07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kubera ko itegeko ry’uru<strong>ku</strong>ndo ari ryo rufatiro rw’ingoma y’Ima<strong>na</strong>, umunezero<br />

w’ibiremwa byose wari ushingiye <strong>ku</strong> guhuza rwose n’amahame akomeye y’ubutungane<br />

agenga iyo ngoma. Ima<strong>na</strong> ishaka ko abo yaremye bose bayikorera mu ru<strong>ku</strong>ndo — bakayiha<br />

i<strong>ku</strong>zo biturutse <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>nyurwa n’imico yayo. Ntabwo Ima<strong>na</strong> ishimishwa no guhatira umuntu<br />

<strong>ku</strong>yubaha, kandi iha abantu bose umudendezo wo kwihitiramo icyo bashaka, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

babashe <strong>ku</strong>yikorera biturutse <strong>ku</strong> bushake bwabo.<br />

Ariko habayeho umwe wahisemo gukoresha uwo mudendezo <strong>na</strong>bi. Icyaha cyakomotse <strong>ku</strong><br />

wari u<strong>ku</strong>rikiye Kristo, uwari yarahawe i<strong>ku</strong>zo n’Ima<strong>na</strong> kandi warushaga imbaraga n’i<strong>ku</strong>zo<br />

abaturage bo mu ijuru. Lusiferi ataracumura, yari umukerubi utwikira, uzira inenge kandi<br />

utunganye rwose. “Umva uko Umwami Uwiteka avuga ngo ‘wari intungane rwose, wuzuye<br />

ubwenge n’ubwiza buhebuje. Wahoze mu Edeni, ya ngobyi y’Ima<strong>na</strong>; umwambaro wawe wari<br />

ibuye ryose ry’igiciro cyinshi. . . Wari warasigiwe <strong>ku</strong>gira ngo ube umukerubi utwikira, kandi<br />

<strong>na</strong>gushyizeho <strong>ku</strong>gira ngo ube <strong>ku</strong> musozi wera w’Ima<strong>na</strong>, wagendagendaga hagati y’amabuye<br />

yaka umuriro. Wari utunganye bihebuje mu nzira zawe zose uhereye umunsi waremweho,<br />

<strong>ku</strong>geza igihe wabonetsweho gukiranirwa.’” 699<br />

Lusiferi yajyaga gukomeza <strong>ku</strong>ba inkoramutima <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, aga<strong>ku</strong>ndwa kandi a<strong>ku</strong>bahwa<br />

n’ingabo z’abamarayika bose, agakoresha imbaraga yahawe zigahesha abandi umugisha<br />

kandi zigahesha Umuremyi we i<strong>ku</strong>zo. Ariko umuhanuzi aravuga ati: “Ubwiza bwawe ni bwo<br />

bwateye umutima wawe kwishyira hejuru, <strong>ku</strong>bengera<strong>na</strong> kwawe ni ko kononnye ubwenge<br />

bwawe.” (Ezekiyeli 28:17). Ni ruto ni ruto, Lusiferi yageze aho aha intebe icyifuzo cyo<br />

kwi<strong>ku</strong>za. “Wagereranije umutima wawe n’umutima w’Ima<strong>na</strong>.” (Umurongo wa 6).<br />

“Waribwiraga uti: ‘Nzazamuka njye mu ijuru, n<strong>ku</strong>ze intebe yanjye y’ubwami, isumbe<br />

inyenyeri z’Ima<strong>na</strong>’, kandi uti: ‘Nzicara <strong>ku</strong> musozi w’iteraniro, . . . nzaba nk’Isumbabyose.”<br />

700 Mu cyimbo cyo guharanira gushyira Ima<strong>na</strong> imbere mu ru<strong>ku</strong>ndo n’icyubahiro<br />

by’ibiremwa byayo, Lusiferi yashishikariye ko ari we uhabwa icyubahiro kandi agakorerwa<br />

n’abo mu ijuru. Kubwo kwifuza icyubahiro Ima<strong>na</strong> ihoraho yari yarahaye Umwa<strong>na</strong> wayo, uyu<br />

wari umutware w’abamarayika yararikiye ubutware bwari bugenewe Kristo wenyine.<br />

Ijuru ryose ryishimiraga <strong>ku</strong>garagaza i<strong>ku</strong>zo ry’Umuremyi no <strong>ku</strong>musingiza. Igihe Ima<strong>na</strong><br />

yahabwaga i<strong>ku</strong>zo ityo, mu ijuru hose hari amahoro n’umunezero. Ariko akajwi kamwe<br />

kanyuranyije n’andi noneho kahungabanyije uguhuza kwari mu ijuru. Kwishyira hejuru,<br />

gucisha u<strong>ku</strong>biri n’umugambi w’Umuremyi byateye kwikanga ikibi mu bashyiraga imbere<br />

i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong>. Nuko mu ijuru hateranira i<strong>na</strong>ma zo gukebura Lusiferi. Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong><br />

yamweretse ugukomera, ubugwaneza ndetse n’ubutabera bw’Umuremyi, kandi a<strong>na</strong>mwereka<br />

kamere itunganye kandi idahinduka y’amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Ima<strong>na</strong> ubwayo ni yo yari<br />

yarashyizeho gahunda i<strong>ku</strong>rikizwa mu ijuru; kandi gucisha u<strong>ku</strong>biri n’iyo gahunda byatumye<br />

Lusiferi asuzugura Umuremyi we maze yizanira <strong>ku</strong>rimbuka. Nyamara imiburo yakomeje<br />

gutanganwa uru<strong>ku</strong>ndo n’imbabazi ariko icyo yakoze ni u<strong>ku</strong>mutera kwi<strong>na</strong>ngira. Lusiferi<br />

yemereye ishyari yari afitiye Kristo <strong>ku</strong>muganza, maze arushaho gushikama <strong>ku</strong> mugambi we.<br />

362

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!