Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Kubera ko itegeko ry’urukundo ari ryo rufatiro rw’ingoma y’Imana, umunezero w’ibiremwa byose wari ushingiye ku guhuza rwose n’amahame akomeye y’ubutungane agenga iyo ngoma. Imana ishaka ko abo yaremye bose bayikorera mu rukundo — bakayiha ikuzo biturutse ku kunyurwa n’imico yayo. Ntabwo Imana ishimishwa no guhatira umuntu kuyubaha, kandi iha abantu bose umudendezo wo kwihitiramo icyo bashaka, kugira ngo babashe kuyikorera biturutse ku bushake bwabo. Ariko habayeho umwe wahisemo gukoresha uwo mudendezo nabi. Icyaha cyakomotse ku wari ukurikiye Kristo, uwari yarahawe ikuzo n’Imana kandi warushaga imbaraga n’ikuzo abaturage bo mu ijuru. Lusiferi ataracumura, yari umukerubi utwikira, uzira inenge kandi utunganye rwose. “Umva uko Umwami Uwiteka avuga ngo ‘wari intungane rwose, wuzuye ubwenge n’ubwiza buhebuje. Wahoze mu Edeni, ya ngobyi y’Imana; umwambaro wawe wari ibuye ryose ry’igiciro cyinshi. . . Wari warasigiwe kugira ngo ube umukerubi utwikira, kandi nagushyizeho kugira ngo ube ku musozi wera w’Imana, wagendagendaga hagati y’amabuye yaka umuriro. Wari utunganye bihebuje mu nzira zawe zose uhereye umunsi waremweho, kugeza igihe wabonetsweho gukiranirwa.’” 699 Lusiferi yajyaga gukomeza kuba inkoramutima ku Mana, agakundwa kandi akubahwa n’ingabo z’abamarayika bose, agakoresha imbaraga yahawe zigahesha abandi umugisha kandi zigahesha Umuremyi we ikuzo. Ariko umuhanuzi aravuga ati: “Ubwiza bwawe ni bwo bwateye umutima wawe kwishyira hejuru, kubengerana kwawe ni ko kononnye ubwenge bwawe.” (Ezekiyeli 28:17). Ni ruto ni ruto, Lusiferi yageze aho aha intebe icyifuzo cyo kwikuza. “Wagereranije umutima wawe n’umutima w’Imana.” (Umurongo wa 6). “Waribwiraga uti: ‘Nzazamuka njye mu ijuru, nkuze intebe yanjye y’ubwami, isumbe inyenyeri z’Imana’, kandi uti: ‘Nzicara ku musozi w’iteraniro, . . . nzaba nk’Isumbabyose.” 700 Mu cyimbo cyo guharanira gushyira Imana imbere mu rukundo n’icyubahiro by’ibiremwa byayo, Lusiferi yashishikariye ko ari we uhabwa icyubahiro kandi agakorerwa n’abo mu ijuru. Kubwo kwifuza icyubahiro Imana ihoraho yari yarahaye Umwana wayo, uyu wari umutware w’abamarayika yararikiye ubutware bwari bugenewe Kristo wenyine. Ijuru ryose ryishimiraga kugaragaza ikuzo ry’Umuremyi no kumusingiza. Igihe Imana yahabwaga ikuzo ityo, mu ijuru hose hari amahoro n’umunezero. Ariko akajwi kamwe kanyuranyije n’andi noneho kahungabanyije uguhuza kwari mu ijuru. Kwishyira hejuru, gucisha ukubiri n’umugambi w’Umuremyi byateye kwikanga ikibi mu bashyiraga imbere ikuzo ry’Imana. Nuko mu ijuru hateranira inama zo gukebura Lusiferi. Umwana w’Imana yamweretse ugukomera, ubugwaneza ndetse n’ubutabera bw’Umuremyi, kandi anamwereka kamere itunganye kandi idahinduka y’amategeko y’Imana. Imana ubwayo ni yo yari yarashyizeho gahunda ikurikizwa mu ijuru; kandi gucisha ukubiri n’iyo gahunda byatumye Lusiferi asuzugura Umuremyi we maze yizanira kurimbuka. Nyamara imiburo yakomeje gutanganwa urukundo n’imbabazi ariko icyo yakoze ni ukumutera kwinangira. Lusiferi yemereye ishyari yari afitiye Kristo kumuganza, maze arushaho gushikama ku mugambi we. 362
