07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 28 – Isuzumarubanza mu Ijuru<br />

Umuhanuzi Daniyeli aravuga ati: “Nkomeza <strong>ku</strong>reba mbo<strong>na</strong> batera intebe za cyami,<br />

Uwabayeho ibihe byose aricara. Imyambaro ye yererera<strong>na</strong>ga nk’inyange, umusatsi we wasaga<br />

n’ubwoya bw’intama bwera, intebe ye ya cyami yari ibirimi by’umuriro, inziga zayo<br />

zaguruma<strong>na</strong>ga nk’umuriro. Imbere ye haturukaga umuriro utemba nk’umugezi, abagaragu<br />

ibihumbi n’ibihumbi baramuherezaga, uko bari ibihumbi bitabarika bahagaze imbere ye.<br />

Urukiko rujyamo, ibitabo by’ibyo abantu bakoze barabibumbura.” 678<br />

Uko ni ko mu nzozi Umuhanuzi yeretswe umunsi ukomeye kandi uteye ubwoba, ubwo<br />

imico n’imibereho by’abantu bizanyuzwa imbere y’Umucamanza w’isi yose, kandi umuntu<br />

wese agahabwa “ibikwiranye n’ibyo yakoze.” Umu<strong>ku</strong>ru Wabayeho ibihe byose ni Ima<strong>na</strong><br />

Data. Umunyazaburi yaravuze ati: “Imisozi itaravuka, utararamukwa isi n’ubutaka, uhereye<br />

iteka ryose ukageza iteka ryose, ni wowe Ma<strong>na</strong>.” 679 Ni Yo nkomoko y’ibyaremwe byose<br />

kandi ikaba isoko y’amategeko yose agomba gukoreshwa muri uru rubanza. Kandi<br />

abamarayika bazira inenge ibihumbi n’ibihumbi, nk’abakozi n’abahamya, bari bari muri uru<br />

rukiko.<br />

“Hanyuma nkitegereza ibyo neretswe nijoro, mbo<strong>na</strong> haje usa n’umwa<strong>na</strong> w’umuntu, aziye<br />

mu bicu byo mu ijuru, aza umujyo umwe, asanga wa Mu<strong>ku</strong>ru nyir’ibihe byose, bamumugeza<br />

imbere. Nuko ahabwa ubutware n’icyubahiro n’ubwami, <strong>ku</strong>gira ngo abantu b’amoko yose<br />

y’indimi zitari zimwe bajye bamukorera. Ubutware bwe ni ubutware bw’iteka ryose<br />

butazashira; kandi ubwami bwe ni ubwami butaza<strong>ku</strong>rwaho.” 680 U<strong>ku</strong>za kwa Kristo <strong>ku</strong>vugwa<br />

aha, ntabwo ari u<strong>ku</strong>garuka kwe <strong>ku</strong>ri iyi si. Asanga Uwabayeho ibihe byose mu ijuru, <strong>ku</strong>gira<br />

ngo ahabwe ubutware, icyubahiro n’ubwami azegurirwa <strong>ku</strong> iherezo ry’umurimo we<br />

w’umuhuza. Uko ni ko <strong>ku</strong>za <strong>ku</strong>vugwa aha kwavuzwe mu buhanuzi ko <strong>ku</strong>zabaho <strong>ku</strong> iherezo<br />

ry’iminsi 2300 mu mwaka wa 1844. Ntabwo ari u<strong>ku</strong>garuka kwe <strong>ku</strong> isi. Umutambyi wacu<br />

Mu<strong>ku</strong>ru yari ashagawe n’abamarayika bo mu ijuru, yinjira ahera cyane maze agaragara<br />

imbere y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo akore umugabane uheruka w’umurimo akorera umuntu. Ni<br />

umurimo w’urubanza rugenzura ndetse no guhongerera abantu bose bazasangwa ko<br />

babikwiriye.<br />

Mu muhango wagiraga icyo ushushanya wakorerwaga mu buturo bwera bwo mu isi,<br />

ababaga baje imbere y’Ima<strong>na</strong> bafite kwicuza no kwiha<strong>na</strong>, kandi ibyaha byabo bigashyirwa <strong>ku</strong><br />

buturo bwera binyuze mu maraso y’igitambo gitambirwa ibyaha, abo bonyine ni bo<br />

bungurwaga n’umurimo wo <strong>ku</strong> Munsi w’Impongano. Muri ubwo buryo, mu munsi ukomeye<br />

wo guhongerera ubuheruka ndetse n’urubanza rw’igenzura, ibyitabwaho gusa ni iby’ubwoko<br />

bw’Ima<strong>na</strong>. Urubanza rw’abanyabibi rwo ni umurimo wihariye ndetse utandukanye n’uwo,<br />

kandi uzabaho nyuma y’aho. “Igihe cy’urubanza kirageze kandi rubanjirije <strong>ku</strong>ri twebwe<br />

ab’inzu y’Ima<strong>na</strong>. None se ubwo rubanjirije <strong>ku</strong>ri twe, iherezo ry’abatumvira Ubutumwa bwiza<br />

bw’Ima<strong>na</strong> rizaba irihe?” 681<br />

352

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!