07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>reba uko Satani abishima hejuru, bakareba uko Satani akwe<strong>na</strong> Kristo n’abamarayika mu<br />

murimo wabo, bakwihutira kwicuza ibyaha byabo no <strong>ku</strong>bizibukira burundu. Satani abinyujije<br />

mu ngeso mbi zo mu mico y’abantu, akora <strong>ku</strong>gira ngo agenge intekerezo zose, kandi azi ko<br />

azabasha <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> nsinzi igihe izo ngeso zigundiriwe. Kubw’ibyo, ahora ashaka <strong>ku</strong>yobya<br />

abayoboke ba Kristo akoresheje ubuhendanyi bwe bukomeye <strong>ku</strong> buryo gutsinda<br />

bitabashobokera. Nyamara Yesu abasabira yereka<strong>na</strong> inkovu zo mu biganza bye n’umubiri we<br />

washenjaguwe; maze akabwira abamu<strong>ku</strong>rikira bose ati: “Ubuntu bwanjye burabahagije.” 2<br />

Abakorinto 12:9. “Mwemere <strong>ku</strong>ba abagaragu banjye, munyigireho, <strong>ku</strong>ko ndi umugwaneza<br />

kandi noroheje mu mutima; <strong>na</strong>mwe muzabo<strong>na</strong> uburuhukiro mu mitima yanyu: <strong>ku</strong>ko<br />

<strong>ku</strong>nkorera <strong>ku</strong>taruhije, n’umutwaro wanjye utaremereye.” 697 Kubw’ibyo rero, nimureke he<br />

<strong>ku</strong>gira umuntu ufata ko ibidatunganye <strong>ku</strong>ri we bitavaho ngo bikire. Ima<strong>na</strong> izatanga kwizera<br />

n’ubuntu maze ibyo bitsindwe.<br />

Ubu turi mu gihe cy’umunsi ukomeye w’impongano. Mu gihe cy’imihango yo <strong>ku</strong> munsi<br />

w’impongano yakorwaga mu buturo bwera bwo <strong>ku</strong> isi, iyo umutambyi yabaga ari<br />

guhongerera ubwoko bw’Abisirayeli, bose basabwaga <strong>ku</strong>babaza imitima yabo babinyujije mu<br />

kwiha<strong>na</strong> ibyaha no kwicisha bugufi imbere y’Umwami Ima<strong>na</strong> kandi uwabaga atabikoze<br />

yacibwaga mu bwoko bwe. Mu buryo nk’ubwo, muri iyi minsi mike isigaye y’igihe<br />

cy’imbabazi, abantu bose bifuza ko amazi<strong>na</strong> yabo adaha<strong>na</strong>gurwa mu gitabo cy’ubugingo,<br />

bakwiriye kwibabariza imbere y’Ima<strong>na</strong> batewe agahinda n’icyaha kandi bafite kwiha<strong>na</strong><br />

nya<strong>ku</strong>ri. Bakwiriye kwinira bakisuzuma mu mitima yabo.<br />

Umwuka udafashije kandi w’ubupfapfa ugundiriwe <strong>na</strong> benshi bavuga ko ari Abakristo<br />

ugomba <strong>ku</strong>rekwa. Imbere y’umuntu wese ushaka gutsinda ingeso mbi zirwanira <strong>ku</strong>genga<br />

umuntu, hari urugamba rukomeye. Umurimo wo kwitegura ni uw’umuntu wese <strong>ku</strong> giti cye.<br />

Ntabwo dukirizwa mu matsinda. Ntabwo ubutungane no kwitanga by’umuntu umwe<br />

bishobora gukemura ubukene bw’iyo mico mu wundi muntu. Nubwo amahanga yose agomba<br />

guca mu rubanza imbere y’Ima<strong>na</strong>, ariko Ima<strong>na</strong> izagenzura<strong>na</strong> ubwitonzi urubanza rw’umuntu<br />

wese nk’aho nta wundi muntu uri <strong>ku</strong> isi. Umuntu wese azagenzurwa ngo harebwe niba adafite<br />

ikizinga cyangwa umunkanyari cyangwa ikindi kintu cyose gisa gityo.<br />

Ibizaba bijyanira<strong>na</strong> n’irangira ry’umurimo wo guhongerera biratangaje. Uko uwo murimo<br />

ukorwa bifite agaciro gakomeye. Muri iki gihe urubanza ruri gucibwa mu buturo bwera bwo<br />

mu ijuru. Hashize imyaka myinshi uyu murimo ukorwa. Vuba bidatinze ( nta muntu uzi icyo<br />

gihe icyo ari cyo) urwo rubanza ruzagera <strong>ku</strong> by’abariho. Imibereho yacu igomba <strong>ku</strong>nyuzwa<br />

imbere y’Ima<strong>na</strong> y’igitinyiro. Muri iki gihe <strong>ku</strong>renza ibindi bihe byose, ni ngombwa ko buri<br />

wese yumvira umuburo w’Umukiza uvuga ati: “Mube maso, musenge: <strong>ku</strong>ko mutazi igihe<br />

ibyo bizasohoreramo.” Mariko 13:33. “Ariko rero, nutaba maso, nzaza nk’umujura, <strong>na</strong>we<br />

ntuzamenya igihe nzagutungurira.” Ibyahishuwe 3:3.<br />

Igihe umurimo w’urubanza rw’igenzura uzaba urangiye, iherezo ry’abantu bose rizaba<br />

rizaba ryarafashweho umwanzuro ryaba ari ubugingo cyangwa urupfu. Igihe cy’imbabazi<br />

359

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!