07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Amategeko y’Ima<strong>na</strong> ni yo azaba urugero ngenderwaho rwo gusuzumiraho imico<br />

n’imibereho y’abantu mu rubanza. Umunyabwenge yaravuze ati: “Wubahe Ima<strong>na</strong> kandi<br />

ukomeze amategeko yayo, <strong>ku</strong>ko ari byo bikwiriye umuntu wese. Kuko Ima<strong>na</strong> izaza<strong>na</strong><br />

umurimo wose mu rubanza.” 688 Intumwa Yakobo yiha<strong>na</strong>ngirije abavandimwe be ati:<br />

“Muvuge kandi mukore nk’abajya gucirwa urubanza n’amategeko atera umudendezo.”<br />

Yakobo 2:12.<br />

Abazasangwa batunganye mu rubanza, bazaba mu mugabane wo <strong>ku</strong>zuka kw’abakiranutsi.<br />

Yesu yaravuze ati: « Ariko abemerewe <strong>ku</strong>zagera muri ya si yindi, bakaba bakwiriye no <strong>ku</strong>gera<br />

<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>zuka mu bapfuye, . . . bazamera nk’abamarayika, bakaba ari aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>ko ari<br />

aba<strong>na</strong> b’umuzuko. »639 Na none kandi Yesu aravuga ati: “abakoze ibyiza bazazukira<br />

ubugingo.” Yoha<strong>na</strong> 5:29. Abakiranutsi bapfuye ntibazazuka <strong>ku</strong>geza aho urubanza<br />

ruzarangirira rukabashyira mu mugabane w’abakwiriye <strong>ku</strong>zukira guhabwa ubugingo. Ubwo<br />

ibyanditswe <strong>ku</strong>ri bo bizaba bisuzumwa kandi bagafatirwa umwanzuro, ntabwo bo ubwabo<br />

bazaba bahagaze muri urwo rukiko.<br />

Yesu azahagoboka ababere umuvugizi, ababuranire imbere y’Ima<strong>na</strong>. “Icyakora, nihagira<br />

umuntu ukora icyaha, dufite Umurengezi <strong>ku</strong>ri Data wa twese, ni we Yesu Kristo ukiranuka.”<br />

1Yoha<strong>na</strong> 2:1. “Kuko Kristo atinjiye Ahera haremwe n’intoki, hasuraga ha handi h’u<strong>ku</strong>ri,<br />

ahubwo yinjiye mu ijuru ubwaho, <strong>ku</strong>gira ngo none ahagarare imbere y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> bwacu.” “Ni<br />

cyo gituma abasha gukiza rwose abegerezwa Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> we, <strong>ku</strong>ko ahoraho iteka ngo<br />

abasabire.” 690<br />

Ubwo ibitabo by’ibyanditswe <strong>ku</strong> bantu byabumburwaga, imibereho y’abantu bose bizeye<br />

Yesu igaragazwa imbere y’Ima<strong>na</strong>. Ahereye <strong>ku</strong> babanjirije abandi bose <strong>ku</strong>ba <strong>ku</strong> isi, Umuvugizi<br />

wacu yereka<strong>na</strong> iby’ibise<strong>ku</strong>ru byose byagiye bi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>, maze asoreza <strong>ku</strong> bakiriho. Izi<strong>na</strong><br />

ryose riravugwa, urubanza rwa buri wese rugasuzumanwa ubushishozi. Amazi<strong>na</strong> amwe<br />

akemerwa, ayandi ntiyemerwe. Igihe hagize umuntu ufite ibyaha bicyanditswe mu bitabo byo<br />

mu ijuru, ibyaha bitihanwe ngo bibabarirwe, izi<strong>na</strong> rye rizaha<strong>na</strong>gurwa mu gitabo cy’ubugingo,<br />

kandi ibyanditswe bigaragaza imirimo myiza bakoze bizaha<strong>na</strong>gurwa mu gitabo cy’Ima<strong>na</strong><br />

cy’urwibutso. Uwiteka yabwiye Mose ati: “Uncumuyeho wese, ni we nzaha<strong>na</strong>gura mu<strong>ku</strong>re<br />

mu gitabo cyanjye.” Kuva 32:33. N’umuhanuzi Ezekiyeli yaravuze ati: “Ariko umukiranutsi<br />

<strong>na</strong>reka gukiranuka kwe agakora ibibi, . . . Ibyo gukiranuka yakoze byose, nta <strong>na</strong> kimwe<br />

kizibukwa. . . ” Ezekiyeli 18:24.<br />

Abantu bose bihannye ibyaha byabo by’u<strong>ku</strong>ri, kandi <strong>ku</strong>bwo kwizera bakisunga amaraso<br />

ya Yesu we gitambo cyabo gi<strong>ku</strong>raho ibyaha, bagiriwe imbabazi maze zandikwa imbere<br />

y’amazi<strong>na</strong> yabo mu bitabo byo mu ijuru. Kuko bahindutse abafite umugabane <strong>ku</strong> butungane<br />

bwa Kristo kandi imico yabo igasangwa ihuje n’amategeko y’Ima<strong>na</strong>, ibyaha byabo<br />

byaraha<strong>na</strong>guwe, kandi bo bazasangwa bakwiriye guhabwa ubugingo buhoraho. Uhoraho<br />

avugira mu muhanuzi Yesaya iti: “Ubwanjye ni jye uha<strong>na</strong>gura ibicumuro byawe<br />

nka<strong>ku</strong>babarira <strong>ku</strong> bwanjye, kandi ibyaha byawe sinzabyibuka u<strong>ku</strong>ndi.” 691 Yesu yaravuze<br />

354

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!