudendezo bazagira binyuze mu kurenga ku byo ayo mategeko asaba. Gucyaha icyaha biracyabyutsa umwuka w’urwango no kwinangira. Iyo ubutumwa bw’Imana buburira abantu bugeze mu mutima, Satani atera abantu kwigira abere no gushaka ababashyigikira mu cyaha cyabo. Mu cyimbo cyo gukosora amakosa yabo, barakarira ubacyaha nk’aho ari we ntandaro y’ibibazo. Uhereye mu gihe cy’umukiranutsi Abeli ukageza none, uwo ni wo mwuka wagiye ugaragarizwa abantu batinyuka gucyaha icyaha. Satani ashora abantu mu gukora icyaha akoresheje kugaragaraza nabi imico y’Imana nk’uko yabigenje mu ijuru, agatera abantu kubona Imana nk’intavumera n’inyagitugu. Ubwo yari amaze kubigeraho, yavuze ko amategeko y’Imana adatunganye ari yo yateye umuntu gucumura nk’uko na we ari yo yamuteye kwigomeka. Ariko Uwiteka Imana ubwe atangaza imico ye muri aya magambo ati: “Uwiteka, Uwiteka, Imana y’ibambe n’imbabazi, itinda kurakara, ifite kugira neza kwinshi n’umurava mwinshi, 366
Itorero na Leta ku Rugamba igumanira abantu imbabazi, ikageza ku buzukuruza babo b’ibihe igihumbi, ibabarira gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha.” 701 Ubwo Satani yacibwaga mu ijuru, Imana yerekanye ubutabera bwayo kandi ifuhira icyubahiro cy’ingoma yayo. Ariko ubwo umuntu yakoraga icyaha bitewe no kwemera uburiganya bwa Satani, Imana yatanze igihamya cy’urukundo rwayo ubwo yatangaga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo apfire abantu bacumuye. Imico y’Imana igaragarira mu gitambo cy’i Kaluvari. Umusaraba utanga igihamya gikomeye ku isanzure ryose ko gukora icyaha Satani yahisemo ari nta mpamvu n’imwe gufite yo gushinjwa ubutegetsi bw’Imana. Mu ntambara yari ihanganishije Kristo na Satani igihe Yesu yakoraga umurimo we hano ku isi, imico nyakuri y’umushukanyi ukomeye yarigaragaje. Nta kintu cyatumye abamarayika bo mu ijuru ndetse n’abo mu masi ataracumuye bazinukwa Satani nk’ubugome bw’indengakamere yagiriye Umucunguzi w’isi. Guhangara gutuka Imana yagize ubwo yasabaga Kristo kumupfukamira, guhangara kumujyana mu mpinga y’umusozi no kumuhagarika ku gasongero k’urusengero, uburiganya yamugerageresheje amusaba kwijugunya hasi aturutse ahantu harehare cyane, ubugome budacogora bwamuhigaga aho yajyaga hose maze Satani agatera abatambyi na rubanda kwanga urukundo rwe kandi amaherezo bagatera hejuru bati: “Nabambwe! Nabambwe!” -ibyo byose byatangaje kandi bibabaza isi n’ijuru. Satani ni we wateye abantu kwanga Kristo. Shebuja w’ikibi yakoresheje imbaraga ze zose n’uburyarya bwe bwose kugira ngo arimbure Yesu. Ibyo yabitewe n’uko yabonaga ko imbabazi, impuhwe n’urukundo by’Umukiza bigaragariza abatuye isi imico y’Imana. Satani yarwanyaga icyo Umwana w’Imana yavugaga cyose kandi yakoreshaga abantu nk’abakozi be kugira ngo yuzuze imibabaro n’agahinda mu mibereho y’Umukiza. Ubucakura bwinshi n’ibinyoma yakoresheje kugira ngo akome umurimo wa Yesu mu nkokora, urwango yagaragarije mu batumvira Imana, ibirego bye byuzuye ubugome yashinje Yesu warangwaga n’imibereho y’ubugwaneza butagereranywa, ibyo byose byakomokaga ku kwihorera. Umuriro w’ishyari n’ubugome, urwango no kwihorera wagurumaniye i Kalivari ku Mwana w’Imana, mu gihe abo mu ijuru bose bitegerezaga ibyabaga bacecetse kandi banyinyiriwe. Ubwo yari amaze kwitangaho igitambo gikomeye, Kristo yarazamutse ajya mu ijuru, ntiyakundira abamarayika kumuramya atarasaba Se agira ati: “Data, abo wampaye, ndashaka ko aho ndi nabo babana nanjye.” Yohana 17:24. Ku ntebe y’ubwami bw’Imana haturutse igisubizo cyuzuye urukundo n’imbaraga bitarondorwa ngo: “Abamarayika b’Imana bose bamuramye.” Abaheburayo 1:6. Nta nenge Yesu yari afite. Gucishwa bugufi kwe kwari kurangiye, igitambo cye cyari kirangiye maze ahabwa izina riruta andi mazina yose. Noneho icyaha cya Satani nta rwitwazo cyari kigifite. Yari yaragaragaje imico ye nyakuri ko ari umubeshyi n’umwicanyi. Byagaragaye ko umwuka yayobozaga abantu bari munsi y’ubutegetsi bwe ari na wo aba yarategekesheje iyo aza kwemererwa kuyobora abo mu ijuru. Yari yaravuze ko kugomera amategeko y’Imana bizatuma habaho umudendezo no guhabwa 367
- Page 323 and 324: Itorero na Leta ku Rugamba bukwe.