Itorero na Leta ku Rugamba Kwirata ikuzo yari afite ni byo byamuteye kwifuza umwanya ukomeye. Icyubahiro gikomeye cyane Lusiferi yari yarahawe n’Imana nk’impano ntiyanyuzwe na cyo kandi ntibyamuteye gushima Umuremyi. Yishimiye kurabagirana kwe no gushyirwa hejuru maze yifuza guhwana n’Imana. Abamarayika bose bo mu ijuru baramukundaga kandi bakamwubaha. Abamarayika na none bishimiraga gukora ibyo abategetse, kandi yabarushaga ubwenge n’ubwiza. Nyamara bose bari bazi ko Umwana w’Imana ari Igikomangoma cy’ijuru, kandi ko ahuje na Se ububasha n’ubutware. Mu nama zose z’Imana, Kristo yabaga azirimo mu gihe Lusiferi we atari yemerewe kujya mu nama z’Imana. Uyu mumarayika ukomeye yarabajije ati: “Kuki Kristo yagira isumbwe? Ni mpamvu ki yahabwa icyubahiro kirenze icya Lusiferi?” Lusiferi yavuye mu mwanya yari arimo imbere y’Imana maze ajya gukwirakwiza umwuka wo kutanyurwa mu bamarayika. Yamaze igihe akorera mu ibanga, ahisha abandi bamarayika imigambi ye nyakuri mu kwerekana ko yubaha Imana. Yihatiye guteza kutanyurwa n’amategeko agenga ab’ijuru, akavuga ko ayo mategeko asaba ibintu bitari ngombwa. Kubera ko kamere y’abamarayika yari itunganye, yasabaga ko bakwiriye kumvira ubushake bwabo. Yashakaga uko yabikururira bakamuyoboka avuga ko Imana itamugiriye iby’ubutabera ubwo yahaga Kristo icyubahiro kirenze. Yavugaga ko mu gushaka ubutware buruseho ndetse n’icyubahiro atagamije kwishyira hejuru, ko ahubwo ashaka guhesha umudendezo abaturage bose bari mu ijuru, kandi kubw’ibyo bashobora kugera ku rugero rw’imibereho rwisumbuye. Imana kubw’imbabazi zayo nyinshi yihanganiye Lusiferi igihe kirekire. Ntabwo igihe cya mbere yahaga icyicaro umwuka we wo kutanyurwa yahereye ko akurwa mu mwanya we w’icyubahiro yari yarahawe, haba ndetse n’igihe yatangiraga kugenda avugira ibinyoma imbere y’abamarayika bumvira. Yamaze igihe kirekire arekewe mu ijuru. Inshuro nyinshi yagiye asezeranirwa ko azababarirwa naramuka yihannye kandi akayoboka Imana. Umuhati mwinshi washoboraga gukoreshwa n’Imana y’urukundo n’ubwenge butagerwa warakoreshejwe kugira ngo Lusiferi yemezwe ikosa rye. Umwuka wo kutanyurwa ntiwari warigeze umenyekana mu ijuru. Ku ikubitiro na Lusiferi ntiyamenye ibyo yakoraga; ntabwo yasobanukirwaga neza na kamere nyakuri y’ibyari muri we. Ariko ubwo uko kutanyurwa kwe kwagaragazwaga ko nta shingiro gufite, ntabwo Lusiferi yemeye ko ari mu mafuti, ntiyemeye ko amabwiriza y’ijuru atunganye kandi ko akwiriye kuyazirikana nk’uko yemerwaga mbere hose n’ab’ijuru bose. Iyo abigenza atyo, aba yarikijije ubwe kandi agakiza n’abamarayika benshi. Muri icyo gihe ntiyemeye guha Imana icyubahiro abikuye ku mutima. Nubwo yari yaranze umwanya we wo kuba umukerubi utwikira, ariko iyo aza kugira ubushake bwo kugarukira Imana, akemera ubuhanga bw’Umuremyi, kandi akanyurwa no kuba mu mwanya yashyizwemo ubwo Imana yakoraga umugambi wayo ukomeye, aba yarasubijwe ku nshingano ye. Ariko ubwibone bwamubujije kwicisha bugufi. Yakomeje gushyigikira inzira yahisemo adatezuka, akomeza kwinangira avuga ko adakeneye kwihana, ahubwo yiyemeza rwose gushoza intambara ikomeye arwanya Umuremyi we. 363
- Page 319 and 320: Itorero na Leta ku Rugamba Nk’uko
- Page 321 and 322: Itorero na Leta ku Rugamba Uko kuza
- Page 323 and 324: Itorero na Leta ku Rugamba bukwe.
