07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 29 – Inkomoko Y’Ikibi<br />

Ku bantu benshi, inkomoko y’icyaha n’impamvu kiriho byabaye isoko yo guhera mu<br />

rungabangabo. Iyo babonye ibikorwa by’icyaha n’ingaruka ziteye ubwoba z’amahano<br />

zigikomokaho, bibaza impamvu ibi byose bishobora <strong>ku</strong>baho mu butegetsi bw’Ima<strong>na</strong><br />

nyir’ubwenge, imbaraga n’uru<strong>ku</strong>ndo bitagira iherezo. Aho hari iyobera batabonera<br />

ubusobanuro. Muri uko <strong>ku</strong>tamenya no gushidikanya, barahuma ntibabashe gusobanukirwa<br />

n’u<strong>ku</strong>ri kwahishuwe mu buryo bweruye mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong> kandi kwerekeye agakiza<br />

k’abantu. Mu gushakisha ibyerekeranye no <strong>ku</strong>baho kw’icyaha, hari abantu bashishikarira<br />

gushakira mu byo Ima<strong>na</strong> itahishuye; bityo ntibashobore <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umuti w’ingorane bafite.<br />

Kubera ko bene abo baba babogamiye mu gushidikanya no <strong>ku</strong>jya impaka n’igihe bitari<br />

ngombwa, bashingira <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ba badashoboye gukemura ikibazo cyo <strong>ku</strong>baho kw’icyaha maze<br />

bakabigira urwitwazo rwo guhinyura amagambo yo mu Byanditswe Byera. Nyamara hari<br />

abandi badashobora gusobanukirwa mu buryo bubanyuze n’ikibazo gikomeye cy’icyaha<br />

bitewe n’uko imigenzo n’ubusobanuro bugoretse byateje umwijima inyigisho ya Bibiliya <strong>ku</strong><br />

byerekeye imico y’Ima<strong>na</strong>, kamere y’ubutegetsi bwayo n’amahame y’uburyo ifata icyaha.<br />

Ntibishoboka gusobanura inkomoko y’icyaha no <strong>ku</strong>garagaza impamvu yo <strong>ku</strong>baho<br />

kwacyo. Nyamara hari byinshi bishobora <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> <strong>ku</strong> byerekeye inkomoko y’icyaha ndetse<br />

n’iherezo ryacyo <strong>ku</strong>gira ngo hagaragazwe neza ubutabera n’ineza yayo mu buryo igenza<br />

icyaha. Nta kintu cyigishwa mu buryo bwumvika<strong>na</strong> cyane mu Byanditswe Byera cyarusha<br />

u<strong>ku</strong>ri kwereka<strong>na</strong> ko Ima<strong>na</strong> idafite uruhare mu <strong>ku</strong>baho kw’icyaha; ko nta gu<strong>ku</strong>rwaho<br />

kw’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>, ko nta bidatunganye mu butegetsi bw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> buryo byaba byarabaye<br />

intandaro yo kwaduka k’ubwigomeke. Icyaha ni umucengezi kandi <strong>ku</strong>baho kwacyo<br />

ntibishobora gutangirwa impamvu. Ibyacyo ni amayobera, ntawabo<strong>na</strong> uko abisobanura.<br />

Kugitangira urwitwazo ni u<strong>ku</strong>gishyigikira. Haramutse habonetse urwitwazo <strong>ku</strong>ri cyo,<br />

cyangwa hakagaragazwa impamvu yatumye icyaha kibaho, nticyaba kikiri icyaha.<br />

Ubusobanuro bwonyine bw’icyaha dufite ni ubwatanzwe mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Rivuga ko<br />

“icyaha ari ukwica amategeko;” ni imikorere y’ihame rirwanya itegeko rikomeye<br />

ry’uru<strong>ku</strong>ndo kandi ari rwo rufatiro rw’ingoma y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Icyaha kitarabaho, mu isi n’ijuru n’isanzure ryose hariho amahoro n’ibyishimo. Ibintu<br />

byose byari bihuje rwose n’ubushake bw’Umuremyi. Gu<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong> ni byo byari bihebuje<br />

ibindi byose, gu<strong>ku</strong>nda<strong>na</strong> ntibyagiraga <strong>ku</strong>bogama. Kristo Jambo, Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong><br />

w’ikinege, yari umwe <strong>na</strong> Se uhoraho, bahuje kamere, imico n’imigambi. Ni we wenyine gusa<br />

mu isanzure ryose washoboraga <strong>ku</strong>menya i<strong>na</strong>ma n’imigambi by’Ima<strong>na</strong>. Kristo ni we Ima<strong>na</strong><br />

yaremesheje ibyo mu ijuru byose. “Kuko muri we ari mo byose byaremewe, ari ibyo mu ijuru<br />

. . . intebe z’ubwami, n’ubwami bwose, n’ubushobozi bwose” (Abakolosayi 1:16); kandi<br />

ab’ijuru bose bubahaga Kristo kimwe <strong>na</strong> Se.<br />

361

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!