Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Kubera ko itegeko ry’urukundo ari ryo rufatiro rw’ingoma y’Imana, umunezero w’ibiremwa byose wari ushingiye ku guhuza rwose n’amahame akomeye y’ubutungane agenga iyo ngoma. Imana ishaka ko abo yaremye bose bayikorera mu rukundo — bakayiha ikuzo biturutse ku kunyurwa n’imico yayo. Ntabwo Imana ishimishwa no guhatira umuntu kuyubaha, kandi iha abantu bose umudendezo wo kwihitiramo icyo bashaka, kugira ngo babashe kuyikorera biturutse ku bushake bwabo. Ariko habayeho umwe wahisemo gukoresha uwo mudendezo nabi. Icyaha cyakomotse ku wari ukurikiye Kristo, uwari yarahawe ikuzo n’Imana kandi warushaga imbaraga n’ikuzo abaturage bo mu ijuru. Lusiferi ataracumura, yari umukerubi utwikira, uzira inenge kandi utunganye rwose. “Umva uko Umwami Uwiteka avuga ngo ‘wari intungane rwose, wuzuye ubwenge n’ubwiza buhebuje. Wahoze mu Edeni, ya ngobyi y’Imana; umwambaro wawe wari ibuye ryose ry’igiciro cyinshi. . . Wari warasigiwe kugira ngo ube umukerubi utwikira, kandi nagushyizeho kugira ngo ube ku musozi wera w’Imana, wagendagendaga hagati y’amabuye yaka umuriro. Wari utunganye bihebuje mu nzira zawe zose uhereye umunsi waremweho, kugeza igihe wabonetsweho gukiranirwa.’” 699 Lusiferi yajyaga gukomeza kuba inkoramutima ku Mana, agakundwa kandi akubahwa n’ingabo z’abamarayika bose, agakoresha imbaraga yahawe zigahesha abandi umugisha kandi zigahesha Umuremyi we ikuzo. Ariko umuhanuzi aravuga ati: “Ubwiza bwawe ni bwo bwateye umutima wawe kwishyira hejuru, kubengerana kwawe ni ko kononnye ubwenge bwawe.” (Ezekiyeli 28:17). Ni ruto ni ruto, Lusiferi yageze aho aha intebe icyifuzo cyo kwikuza. “Wagereranije umutima wawe n’umutima w’Imana.” (Umurongo wa 6). “Waribwiraga uti: ‘Nzazamuka njye mu ijuru, nkuze intebe yanjye y’ubwami, isumbe inyenyeri z’Imana’, kandi uti: ‘Nzicara ku musozi w’iteraniro, . . . nzaba nk’Isumbabyose.” 700 Mu cyimbo cyo guharanira gushyira Imana imbere mu rukundo n’icyubahiro by’ibiremwa byayo, Lusiferi yashishikariye ko ari we uhabwa icyubahiro kandi agakorerwa n’abo mu ijuru. Kubwo kwifuza icyubahiro Imana ihoraho yari yarahaye Umwana wayo, uyu wari umutware w’abamarayika yararikiye ubutware bwari bugenewe Kristo wenyine. Ijuru ryose ryishimiraga kugaragaza ikuzo ry’Umuremyi no kumusingiza. Igihe Imana yahabwaga ikuzo ityo, mu ijuru hose hari amahoro n’umunezero. Ariko akajwi kamwe kanyuranyije n’andi noneho kahungabanyije uguhuza kwari mu ijuru. Kwishyira hejuru, gucisha ukubiri n’umugambi w’Umuremyi byateye kwikanga ikibi mu bashyiraga imbere ikuzo ry’Imana. Nuko mu ijuru hateranira inama zo gukebura Lusiferi. Umwana w’Imana yamweretse ugukomera, ubugwaneza ndetse n’ubutabera bw’Umuremyi, kandi anamwereka kamere itunganye kandi idahinduka y’amategeko y’Imana. Imana ubwayo ni yo yari yarashyizeho gahunda ikurikizwa mu ijuru; kandi gucisha ukubiri n’iyo gahunda byatumye Lusiferi asuzugura Umuremyi we maze yizanira kurimbuka. Nyamara imiburo yakomeje gutanganwa urukundo n’imbabazi ariko icyo yakoze ni ukumutera kwinangira. Lusiferi yemereye ishyari yari afitiye Kristo kumuganza, maze arushaho gushikama ku mugambi we. 362

