07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gato gusa ni ko bagenera gusenga, kwiga Ibyanditswe Byera, kwicisha bugufi mu mitima no<br />

kwatura ibyaha bakora.<br />

Satani ahimba imigambi itabarika yo kwigarurira intekerezo zacu <strong>ku</strong>gira ngo ze guhugira<br />

<strong>ku</strong> murimo dukwiriye <strong>ku</strong>menyera gukora. Umushukanyi kabuhariwe yanga u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>garagaza<br />

igitambo gi<strong>ku</strong>raho ibyaha kandi aka<strong>na</strong>nga Umuhuza ukomeye. Azi ko <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> cyo<br />

agambiriye cyose bishingiye <strong>ku</strong> guteshura intekerezo z’abantu <strong>ku</strong>ri Yesu no <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri kwe.<br />

Abashaka <strong>ku</strong>gerwaho n’ibyiza biva <strong>ku</strong> murimo w’Umukiza w’ubuhuza, ntibakwiriye<br />

<strong>ku</strong>gira icyo bemera cyarogoya inshingano yabo yo <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> butungane bushyitse bubaha<br />

Ima<strong>na</strong>. Amasaha y’ingenzi, aho <strong>ku</strong>yakoresha <strong>ku</strong> binezeza by’isi cyangwa <strong>ku</strong> kwishakira<br />

inyungu, yari akwiriye kwegurirwa kwiga<strong>na</strong> umwete ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri no gusenga. Ubwoko<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bukwiriye gusobanukirwa neza n’icyigisho cy’ubuturo bwera n’icy’urubanza<br />

rw’igenzura. Abantu bose bakwiriye kwimenyera ubwabo umwanya ndetse n’umurimo<br />

w’Umutambyi wabo Mu<strong>ku</strong>ru, nibitaba bityo, <strong>ku</strong>gira kwizera gukenewe cyane muri iki gihe<br />

no gusohoza inshingano Ima<strong>na</strong> yabahaye ntibizabashobokera. Umuntu wese afite uwo<br />

azakiza cyangwa uwo azazimiza. Buri wese afite urubanza rumutegereje imbere y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Umuntu wese agomba <strong>ku</strong>zahagarara imbo<strong>na</strong> n<strong>ku</strong>bone imbere y’Umucamanza. Mbega uburyo<br />

ari ingenzi ko umuntu wese yitegereza iyo shusho ikomeye ubwo urubanza ruzashingwa,<br />

ibitabo bikabumburwa, ubwo <strong>ku</strong> iherezo ry’ibihe buri wese agomba <strong>ku</strong>zahagarara mu<br />

mugabane we nka Daniyeli.<br />

Abantu bose bamaze kwakira umucyo <strong>ku</strong> byerekeye izo ngingo bakwiriye guhamiriza<br />

abandi u<strong>ku</strong>ri gukomeye Ima<strong>na</strong> yabahaye. Ubuturo bwera bwo mu ijuru ni bwo zingiro<br />

ry’umurimo Kristo akorera abantu. Uyu murimo ureba umuntu wese uri <strong>ku</strong> isi. Uduhishurira<br />

i<strong>na</strong>ma y’agakiza ukatugeza <strong>ku</strong> iherezo ry’ibihe, ukaduhishurira insinzi mu ntambara iri hagati<br />

y’ubutungane n’icyaha. Ni iby’agaciro gakomeye ko abantu bose bakwiriye kwiga<strong>na</strong><br />

ubwitonzi ibyo byigisho kandi bakaba bashobora gusubiza umuntu wese ubabajije impamvu<br />

z’ibyiringiro bafite.<br />

Amasengesho Umukiza wacu asabira abantu mu buturo bwo mu ijuru ni ingenzi cyane <strong>ku</strong><br />

<strong>na</strong>ma y’agakiza nk’uko urupfu rwe rwo <strong>ku</strong> musaraba rwari ruri. Ubwo yari hafi yo gupfa ni<br />

bwo Yesu yatangiye uwo murimo kandi ubwo yari amaze <strong>ku</strong>zuka yarazamutse ajya mu ijuru<br />

<strong>ku</strong>harangiriza uwo murimo. Kubwo kwizera tugomba kwinjira hirya y’umwenda ukinze, aho<br />

yinjiriye atubanjirije. (Abahebuayo 6:20). Aho niho harabagiranira umucyo uturuka <strong>ku</strong><br />

musaraba w’i Kaluvari. Aho kandi ni ho dushobora gusobanukirwa amabanga yo<br />

gucungurwa. Agakiza k’umuntu kagezweho bisabye ijuru ikiguzi kitagerwa; kandi igitambo<br />

cyatanzwe cyari gihwanye n’ibyasabwaga n’amategeko y’Ima<strong>na</strong> yishwe. Yesu yafunguye<br />

inzira ijya <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami ya Data, kandi <strong>ku</strong>bw’umurimo we w’ubuhuza, icyifuzo kivuye<br />

<strong>ku</strong> mutima cy’abantu bose bamusanga bafite kwizera kibasha <strong>ku</strong>gezwa imbere y’Ima<strong>na</strong>.<br />

“Uhisha ibicumuro bye ntazagubwa neza, ariko ubyatura akabireka azababarirwa.”<br />

Imigani 28:13. Iyaba abahisha ibyaha byabo kandi bakabitangira urwitwazo bashoboraga<br />

358

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!