07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Izo ni zo mbuto zo guhinduka no kwezwa Bibiliya ivuga. Nyamara <strong>ku</strong>ba izo mbuto<br />

zida<strong>ku</strong>nze <strong>ku</strong>boneka biterwa n’uko usanga Abakristo benshi batitaye <strong>ku</strong> mahame y’ingenzi<br />

y’ubutungane yagaragarijwe mu mategeko y’Ima<strong>na</strong>. Iyo ni yo mpamvu hariho kwigaragaza<br />

guto cyane k’umurimo wimbitse kandi uhamye wa Mwuka w’Ima<strong>na</strong> waranze ububyutse<br />

n’ihemburwa byo mu myaka yashize.<br />

Duhinduka <strong>ku</strong>bwo guhanga Yesu amaso. Ariko niba ariya mategeko yera Ima<strong>na</strong><br />

yerekeyemo umuntu ubutungane no kwera by’imico yayo yirengagizwa, bityo intekerezo<br />

z’abantu zikerekezwa <strong>ku</strong> nyigisho n’amahame by’abantu, nta gitangaje <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> mu itorero<br />

ha<strong>ku</strong>rikiraho u<strong>ku</strong>dohoka <strong>ku</strong> butungane nya<strong>ku</strong>ri. Uhoraho yaravuze ati: “. . . Baranyimuye<br />

kandi ari jye soko y’amazi y’ubugingo; kandi bikorogoshoreye ibitega mu rutare, ndetse ni<br />

ibitega bitobotse, bitabasha gukomeza amazi.” 675<br />

“Hahirwa umuntu uda<strong>ku</strong>rikiza imigambi y’ababi, . . . Ahubwo amategeko y’Uwiteka ni<br />

yo yishimira, kandi amategeko ye ni yo yibwira <strong>ku</strong> manywa <strong>na</strong> nijoro. Uwo azahwa<strong>na</strong> n’igiti<br />

cyatewe hafi y’umugezi, cyera imbuto zacyo igihe cyacyo, ibibabi byacyo ntibyuma. Icyo<br />

azakora cyose kizamubera cyiza.” 676 Keretse gusa amategeko y’Ima<strong>na</strong> asubijwe agaciro<br />

kayo, ni bwo mu bavuga ko ari ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> hashobora <strong>ku</strong>baho ububyutse n’ihembura<br />

byo kwizera no <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> byaranze abatubanjirije. “Uwiteka avuga atya ati:<br />

‘Nimuhagarare mu nzira murebe, kandi mubaririze inzira za kera, aho inzira nziza iri abe ari<br />

yo munyuramo, ni ho muzabo<strong>na</strong> uburuhukiro mu mitima yanyu.” 677<br />

351

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!