07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gihugu izabaryohera cyane, ibabere myiza. Maze uzasigara i Siyoni n’i Yerusalemu wese,<br />

yanditswe mu bazima b’i Yerusalemu, azitwa uwera.” 696<br />

Umurimo w’urubanza rugenzura n’uwo guha<strong>na</strong>gurwa kw’ibyaha ugomba <strong>ku</strong>rangira<br />

mbere yo <strong>ku</strong>garuka k’Umwami Yesu. Kubera ko abapfuye bazacirwa imanza zishingiye <strong>ku</strong><br />

byanditswe mu bitabo, ntabwo bishoboka ko ibyaha by’abantu bishobora guha<strong>na</strong>gurwa<br />

nyuma y’urubanza ruzagenzurirwamo ibyabo. Ariko intumwa Petero we avuga yeruye ko<br />

ibyaha by’abizera bizaha<strong>na</strong>gurwa “igihe iminsi yo guhemburwa izazira ituruka <strong>ku</strong> Mwami<br />

Ima<strong>na</strong>, itume Yesu, ari we Kristo.” Ibyak. 3:19, 20. Ubwo urubanza rw’igenzura ruzaba<br />

rurangiye, Kristo azaza azanye ingororano ngo agororere umuntu wese ibikwiriye ibyo<br />

yakoze.<br />

Mu muhango wakorwaga mu buturo bwera, iyo umutambyi mu<strong>ku</strong>ru yamaraga<br />

guhongerera ubwoko bw’Abisirayeli, yarasohokaga maze akajya guha iteraniro umugisha. Ni<br />

ko <strong>na</strong> Kristo ubwo azaba arangije umurimo we wo guhuza abantu n’Ima<strong>na</strong> azaboneka ubwa<br />

kabiri, “atazanywe no kwitambira ibyaha, abonekere abamutegereza <strong>ku</strong>bazanira agakiza,”<br />

(Abaheburayo 9:28), azaza guha umugisha abe bamutegereje abahe ubugingo buhoraho.<br />

Nk’uko mu muhango wo gu<strong>ku</strong>ra ibyaha mu buturo bwera umutambyi yaturiraga ibyo byaha<br />

<strong>ku</strong> mutwe w’ihene ya Azazeli, ni ko <strong>na</strong> Kristo azashyira ibyaha byose <strong>ku</strong>ri Satani, we<br />

nkomoko y’icyaha kandi akaba ari <strong>na</strong>we ugishoramo abantu. Ise<strong>ku</strong>rume y’ihene<br />

yashyirwagaho ibyaha by’Abisirayeli yoherwaga mu kidaturwa, mu butayu (Abalewi 16:22).<br />

Uko niko <strong>na</strong> Satani uzaba yikoreye ibyaha yateje ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> gukora azaboherwa mu<br />

isi izaba yabaye amatongo, itakigira abantu mu gihe cy’imyaka igihumbi, kandi amaherezo<br />

azagerwaho n’igihano cy’icyaha arohwe mu muriro uzatsemba abanyabyaha bose. Uko ni ko<br />

i<strong>na</strong>ma ikomeye y’agakiza izaba igeze <strong>ku</strong> ntego yayo yo gutsemba icyaha burundu ndetse no<br />

gucungurwa kw’abantu bose bihitiyemo kwanga ikibi.<br />

Urubanza rwo <strong>ku</strong>genzura ndetse no guha<strong>na</strong>gurwa kw’ibyaha byatangiye <strong>ku</strong> gihe<br />

cyagenwe ari cyo herezo ry’iminsi 2300, mu mwaka wa 1844. Abantu bose bigeze kwitirirwa<br />

izi<strong>na</strong> rya Kristo, bazagerwaho n’iryo genzura rikomeye. Abazima n’abapfuye bose bagomba<br />

gucirwa imanza z’ “ibyanditswe mu bitabo, ha<strong>ku</strong>rikijwe ibyo bakoze.”<br />

Ibyaha bitihanwe ngo birekwe, ntibizababarirwa kandi ntibizaha<strong>na</strong>gurwa mu bitabo,<br />

ahubwo bizashinja umunyabyaha <strong>ku</strong> munsi w’Ima<strong>na</strong>. Umunyabyaha ashobora <strong>ku</strong>ba<br />

yarakoreye ibyo byaha <strong>ku</strong> mugaragaro amanywa ava, cyangwa akabikorera mu mwijima<br />

nijoro; ariko byose bitwi<strong>ku</strong>rurwa nk’ibyambaye ubusa imbere y’Ima<strong>na</strong>. Abamarayika<br />

b’Ima<strong>na</strong> babonye icyaha cyose kandi bacyandika ahatabasha <strong>ku</strong>beshya. Icyaha gishobora<br />

guhishwa, kigahakanwa, kigahishwa ababyeyi, kigahishwa umugore, kigahishwa umugabo,<br />

kigahishwa aba<strong>na</strong> n’incuti, abo mukora<strong>na</strong> n’abandi. Umunyacyaha ashobora <strong>ku</strong>ba ari we<br />

wenyine uzi icyaha yakoze; ariko ibyo byose bigaragara nk’ibyambaye ubusa imbere y’abo<br />

mu ijuru. Umwijima w’ijoro ry’irindagiza, ibihishwe byose by’ubushukanyi bukomeye, nta<br />

gihagije ngo gishobore guhisha Uwiteka n’igitekerezo kimwe. Ima<strong>na</strong> ifite ibyakozwe byose<br />

356

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!