07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubwigomeke bwa Satani bwagombaga <strong>ku</strong>bera icyigisho gikomeye abatuye isi n’ijuru bo<br />

mu bihe byose byajyaga <strong>ku</strong>za<strong>ku</strong>rikiraho, bukaba igihamya gihoraho kigaragaza kamere<br />

y’icyaha n’ingaruka zacyo zishisha<strong>na</strong>. Ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya Satani, ingaruka<br />

byagize <strong>ku</strong> bantu no <strong>ku</strong> bamarayika byagombaga kwereka<strong>na</strong> umusaruro uva mu kwirengagiza<br />

ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong>. Byagombaga guhamya ko <strong>ku</strong>baho k’ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong> n’amategeko<br />

ari byo shingiro ryo <strong>ku</strong>gubwa neza kw’ibyo yaremye byose. Bityo rero, amateka y’uko<br />

kwigomeka gushisha<strong>na</strong> yagombaga <strong>ku</strong>zaba uburinzi buhoraho <strong>ku</strong> bamarayika bera, <strong>ku</strong>gira<br />

ngo abarinde <strong>ku</strong>ba bashukwa <strong>ku</strong> byerekeye kamere yo <strong>ku</strong>gomera amategeko, akabarinda<br />

gukora icyaha no <strong>ku</strong>zababazwa n’igihano cyacyo.<br />

Ubwo intambara yo mu ijuru yari igeze mu mahenuka rwose, uwo mushukanyi ukomeye<br />

yakomeje <strong>ku</strong>garagaza ko afite u<strong>ku</strong>ri. Ubwo hatangwaga itangazo ko Satani n’abamarayika<br />

bose bamuyobotse bagomba gucibwa mu ijuru, ni bwo uwo muyobozi w’abigometse yashyize<br />

<strong>ku</strong> mugaragaro ko arwanya amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Yongeye gusubira mu byo yavuze mbere ko<br />

abamarayika badakeneye <strong>ku</strong>genzurwa, ko ahubwo bakwiriye <strong>ku</strong>rekwa baga<strong>ku</strong>rikiza ubushake<br />

bwabo kandi ko ibyo ari byo bizabayobora neza. Yarwanyije amategeko y’Ima<strong>na</strong> avuga ko<br />

ababuza umudendezo kandi atangaza ko umugambi we ari uwo gu<strong>ku</strong>raho ayo mategeko.<br />

Yavuze ko urwo ruzitiro ru<strong>ku</strong>weho byatuma ingabo zo mu ijuru zarushaho <strong>ku</strong>gira icyubahiro<br />

n’imibereho myiza <strong>ku</strong>ruta mbere.<br />

Satani n’ingabo ze bahuje umubambi maze ikosa ryo kwigomeka kwabo barishyira <strong>ku</strong>ri<br />

Kristo. Bavuze ko iyo bataza gucyahwa bataba barigometse. Bityo bi<strong>na</strong>ngiye muri ubwo<br />

bwigomeke bwabo, bashaka gu<strong>ku</strong>raho ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong> ariko biba iby’ubusa. Nyamara<br />

bakomeje gutuka Ima<strong>na</strong> bavuga ko ari bazira akarengane gaterwa n’ubutegetsi bw’igitugu,<br />

bityo amaherezo uwo mugome ruharwa n’abayoboke be bose bacibwa mu ijuru.<br />

Umwuka watangije ubwigomeke mu ijuru uracyateza ubwigomeke <strong>ku</strong> isi. Satani akomeje<br />

<strong>ku</strong>genza abantu nk’uko yakoze <strong>ku</strong> bamarayika. Muri iki gihe umwuka we uganje mu<br />

batumvira. Nk’uko <strong>na</strong> we yabigenje, bashaka gu<strong>ku</strong>raho ibyo amategeko y’Ima<strong>na</strong> ababuza<br />

maze bagasezeranira abantu umudendezo bazagira binyuze mu <strong>ku</strong>renga <strong>ku</strong> byo ayo mategeko<br />

asaba. Gucyaha icyaha biracyabyutsa umwuka w’urwango no kwi<strong>na</strong>ngira. Iyo ubutumwa<br />

bw’Ima<strong>na</strong> buburira abantu bugeze mu mutima, Satani atera abantu kwigira abere no gushaka<br />

ababashyigikira mu cyaha cyabo. Mu cyimbo cyo gukosora amakosa yabo, barakarira<br />

ubacyaha nk’aho ari we ntandaro y’ibibazo. Uhereye mu gihe cy’umukiranutsi Abeli ukageza<br />

none, uwo ni wo mwuka wagiye ugaragarizwa abantu batinyuka gucyaha icyaha.<br />

Satani ashora abantu mu gukora icyaha akoresheje <strong>ku</strong>garagaraza <strong>na</strong>bi imico y’Ima<strong>na</strong><br />

nk’uko yabigenje mu ijuru, agatera abantu <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong> nk’intavumera n’inyagitugu. Ubwo<br />

yari amaze <strong>ku</strong>bigeraho, yavuze ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> adatunganye ari yo yateye umuntu<br />

gucumura nk’uko <strong>na</strong> we ari yo yamuteye kwigomeka.<br />

Ariko Uwiteka Ima<strong>na</strong> ubwe atangaza imico ye muri aya magambo ati: “Uwiteka, Uwiteka,<br />

Ima<strong>na</strong> y’ibambe n’imbabazi, itinda <strong>ku</strong>rakara, ifite <strong>ku</strong>gira neza kwinshi n’umurava mwinshi,<br />

366

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!