Itorero na Leta ku Rugamba Kwirata ikuzo yari afite ni byo byamuteye kwifuza umwanya ukomeye. Icyubahiro gikomeye cyane Lusiferi yari yarahawe n’Imana nk’impano ntiyanyuzwe na cyo kandi ntibyamuteye gushima Umuremyi. Yishimiye kurabagirana kwe no gushyirwa hejuru maze yifuza guhwana n’Imana. Abamarayika bose bo mu ijuru baramukundaga kandi bakamwubaha. Abamarayika na none bishimiraga gukora ibyo abategetse, kandi yabarushaga ubwenge n’ubwiza. Nyamara bose bari bazi ko Umwana w’Imana ari Igikomangoma cy’ijuru, kandi ko ahuje na Se ububasha n’ubutware. Mu nama zose z’Imana, Kristo yabaga azirimo mu gihe Lusiferi we atari yemerewe kujya mu nama z’Imana. Uyu mumarayika ukomeye yarabajije ati: “Kuki Kristo yagira isumbwe? Ni mpamvu ki yahabwa icyubahiro kirenze icya Lusiferi?” Lusiferi yavuye mu mwanya yari arimo imbere y’Imana maze ajya gukwirakwiza umwuka wo kutanyurwa mu bamarayika. Yamaze igihe akorera mu ibanga, ahisha abandi bamarayika imigambi ye nyakuri mu kwerekana ko yubaha Imana. Yihatiye guteza kutanyurwa n’amategeko agenga ab’ijuru, akavuga ko ayo mategeko asaba ibintu bitari ngombwa. Kubera ko kamere y’abamarayika yari itunganye, yasabaga ko bakwiriye kumvira ubushake bwabo. Yashakaga uko yabikururira bakamuyoboka avuga ko Imana itamugiriye iby’ubutabera ubwo yahaga Kristo icyubahiro kirenze. Yavugaga ko mu gushaka ubutware buruseho ndetse n’icyubahiro atagamije kwishyira hejuru, ko ahubwo ashaka guhesha umudendezo abaturage bose bari mu ijuru, kandi kubw’ibyo bashobora kugera ku rugero rw’imibereho rwisumbuye. Imana kubw’imbabazi zayo nyinshi yihanganiye Lusiferi igihe kirekire. Ntabwo igihe cya mbere yahaga icyicaro umwuka we wo kutanyurwa yahereye ko akurwa mu mwanya we w’icyubahiro yari yarahawe, haba ndetse n’igihe yatangiraga kugenda avugira ibinyoma imbere y’abamarayika bumvira. Yamaze igihe kirekire arekewe mu ijuru. Inshuro nyinshi yagiye asezeranirwa ko azababarirwa naramuka yihannye kandi akayoboka Imana. Umuhati mwinshi washoboraga gukoreshwa n’Imana y’urukundo n’ubwenge butagerwa warakoreshejwe kugira ngo Lusiferi yemezwe ikosa rye. Umwuka wo kutanyurwa ntiwari warigeze umenyekana mu ijuru. Ku ikubitiro na Lusiferi ntiyamenye ibyo yakoraga; ntabwo yasobanukirwaga neza na kamere nyakuri y’ibyari muri we. Ariko ubwo uko kutanyurwa kwe kwagaragazwaga ko nta shingiro gufite, ntabwo Lusiferi yemeye ko ari mu mafuti, ntiyemeye ko amabwiriza y’ijuru atunganye kandi ko akwiriye kuyazirikana nk’uko yemerwaga mbere hose n’ab’ijuru bose. Iyo abigenza atyo, aba yarikijije ubwe kandi agakiza n’abamarayika benshi. Muri icyo gihe ntiyemeye guha Imana icyubahiro abikuye ku mutima. Nubwo yari yaranze umwanya we wo kuba umukerubi utwikira, ariko iyo aza kugira ubushake bwo kugarukira Imana, akemera ubuhanga bw’Umuremyi, kandi akanyurwa no kuba mu mwanya yashyizwemo ubwo Imana yakoraga umugambi wayo ukomeye, aba yarasubijwe ku nshingano ye. Ariko ubwibone bwamubujije kwicisha bugufi. Yakomeje gushyigikira inzira yahisemo adatezuka, akomeza kwinangira avuga ko adakeneye kwihana, ahubwo yiyemeza rwose gushoza intambara ikomeye arwanya Umuremyi we. 363

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kwirata i<strong>ku</strong>zo yari afite ni byo byamuteye kwifuza umwanya ukomeye. Icyubahiro<br />

gikomeye cyane Lusiferi yari yarahawe n’Ima<strong>na</strong> nk’impano ntiyanyuzwe <strong>na</strong> cyo kandi<br />

ntibyamuteye gushima Umuremyi. Yishimiye <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kwe no gushyirwa hejuru maze<br />

yifuza guhwa<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abamarayika bose bo mu ijuru baramu<strong>ku</strong>ndaga kandi bakamwubaha. Abamarayika <strong>na</strong><br />

none bishimiraga gukora ibyo abategetse, kandi yabarushaga ubwenge n’ubwiza. Nyamara<br />

bose bari bazi ko Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> ari Igikomangoma cy’ijuru, kandi ko ahuje <strong>na</strong> Se<br />

ububasha n’ubutware. Mu <strong>na</strong>ma zose z’Ima<strong>na</strong>, Kristo yabaga azirimo mu gihe Lusiferi we<br />

atari yemerewe <strong>ku</strong>jya mu <strong>na</strong>ma z’Ima<strong>na</strong>. Uyu mumarayika ukomeye yarabajije ati: “Kuki<br />

