07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kizarangira mbere ho gato yo <strong>ku</strong>boneka k’Umwami wacu Yesu mu bicu byo mu ijuru. Mu<br />

Byahishuwe ubwo Kristo yarebaga ibizaba icyo gihe yaravuze ati: “Ukiranirwa agumye<br />

akiranirwe, uwanduye mu mutima agumye yandure; umukiranutsi agumye akiranuke; uwera<br />

agumye yezwe. Dore ndaza vuba, nzanye ingororano, <strong>ku</strong>gira ngo ngororere umuntu wese<br />

ibikwiriye ibyo yakoze.” 698<br />

Intungane n’abanyabyaha bazaba bakiri <strong>ku</strong> isi bagifite imibereho yabo ipfa. Abantu<br />

bazaba bahinga, bubaka, barya kandi banywa, bose batazi ko umwanzuro uhereka kandi<br />

utavuguruzwa wamaze gufatirwa mu buturo bwera bwo mu ijuru. Mbere y’uko umwuzure<br />

uza, Nowa amaze kwinjira mu n<strong>ku</strong>ge, Ima<strong>na</strong> yamukingiraniye mu n<strong>ku</strong>ge kandi abatubahaga<br />

Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo bakingiranirwa hanze. Ariko mu gihe cy’iminsi irindwi abantu batari bazi ko<br />

iherezo ryabo ryamaze gushyirwaho bakomeje imibereho yabo yo <strong>ku</strong>tagira icyo bitaho,<br />

gu<strong>ku</strong>nda ibinezeza no guhindura urw’amenyo imiburo yavugaga akaga kari kagiye<br />

<strong>ku</strong>bageraho. Umukiza aravuga ati: “Ni ko no <strong>ku</strong>za k’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu <strong>ku</strong>zaba.” Matayo<br />

24:39. Nk’uko umujura wa nijoro aza bucece, ntawe umubo<strong>na</strong>, ni ko bizaba no <strong>ku</strong> isaha<br />

iheruka izaranga iherezo rya buri wese ndetse no gu<strong>ku</strong>rwaho guheruka kw’itangwa<br />

ry’imbabazi <strong>ku</strong> banyabyaha.<br />

“Nuko <strong>na</strong>mwe mube maso . . . atazabatungura agasanga musinziriye.” Mariko 13:35, 36.<br />

Abarambirwa <strong>ku</strong>ba maso, bakarangamira ibirangaza by’isi bari mu kaga gakomeye. Mu gihe<br />

abacuruzi bahugiye mu gu<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> inyungu, mu gihe aba<strong>ku</strong>nda ibibanezeza bashaka guhaza<br />

ibyifuzo byabo, mu gihe ababaswe no <strong>ku</strong>genda<strong>na</strong> n’ibigezweho barangamiye imirimbo,<br />

byashoboka ko muri icyo gihe ari bwo Umucamanza w’isi yose yazaca iteka avuga ati:<br />

“Wapimwe mu gipimo, ugaragara ko udashyitse.” Daniyeli 5:27.<br />

360

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!