- Page 325 and 326: Itorero na Leta ku Rugamba watanzwe
- Page 327 and 328: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 329 and 330: Itorero na Leta ku Rugamba biteguye
- Page 331 and 332: Itorero na Leta ku Rugamba Iyo nyam
- Page 333 and 334: Itorero na Leta ku Rugamba yacyo nd
- Page 335 and 336: Itorero na Leta ku Rugamba n’uko
- Page 337 and 338: Itorero na Leta ku Rugamba w’icyu
- Page 339 and 340: Itorero na Leta ku Rugamba cya Pati
- Page 341 and 342: Itorero na Leta ku Rugamba itsinda
- Page 343 and 344: Itorero na Leta ku Rugamba cy’Isa
- Page 345 and 346: Itorero na Leta ku Rugamba Muri iki
- Page 347 and 348: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 349 and 350: Itorero na Leta ku Rugamba Imana. A
- Page 351 and 352: Itorero na Leta ku Rugamba naje guk
- Page 353 and 354: Itorero na Leta ku Rugamba kumvira
- Page 355 and 356: Itorero na Leta ku Rugamba Nimutyo
- Page 357 and 358: Itorero na Leta ku Rugamba gushyigi
- Page 359 and 360: Itorero na Leta ku Rugamba Izo ni z
- Page 361 and 362: Itorero na Leta ku Rugamba Ibitabo
- Page 363 and 364: Itorero na Leta ku Rugamba ati: “
- Page 365 and 366: Itorero na Leta ku Rugamba nk’uko
- Page 367 and 368: Itorero na Leta ku Rugamba kureba u
- Page 369: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 373 and 374: Itorero na Leta ku Rugamba yinjizag
- Page 375 and 376: Itorero na Leta ku Rugamba igumanir
- Page 377 and 378: Itorero na Leta ku Rugamba nyuma ih
- Page 379 and 380: Itorero na Leta ku Rugamba Urwango
- Page 381 and 382: Itorero na Leta ku Rugamba imbaraga
- Page 383 and 384: Itorero na Leta ku Rugamba Petero a
- Page 385 and 386: Itorero na Leta ku Rugamba Ibindi b
- Page 387 and 388: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 389 and 390: Itorero na Leta ku Rugamba gisigaye
- Page 391 and 392: Itorero na Leta ku Rugamba Mu ntwar
- Page 393 and 394: Itorero na Leta ku Rugamba n’umun
- Page 395 and 396: Itorero na Leta ku Rugamba Muri icy
- Page 397 and 398: Itorero na Leta ku Rugamba Satani n
- Page 399 and 400: Itorero na Leta ku Rugamba Abandits
- Page 401 and 402: Itorero na Leta ku Rugamba “Dukur
- Page 403 and 404: Itorero na Leta ku Rugamba gukundwa
- Page 405 and 406: Itorero na Leta ku Rugamba w’Iman
- Page 407 and 408: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko se
- Page 409 and 410: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 411 and 412: Itorero na Leta ku Rugamba insangan
- Page 413 and 414: Itorero na Leta ku Rugamba Imyuka i
- Page 415 and 416: Itorero na Leta ku Rugamba budashid
- Page 417 and 418: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 419 and 420: Itorero na Leta ku Rugamba Ubuporot
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Kwirata i<strong>ku</strong>zo yari afite ni byo byamuteye kwifuza umwanya ukomeye. Icyubahiro<br />
gikomeye cyane Lusiferi yari yarahawe n’Ima<strong>na</strong> nk’impano ntiyanyuzwe <strong>na</strong> cyo kandi<br />
ntibyamuteye gushima Umuremyi. Yishimiye <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kwe no gushyirwa hejuru maze<br />
yifuza guhwa<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong>.<br />
Abamarayika bose bo mu ijuru baramu<strong>ku</strong>ndaga kandi bakamwubaha. Abamarayika <strong>na</strong><br />
none bishimiraga gukora ibyo abategetse, kandi yabarushaga ubwenge n’ubwiza. Nyamara<br />
bose bari bazi ko Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> ari Igikomangoma cy’ijuru, kandi ko ahuje <strong>na</strong> Se<br />