- Page 325 and 326: Itorero na Leta ku Rugamba watanzwe
- Page 327 and 328: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 329 and 330: Itorero na Leta ku Rugamba biteguye
- Page 331 and 332: Itorero na Leta ku Rugamba Iyo nyam
- Page 333 and 334: Itorero na Leta ku Rugamba yacyo nd
- Page 335 and 336: Itorero na Leta ku Rugamba n’uko
- Page 337 and 338: Itorero na Leta ku Rugamba w’icyu
- Page 339 and 340: Itorero na Leta ku Rugamba cya Pati
- Page 341 and 342: Itorero na Leta ku Rugamba itsinda
- Page 343 and 344: Itorero na Leta ku Rugamba cy’Isa
- Page 345 and 346: Itorero na Leta ku Rugamba Muri iki
- Page 347 and 348: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 349 and 350: Itorero na Leta ku Rugamba Imana. A
- Page 351 and 352: Itorero na Leta ku Rugamba naje guk
- Page 353 and 354: Itorero na Leta ku Rugamba kumvira
- Page 355 and 356: Itorero na Leta ku Rugamba Nimutyo
- Page 357 and 358: Itorero na Leta ku Rugamba gushyigi
- Page 359 and 360: Itorero na Leta ku Rugamba Izo ni z
- Page 361 and 362: Itorero na Leta ku Rugamba Ibitabo
- Page 363 and 364: Itorero na Leta ku Rugamba ati: “
- Page 365 and 366: Itorero na Leta ku Rugamba nk’uko
- Page 367 and 368: Itorero na Leta ku Rugamba kureba u
- Page 369 and 370: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 371 and 372: Itorero na Leta ku Rugamba Kwirata
- Page 373: Itorero na Leta ku Rugamba yinjizag
- Page 377 and 378: Itorero na Leta ku Rugamba nyuma ih
- Page 379 and 380: Itorero na Leta ku Rugamba Urwango
- Page 381 and 382: Itorero na Leta ku Rugamba imbaraga
- Page 383 and 384: Itorero na Leta ku Rugamba Petero a
- Page 385 and 386: Itorero na Leta ku Rugamba Ibindi b
- Page 387 and 388: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 389 and 390: Itorero na Leta ku Rugamba gisigaye
- Page 391 and 392: Itorero na Leta ku Rugamba Mu ntwar
- Page 393 and 394: Itorero na Leta ku Rugamba n’umun
- Page 395 and 396: Itorero na Leta ku Rugamba Muri icy
- Page 397 and 398: Itorero na Leta ku Rugamba Satani n
- Page 399 and 400: Itorero na Leta ku Rugamba Abandits
- Page 401 and 402: Itorero na Leta ku Rugamba “Dukur
- Page 403 and 404: Itorero na Leta ku Rugamba gukundwa
- Page 405 and 406: Itorero na Leta ku Rugamba w’Iman
- Page 407 and 408: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se
- Page 409 and 410: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 411 and 412: Itorero na Leta ku Rugamba insangan
- Page 413 and 414: Itorero na Leta ku Rugamba Imyuka i
- Page 415 and 416: Itorero na Leta ku Rugamba budashid
- Page 417 and 418: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 419 and 420: Itorero na Leta ku Rugamba Ubuporot
- Page 421 and 422: Itorero na Leta ku Rugamba Gusenga
- Page 423 and 424: Itorero na Leta ku Rugamba imyaka i
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
igumanira abantu imbabazi, ikageza <strong>ku</strong> buzu<strong>ku</strong>ruza babo b’ibihe igihumbi, ibabarira<br />
gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha.” 701<br />
Ubwo Satani yacibwaga mu ijuru, Ima<strong>na</strong> yerekanye ubutabera bwayo kandi ifuhira<br />
icyubahiro cy’ingoma yayo. Ariko ubwo umuntu yakoraga icyaha bitewe no kwemera<br />
uburiganya bwa Satani, Ima<strong>na</strong> yatanze igihamya cy’uru<strong>ku</strong>ndo rwayo ubwo yatangaga<br />
Umwa<strong>na</strong> wayo w’ikinege <strong>ku</strong>gira ngo apfire abantu bacumuye. Imico y’Ima<strong>na</strong> igaragarira mu<br />
