07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abakristo bo mu itorero rya mbere bari abantu badasanzwe. Imyitwarire yabo itagira<br />

amakemwa no kwizera kwabo <strong>ku</strong>dakebakeba byahoraga ari ikirego kibuza amahoro<br />

abanyabyaha. Nubwo bari bake, batagira umutungo mwinshi, badafite imyanya ihanitse<br />

n’ibyubahiro bikomeye, bateraga ubwoba inkozi z’ibibi z’ahantu hose imico yabo n’inyigisho<br />

zabo byamenyeka<strong>na</strong>ga. Ni yo mpamvu abanyabyaha babanganga nk’uko umunyabibi Kayini<br />

yanze murumu<strong>na</strong> we Abeli. Impamvu yatumye Kayini yica Abeli ni yo yatumye abanze<br />

<strong>ku</strong>mva ijwi rya Mwuka Muziranenge bica aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong>. Ni cyo cyatumye Abayuda banga<br />

Umukiza baka<strong>na</strong>mubamba; <strong>ku</strong>ko ubutungane n’ubuziranenge bw’imico ye bwahoraga burega<br />

kwi<strong>ku</strong>nda no kononekara kwabo. Kuva mu gihe cya Kristo <strong>ku</strong>geza ubu, abigishwa be<br />

b’indahemuka bagiye bangwa kandi bakarwanywa n’aba<strong>ku</strong>nda inzira z’icyaha kandi<br />

bakazigenderamo.<br />

None se ni mu buhe buryo ubutumwa bwiza bushobora kwitwa ubutumwa bw’amahoro?<br />

Igihe Yesaya yahanuraga <strong>ku</strong>vuka kwa Mesiya, yamwise « Umwami w’amahoro.» Igihe<br />

abamarayika bamenyeshaga abungeri b’intama ko Kristo yavutse, baririmbiye mu bibaya by’i<br />

Betelehemu bavuga bati: « Mu ijuru icyubahiro kibe icy’Ima<strong>na</strong>, no mu isi amahoro abe mu<br />

bo yishimira.» Luka 2:14. Ayo magambo abahanuzi bavuze asa n’avuguruzanya n’ayo Kristo<br />

yavuze ati: «Mwe gutekereza ko <strong>na</strong>zanywe no <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> amahoro mu isi : si<strong>na</strong>je <strong>ku</strong>za<strong>na</strong><br />

amahoro, ahubwo <strong>na</strong>je <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> inkota.” Matayo 10:34. Nyamara iyo usobanukiwe neza izo<br />

mvugo zombi, usanga zivuga rumwe rwose. Ubutumwa bwiza ni ubutumwa bw’amahoro.<br />

Abantu baramutse bemeye <strong>ku</strong>bwakira kandi bakabwumvira, Ubukristo ni gahunda yazanira<br />

isi yose amahoro, ubwumvikane ndetse n’umunezero. Ubukristo buhuriza abemera inyigisho<br />

zabwo bose mu isano y’ubuvandimwe bwimbitse. Icyazanye Kristo ni u<strong>ku</strong>nga umuntu<br />

n’Ima<strong>na</strong>, bityo a<strong>ku</strong>nga n’umuntu <strong>na</strong> mugenzi we. Nyamara abatuye isi benshi bakoreshwa <strong>na</strong><br />

Satani, ari we mwanzi kabuhariwe wa Kristo. Ubutumwa bwiza bubigisha amahame agenga<br />

imibereho anyuranye cyane n’ingeso zabo n’ibyifuzo byabo maze bigatuma baburwanya.<br />

Banga ubutungane bushyira <strong>ku</strong> mugaragaro ibyaha byabo kandi bukabiciraho iteka maze<br />

bigatuma barenganya abababwiriza <strong>ku</strong>gira imibereho igendera <strong>ku</strong> mabwiriza yabwo y’u<strong>ku</strong>ri<br />

kandi atunganye. Ni muri ubwo buryo Ubutumwa bwiza bwiswe inkota, <strong>ku</strong>ko u<strong>ku</strong>ri bwigisha<br />

<strong>ku</strong>byutsa urwango n’amakimbirane.<br />

Uburinzi bw’Ima<strong>na</strong> bukomeye bwemera ko intungane zirenganywa n’inkozi z’ibibi<br />

bwagiye buyobera abantu benshi bafite intege nke mu byo kwizera. Bamwe bageza n’aho<br />

benda <strong>ku</strong>reka kwiringira Ima<strong>na</strong> kwabo <strong>ku</strong>ko ireka abantu basaye mu byaha bakaba abakire<br />

mu gihe abeza kandi b’intungane bo bababazwa kandi bagashinyagurirwa n’ubushobozi<br />

bw’abo banyabibi. Baribaza bati, bishoboka bite ko Ima<strong>na</strong> ikiranuka, y’inyambabazi kandi<br />

ifite ubushobozi butagira iherezo, yakwihanganira akarengane n’ubugome bimeze bityo? Icyo<br />

ni ikibazo tudashobora gukemura.<br />

Ima<strong>na</strong> yaduhaye ibihamya bihagije by’uru<strong>ku</strong>ndo rwayo, bityo ntitugomba gushidikanya<br />

ubugwaneza bwayo <strong>ku</strong>ko tudashobora gusobanukirwa uburyo iturinda. Umukiza yabonye<br />

mbere y’igihe gushidikanya kwari <strong>ku</strong>zagerageza imitima y’abigishwa be bageze mu gihe<br />

28

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!