ububasha n’ubutware. Mu <strong>na</strong>ma zose z’Ima<strong>na</strong>, Kristo yabaga azirimo mu gihe Lusiferi we<br />
atari yemerewe <strong>ku</strong>jya mu <strong>na</strong>ma z’Ima<strong>na</strong>. Uyu mumarayika ukomeye yarabajije ati: “Kuki<br />
Kristo yagira isumbwe? Ni mpamvu ki yahabwa icyubahiro kirenze icya Lusiferi?”<br />
Lusiferi yavuye mu mwanya yari arimo imbere y’Ima<strong>na</strong> maze ajya gukwirakwiza umwuka<br />
wo <strong>ku</strong>tanyurwa mu bamarayika. Yamaze igihe akorera mu ibanga, ahisha abandi bamarayika<br />
imigambi ye nya<strong>ku</strong>ri mu kwereka<strong>na</strong> ko yubaha Ima<strong>na</strong>. Yihatiye guteza <strong>ku</strong>tanyurwa<br />
n’amategeko agenga ab’ijuru, akavuga ko ayo mategeko asaba ibintu bitari ngombwa. Kubera<br />
ko kamere y’abamarayika yari itunganye, yasabaga ko bakwiriye <strong>ku</strong>mvira ubushake bwabo.<br />
Yashakaga uko yabi<strong>ku</strong>rurira bakamuyoboka avuga ko Ima<strong>na</strong> itamugiriye iby’ubutabera ubwo<br />
yahaga Kristo icyubahiro kirenze. Yavugaga ko mu gushaka ubutware buruseho ndetse<br />
n’icyubahiro atagamije kwishyira hejuru, ko ahubwo ashaka guhesha umudendezo abaturage<br />
bose bari mu ijuru, kandi <strong>ku</strong>bw’ibyo bashobora <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> rugero rw’imibereho rwisumbuye.<br />
Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bw’imbabazi zayo nyinshi yihanganiye Lusiferi igihe kirekire. Ntabwo igihe cya<br />
mbere yahaga icyicaro umwuka we wo <strong>ku</strong>tanyurwa yahereye ko a<strong>ku</strong>rwa mu mwanya we<br />
w’icyubahiro yari yarahawe, haba ndetse n’igihe yatangiraga <strong>ku</strong>genda avugira ibinyoma<br />
imbere y’abamarayika bumvira. Yamaze igihe kirekire arekewe mu ijuru. Inshuro nyinshi<br />
yagiye asezeranirwa ko azababarirwa <strong>na</strong>ramuka yihannye kandi akayoboka Ima<strong>na</strong>. Umuhati<br />
mwinshi washoboraga gukoreshwa n’Ima<strong>na</strong> y’uru<strong>ku</strong>ndo n’ubwenge butagerwa<br />
warakoreshejwe <strong>ku</strong>gira ngo Lusiferi yemezwe ikosa rye. Umwuka wo <strong>ku</strong>tanyurwa ntiwari<br />
warigeze umenyeka<strong>na</strong> mu ijuru. Ku i<strong>ku</strong>bitiro <strong>na</strong> Lusiferi ntiyamenye ibyo yakoraga; ntabwo<br />
yasobanukirwaga neza <strong>na</strong> kamere nya<strong>ku</strong>ri y’ibyari muri we. Ariko ubwo uko <strong>ku</strong>tanyurwa kwe<br />
kwagaragazwaga ko nta shingiro gufite, ntabwo Lusiferi yemeye ko ari mu mafuti, ntiyemeye<br />
ko amabwiriza y’ijuru atunganye kandi ko akwiriye <strong>ku</strong>yazirika<strong>na</strong> nk’uko yemerwaga mbere<br />
hose n’ab’ijuru bose. Iyo abigenza atyo, aba yarikijije ubwe kandi agakiza n’abamarayika<br />
benshi. Muri icyo gihe ntiyemeye guha Ima<strong>na</strong> icyubahiro abi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> mutima. Nubwo yari<br />
yaranze umwanya we wo <strong>ku</strong>ba umukerubi utwikira, ariko iyo aza <strong>ku</strong>gira ubushake bwo<br />
<strong>ku</strong>garukira Ima<strong>na</strong>, akemera ubuhanga bw’Umuremyi, kandi akanyurwa no <strong>ku</strong>ba mu mwanya<br />
yashyizwemo ubwo Ima<strong>na</strong> yakoraga umugambi wayo ukomeye, aba yarasubijwe <strong>ku</strong><br />
nshingano ye. Ariko ubwibone bwamubujije kwicisha bugufi. Yakomeje gushyigikira inzira<br />
yahisemo adatezuka, akomeza kwi<strong>na</strong>ngira avuga ko adakeneye kwiha<strong>na</strong>, ahubwo yiyemeza<br />
rwose gushoza intambara ikomeye arwanya Umuremyi we.<br />
363