Kristo yagira isumbwe? Ni mpamvu ki yahabwa icyubahiro kirenze icya Lusiferi?”<br />

Lusiferi yavuye mu mwanya yari arimo imbere y’Ima<strong>na</strong> maze ajya gukwirakwiza umwuka<br />

wo <strong>ku</strong>tanyurwa mu bamarayika. Yamaze igihe akorera mu ibanga, ahisha abandi bamarayika<br />

imigambi ye nya<strong>ku</strong>ri mu kwereka<strong>na</strong> ko yubaha Ima<strong>na</strong>. Yihatiye guteza <strong>ku</strong>tanyurwa<br />

n’amategeko agenga ab’ijuru, akavuga ko ayo mategeko asaba ibintu bitari ngombwa. Kubera<br />

ko kamere y’abamarayika yari itunganye, yasabaga ko bakwiriye <strong>ku</strong>mvira ubushake bwabo.<br />

Yashakaga uko yabi<strong>ku</strong>rurira bakamuyoboka avuga ko Ima<strong>na</strong> itamugiriye iby’ubutabera ubwo<br />

yahaga Kristo icyubahiro kirenze. Yavugaga ko mu gushaka ubutware buruseho ndetse<br />

n’icyubahiro atagamije kwishyira hejuru, ko ahubwo ashaka guhesha umudendezo abaturage<br />

bose bari mu ijuru, kandi <strong>ku</strong>bw’ibyo bashobora <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> rugero rw’imibereho rwisumbuye.<br />

Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bw’imbabazi zayo nyinshi yihanganiye Lusiferi igihe kirekire. Ntabwo igihe cya<br />

mbere yahaga icyicaro umwuka we wo <strong>ku</strong>tanyurwa yahereye ko a<strong>ku</strong>rwa mu mwanya we<br />

w’icyubahiro yari yarahawe, haba ndetse n’igihe yatangiraga <strong>ku</strong>genda avugira ibinyoma<br />

imbere y’abamarayika bumvira. Yamaze igihe kirekire arekewe mu ijuru. Inshuro nyinshi<br />

yagiye asezeranirwa ko azababarirwa <strong>na</strong>ramuka yihannye kandi akayoboka Ima<strong>na</strong>. Umuhati<br />

mwinshi washoboraga gukoreshwa n’Ima<strong>na</strong> y’uru<strong>ku</strong>ndo n’ubwenge butagerwa<br />

warakoreshejwe <strong>ku</strong>gira ngo Lusiferi yemezwe ikosa rye. Umwuka wo <strong>ku</strong>tanyurwa ntiwari<br />

warigeze umenyeka<strong>na</strong> mu ijuru. Ku i<strong>ku</strong>bitiro <strong>na</strong> Lusiferi ntiyamenye ibyo yakoraga; ntabwo<br />

yasobanukirwaga neza <strong>na</strong> kamere nya<strong>ku</strong>ri y’ibyari muri we. Ariko ubwo uko <strong>ku</strong>tanyurwa kwe<br />

kwagaragazwaga ko nta shingiro gufite, ntabwo Lusiferi yemeye ko ari mu mafuti, ntiyemeye<br />

ko amabwiriza y’ijuru atunganye kandi ko akwiriye <strong>ku</strong>yazirika<strong>na</strong> nk’uko yemerwaga mbere<br />

hose n’ab’ijuru bose. Iyo abigenza atyo, aba yarikijije ubwe kandi agakiza n’abamarayika<br />

benshi. Muri icyo gihe ntiyemeye guha Ima<strong>na</strong> icyubahiro abi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> mutima. Nubwo yari<br />

yaranze umwanya we wo <strong>ku</strong>ba umukerubi utwikira, ariko iyo aza <strong>ku</strong>gira ubushake bwo<br />

<strong>ku</strong>garukira Ima<strong>na</strong>, akemera ubuhanga bw’Umuremyi, kandi akanyurwa no <strong>ku</strong>ba mu mwanya<br />

yashyizwemo ubwo Ima<strong>na</strong> yakoraga umugambi wayo ukomeye, aba yarasubijwe <strong>ku</strong><br />

nshingano ye. Ariko ubwibone bwamubujije kwicisha bugufi. Yakomeje gushyigikira inzira<br />

yahisemo adatezuka, akomeza kwi<strong>na</strong>ngira avuga ko adakeneye kwiha<strong>na</strong>, ahubwo yiyemeza<br />

rwose gushoza intambara ikomeye arwanya Umuremyi we.<br />

363

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!