07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Guhera ubwo atangira gukoresha imbaraga ze zose n’ubuhendanyi bwose yoshya<br />

abamarayika yayoboraga ngo bamu<strong>ku</strong>rikire. Ndetse n’imiburo Yesu yari yamuhaye amugira<br />

i<strong>na</strong>ma yo <strong>ku</strong>reka ubwo bugome yarayigoretse ayihinduramo gahunda ze z’ubugambanyi.<br />

Abamarayika bamugiriraga icyizere cyane yari yarabagaragarije ko yarenganyijwe, ko<br />

umwanya yari arimo utubashywe, kandi ko umudendezo we ugiye <strong>ku</strong>gabanywa. Yahereye <strong>ku</strong><br />

<strong>ku</strong>goreka amagambo ya Kristo maze a<strong>ku</strong>rikizaho <strong>ku</strong>beshya, arega Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> ko afite<br />

umugambi wo <strong>ku</strong>mucisha bugufi imbere y’abatuye ijuru. Ya<strong>na</strong>shatse kandi uko yateza<br />

ikibazo hagati ye n’abamarayika bumvira Ima<strong>na</strong>. Abamarayika bose atashoboraga<br />

kwigarurira ngo abashyire mu ruhande rwe, yabareze <strong>ku</strong>tagira icyo bitaho mu bireba abo mu<br />

ijuru. Umurimo mubi we ubwe yakoraga yawugeretse <strong>ku</strong> bamarayika bakomeje <strong>ku</strong>ba<br />

indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. Kandi <strong>ku</strong>gira ngo ashyigikire ikirego yaregaga Ima<strong>na</strong> ko<br />

yamurenganyije, yifashishije <strong>ku</strong>goreka amagambo n’ibikorwa by’Umuremyi. Byari<br />

umugambo we wo gutera abamarayika gushidikanya akoresheje ingingo z’uburiganya <strong>ku</strong><br />

byerekeye imigambi y’Ima<strong>na</strong>. Ikintu cyose cyari cyoroshye cyumvika<strong>na</strong> yagihinduye<br />

amayobera, kandi <strong>ku</strong>bw’uburyarya atera gushidikanya <strong>ku</strong> magambo yumvika<strong>na</strong> yavuzwe <strong>na</strong><br />

Yehova. Umwanya wo hejuru yari afite, kandi akaba yari yegereye ubuyobozi bw’Ima<strong>na</strong>,<br />

byatumye ibinyoma bye bigira imbaraga bityo bitera abamarayika benshi kwifatanya <strong>na</strong> we<br />

mu <strong>ku</strong>gomera ubutegetsi bw’Ijuru.<br />

Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bw’ubwenge bwayo, yemereye Satani gukomeza umurimo we <strong>ku</strong>geza igihe<br />

umwuka w’urwango wagwiriye ugahinduka kwivumbagatanya. Byari ngombwa ko imigambi<br />

ya Satani i<strong>ku</strong>ra mu buryo bwuzuye maze kamere nya<strong>ku</strong>ri y’iyo migambi ndetse n’aho<br />

yerekeza bikagaragarira bose. Nk’umukerubi wasizwe, Lusiferi yari yarashyizwe hejuru<br />

cyane; ya<strong>ku</strong>ndwaga cyane n’abo mu ijuru, kandi bamugiriraga icyizere gikomeye. Ubutegetsi<br />

bw’Ima<strong>na</strong> ntibwagarukiraga gusa <strong>ku</strong> baturage bo mu ijuru, ahubwo bwarimo n’amasi yose<br />

Ima<strong>na</strong> yaremye; bityo Satani yibwiraga ko <strong>na</strong>basha gushora abamarayika bo mu ijuru mu<br />

<strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong>, aza<strong>na</strong>basha kwigarurira andi masi. Yakoresheje uburyarya n’ubuca<strong>ku</strong>ra<br />

bukomeye <strong>ku</strong>gira ngo afate ibitekerezo by’abo ashaka <strong>ku</strong>gira abayoboke be. Yari afite<br />

imbaraga zikomeye z’ubushukanyi, kandi <strong>ku</strong>bwo kwiyoberanya yitwikiriye ikinyoma, yari<br />

yageze <strong>ku</strong> ntego ye. Ndetse n’abamarayika bayoboka Ima<strong>na</strong> ntibashoboraga <strong>ku</strong>menya neza<br />

imico ye cyangwa ngo babone aho ibyo yakoraga byerekeza.<br />

Satani yari yarubashywe cyane, kandi ibyo yakoraga byose byari amayobera <strong>ku</strong> buryo<br />

byari bikomereye abamarayika gutahura kamere nya<strong>ku</strong>ri y’ibyo yakoraga. Igihe icyaha cyari<br />

kitara<strong>ku</strong>ra rwose mu buryo bwuzuye, nticyashoboraga <strong>ku</strong>garagara ko ari kibi nk’uko cyari<br />

kiri. Kuva mbere hose <strong>ku</strong>geza ubwo, icyaha nticyari cyaragize umwanya mu isanzure<br />

ryaremwe n’Ima<strong>na</strong> kandi ibiremwa bizira inenge ntibyari bisobanukiwe ka kamere yacyo<br />

n’ububi bwacyo. Ntabwo bashoboraga <strong>ku</strong>menya ingaruka ziteye ubwoba zari guturuka <strong>ku</strong><br />

kwirengagiza amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Bigitangira, Satani yari yarahishe umurimo we<br />

awutwikiriza ibisa no <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong>. Yavugaga ko aharanira icyubahiro cy’Ima<strong>na</strong>,<br />

umutekano no guhama by’ubutegetsi bwayo ndetse n’ibyiza by’abo mu ijuru bose. Ubwo<br />

364

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!