07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ati: “Unesha, ni we uzambikwa imyenda yera, kandi sinzaha<strong>na</strong>gura izi<strong>na</strong> rye <strong>na</strong> hato mu<br />

gitabo cy’ubugingo, ahubwo nzaturira izi<strong>na</strong> rye imbere ya Data n’imbere y’abamarayika be.”<br />

“Umuntu wese uzampamiriza imbere y’abantu, <strong>na</strong>njye nzamuhamiriza imbere ya Data uri mu<br />

ijuru. Ariko uzanyihakanira imbere y’abantu wese, <strong>na</strong>njye nzamwihakanira imbere ya Data<br />

uri mu ijuru.” 692<br />

Amatsiko menshi abantu bagira mu gihe baba bategereje imyanzuro y’inkiko zo <strong>ku</strong> isi<br />

nyamara bahinda umushyitsi, yereka<strong>na</strong> amatsiko agaragazwa mu nkiko zo mu ijuru igihe<br />

amazi<strong>na</strong> yanditswe mu gitabo cy’ubugingo yongera <strong>ku</strong>garagazwa imbere y’Umucamanza<br />

w’isi yose. Umuvugizi wo mu ijuru asabira abanesheje <strong>ku</strong>bw’amaraso ye ko babarirwa<br />

ibicumuro byabo, ko bakongera gusubizwa mu rugo rwabo rwa Edeni, bakambikwa<br />

amakamba nk’abaraganwa <strong>na</strong> we ubutware bwabo bwa mbere. Mika 4:8. Mu muhati mwinshi<br />

Satani yakoresheje <strong>ku</strong>gira ngo ayobye kandi agerageze abantu, yatekerezaga <strong>ku</strong>burizamo<br />

umugambi Ima<strong>na</strong> yari ifite ubwo yaremaga umuntu. Ariko ubu Kristo asaba ko uwo mugambi<br />

washyirwa mu bikorwa nk’aho abantu batigeze bacumura. Ntabwo asabira ubwoko bwe<br />

<strong>ku</strong>babarirwa no <strong>ku</strong>girwa intungane byuzuye gusa, ahubwo a<strong>na</strong>basabira <strong>ku</strong>gira umugabane <strong>ku</strong><br />

i<strong>ku</strong>zo rye no kwicara<strong>na</strong> <strong>na</strong> we <strong>ku</strong> ntebe ye y’ubwami.<br />

Mu gihe Yesu asabira abakiriye ubuntu bwe, Satani we abarega imbere y’Ima<strong>na</strong> ko bishe<br />

amategeko yayo. Umushukanyi ukomeye yashatse uko yabashora mu gushidikanya, abatere<br />

gutakaza icyizere bafitiye Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>batera kwitandukanya n’uru<strong>ku</strong>ndo rwayo no kwica<br />

amategeko yayo. Ubu noneho (mu rubanza) yereka<strong>na</strong> ibyo bakoze mu mibereho yabo,<br />

ibidatunganye mu mico yabo, <strong>ku</strong>ba badasa <strong>na</strong> Yesu Kristo, kandi bikaba byarabateye<br />

gusuzuguza Umucunguzi wabo, mbese muri make yereka<strong>na</strong> ibyaha byose yaboheje gukora,<br />

kandi <strong>ku</strong>by’ibyo Satani avuga ko abo bantu ari abe.<br />

Ntabwo Yesu atanga urwitwazo <strong>ku</strong> byaha bakoze, ahubwo yereka<strong>na</strong> ko babyihannye,<br />

akereka<strong>na</strong> kwizera kwabo maze akabasabira <strong>ku</strong>bababarirwa. Azamura ibiganza bye birimo<br />

inkovu akabyereka<strong>na</strong> imbere ya Se n’abamarayika bera akavuga ati: Nzi izi<strong>na</strong> rya buri wese.<br />

Nabanditse mu biganza byanjye. “Ibitambo Ima<strong>na</strong> ishima ni imitima imenetse, umutima<br />

umenetse, ushenjaguwe, Ma<strong>na</strong> ntuzawusuzugura.” 693 Naho umurezi w’intore ze<br />

yamuvuzeho ati: “Uwiteka aguhane, yewe Satani! ni koko Uwiteka watoranije Yerusalemu<br />

aguhane. Mbese uwo si umushimu u<strong>ku</strong>we mu muriro?” 694 Kristo azambika indahemuka ze<br />

ubutungane bwe, <strong>ku</strong>gira ngo abashe <strong>ku</strong>bamurikira Se ari “itorero riboneye, ritagira ikizinga<br />

cyangwa umunkanyari cyangwa ikindi kintu cyose gisa gityo.” Abefeso 5:27. Amazi<strong>na</strong> yabo<br />

aracyanditswe mu gitabo cy’ubugingo, kandi banditsweho ibi ngo: “Bazagenda<strong>na</strong> <strong>na</strong>njye<br />

bambaye imyenda yera, <strong>ku</strong>ko babikwiriye.” Ibyahishuwe 3:4.<br />

Nibwo isezerano rishya rizaba risohoye ngo: “Kuko nzababarira gukiranirwa kwabo,<br />

kandi icyaha cyabo sinzacyibuka u<strong>ku</strong>ndi.” “Muri iyo minsi no muri icyo gihe, igicumuro cya<br />

Isirayeli kizashakwa kibure; n’ibyaha bya Yuda <strong>na</strong>byo ntibizaboneka.” 695 “Uwo munsi<br />

ishami ry’Uwiteka rizaba ryiza rifite icyubahiro. Abisirayeli bazarokoka, imyaka yo mu<br />

355

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!