gitambo cy’i Kaluvari. Umusaraba utanga igihamya gikomeye <strong>ku</strong> isanzure ryose ko gukora<br />
icyaha Satani yahisemo ari nta mpamvu n’imwe gufite yo gushinjwa ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong>.<br />
Mu ntambara yari ihanganishije Kristo <strong>na</strong> Satani igihe Yesu yakoraga umurimo we hano<br />
<strong>ku</strong> isi, imico nya<strong>ku</strong>ri y’umushukanyi ukomeye yarigaragaje. Nta kintu cyatumye abamarayika<br />
bo mu ijuru ndetse n’abo mu masi ataracumuye bazinukwa Satani nk’ubugome<br />
bw’indengakamere yagiriye Umucunguzi w’isi. Guhangara gutuka Ima<strong>na</strong> yagize ubwo<br />
yasabaga Kristo <strong>ku</strong>mupfukamira, guhangara <strong>ku</strong>mujya<strong>na</strong> mu mpinga y’umusozi no<br />
<strong>ku</strong>muhagarika <strong>ku</strong> gasongero k’urusengero, uburiganya yamugerageresheje amusaba<br />
kwijugunya hasi aturutse ahantu harehare cyane, ubugome budacogora bwamuhigaga aho<br />
yajyaga hose maze Satani agatera abatambyi <strong>na</strong> rubanda kwanga uru<strong>ku</strong>ndo rwe kandi<br />
amaherezo bagatera hejuru bati: “Nabambwe! Nabambwe!” -ibyo byose byatangaje kandi<br />
bibabaza isi n’ijuru.<br />
Satani ni we wateye abantu kwanga Kristo. Shebuja w’ikibi yakoresheje imbaraga ze zose<br />
n’uburyarya bwe bwose <strong>ku</strong>gira ngo arimbure Yesu. Ibyo yabitewe n’uko yabo<strong>na</strong>ga ko<br />
imbabazi, impuhwe n’uru<strong>ku</strong>ndo by’Umukiza bigaragariza abatuye isi imico y’Ima<strong>na</strong>. Satani<br />
yarwanyaga icyo Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yavugaga cyose kandi yakoreshaga abantu nk’abakozi<br />
be <strong>ku</strong>gira ngo yuzuze imibabaro n’agahinda mu mibereho y’Umukiza. Ubuca<strong>ku</strong>ra bwinshi<br />
n’ibinyoma yakoresheje <strong>ku</strong>gira ngo akome umurimo wa Yesu mu nkokora, urwango<br />
yagaragarije mu batumvira Ima<strong>na</strong>, ibirego bye byuzuye ubugome yashinje Yesu warangwaga<br />
n’imibereho y’ubugwaneza butagereranywa, ibyo byose byakomokaga <strong>ku</strong> kwihorera.<br />
Umuriro w’ishyari n’ubugome, urwango no kwihorera wagurumaniye i Kalivari <strong>ku</strong> Mwa<strong>na</strong><br />
w’Ima<strong>na</strong>, mu gihe abo mu ijuru bose bitegerezaga ibyabaga bacecetse kandi banyinyiriwe.<br />
Ubwo yari amaze kwitangaho igitambo gikomeye, Kristo yarazamutse ajya mu ijuru,<br />
ntiya<strong>ku</strong>ndira abamarayika <strong>ku</strong>muramya atarasaba Se agira ati: “Data, abo wampaye, ndashaka<br />
ko aho ndi <strong>na</strong>bo baba<strong>na</strong> <strong>na</strong>njye.” Yoha<strong>na</strong> 17:24. Ku ntebe y’ubwami bw’Ima<strong>na</strong> haturutse<br />
igisubizo cyuzuye uru<strong>ku</strong>ndo n’imbaraga bitarondorwa ngo: “Abamarayika b’Ima<strong>na</strong> bose<br />
bamuramye.” Abaheburayo 1:6. Nta nenge Yesu yari afite. Gucishwa bugufi kwe kwari<br />
<strong>ku</strong>rangiye, igitambo cye cyari kirangiye maze ahabwa izi<strong>na</strong> riruta andi mazi<strong>na</strong> yose.<br />
Noneho icyaha cya Satani nta rwitwazo cyari kigifite. Yari yaragaragaje imico ye nya<strong>ku</strong>ri<br />
ko ari umubeshyi n’umwicanyi. Byagaragaye ko umwuka yayobozaga abantu bari munsi<br />
y’ubutegetsi bwe ari <strong>na</strong> wo aba yarategekesheje iyo aza kwemererwa <strong>ku</strong>yobora abo mu ijuru.<br />
Yari yaravuze ko <strong>ku</strong>gomera amategeko y’Ima<strong>na</strong> bizatuma habaho umudendezo no guhabwa<br />
367