07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bw’umurambararo n’uburebure bw’igihagararo, n’uburebure bw’ikijyepfo bwarwo, ubwo ari<br />

bwo, mumenye n’uru<strong>ku</strong>ndo rwa Kristo ruruta uko rumenywa.” “Ariko isengesho ry’intumwa<br />

Pawulo rirashyira rikagera <strong>ku</strong> ntego yaryo, ubwo yasengaga ati “Ngo mwuzuzwe <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong><br />

<strong>ku</strong>zura kw’Ima<strong>na</strong>.”<br />

Na none kandi Pawulo yanditse <strong>ku</strong> cyifuzo cye cy’uko abizera bo muri Efeso bakwiriye<br />

gusobanukirwa ugukomera kw’amahirwe Umukristo afite. Mu mvugo yumvika<strong>na</strong> neza,<br />

abagaragariza imbaraga itangaje ndetse n’ubwenge babasha <strong>ku</strong>gira nk’aba<strong>na</strong> b’Isumbabyose.<br />

Byari ibyabo “gukomezwa cyane mu mitima yabo <strong>ku</strong>bw’Umwuka we,” “gushorera imizi mu<br />

ru<strong>ku</strong>ndo bakaba bashikamye,” “<strong>ku</strong>menyera hamwe n’abera bose ubugari n’uburebure<br />

bw’umurambararo, n’uburebure bw’igihagararo, n’uburebure bw’ikijyepfo; no <strong>ku</strong>menya<br />

uru<strong>ku</strong>ndo rwa Kristo ruruta uko rumenywa.” Ariko isengesho rigera <strong>ku</strong> bushorishori bw’ayo<br />

mahirwe igihe asenga avuga ati: “Ngo mwuzuzwe <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>zura kw’Ima<strong>na</strong>.” 670<br />

Aha turahishurirwa ingero zo hejuru dukwiriye <strong>ku</strong>geraho <strong>ku</strong>bwo kwizera amasezerano ya<br />

Data wo mu ijuru igihe twuzuje ibyo adusaba. Kubw’ibyo Kristo yakoze, dufite<br />

uburenganzira bwo kwegera intebe y’Ishoborabyose. “Itimanye umwa<strong>na</strong> wayo, ahubwo<br />

ikamutanga <strong>ku</strong> bwacu twese, izabura ite <strong>ku</strong>mudaha<strong>na</strong> n’ibindi byose?” (Abaroma 8:32).<br />

Ima<strong>na</strong> Data yahaye Mwuka we Mwa<strong>na</strong> <strong>ku</strong> rugero rutagerwa, kandi <strong>na</strong>twe tubasha <strong>ku</strong>gira<br />

uruhare <strong>ku</strong>ri uwo mwuzuro. Yesu aravuga ati: “None se, ko muzi guha aba<strong>na</strong> banyu ibyiza,<br />

kandi muri babi, So wo mu ijuru ntazarushaho rwose guha Umwuka Wera abamumusabye?”<br />

“Icyo muzasaba cyose mu izi<strong>na</strong> ryanjye, nzagikora.” “Musabe muzahabwa <strong>ku</strong>gira ngo<br />

umunezero wanyu ube wuzuye.” 671<br />

Nubwo imibereho ya Gikristo izarangwa no kwicisha bugufi, ntikwiriye <strong>ku</strong>bamo<br />

kwitangira itama, cyangwa kwitesha agaciro. Ni amahirwe ya buri wese <strong>ku</strong>baho mu buryo<br />

Ima<strong>na</strong> yemera kandi igaha umugisha. Ntabwo ari ubushake bwa Data wo mu ijuru ko duhora<br />

dusa n’abaciriweho iteka kandi tubundikiwe n’umwijima. Nta gihamya cyo kwicisha bugufi<br />

nya<strong>ku</strong>ri cyaba kiriho igihe umuntu agenda yubitse umutwe kandi afite umutima wuzuye<br />

ibitekerezo by’i<strong>na</strong>rijye. Dukwiriye gusanga Yesu tukezwa, tugahagarara imbere y’amategeko<br />

tudafite isoni cyangwa ikimwaro. “Nuko rero noneho abari muri Kristo Yesu nta teka<br />

bazacirwaho: abagenda bada<strong>ku</strong>rikiza kamere, ahubwo ba<strong>ku</strong>rikiza iby’Umwuka.” 672<br />

Kubwa Yesu, aba<strong>na</strong> ba Adamu bacumuye bahinduka “aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong>.” “Kuko uweza<br />

n’abezwa bose bakomotse <strong>ku</strong>ri Imwe; ni cyo gituma adakorwa n’isoni zo <strong>ku</strong>bita bene Se.”<br />

673 Imibereho y’Umukristo ikwiriye <strong>ku</strong>ba iyo kwizera, insinzi ndetse no kwishimira mu<br />

Ma<strong>na</strong>. “Icyabyawe n’Ima<strong>na</strong> cyose kinesha iby’isi: kandi u<strong>ku</strong> ni ko <strong>ku</strong>nesha kwanesheje<br />

iby’isi, ni ukwizera kwacu.” 1Yoha<strong>na</strong> 5:4. Umugaragu w’Ima<strong>na</strong> Nehemiya yabivuze mu <strong>ku</strong>ri<br />

agira ati: “Kwishima<strong>na</strong> Uwiteka ni zo ntege zanyu.” Na Pawulo aravuga ati: “Mujye<br />

mwishimira mu Mwami wacu iminsi yose. Yewe! nongeye <strong>ku</strong>bivuga nti: “ Mwishime.” “<br />

Mwishime iteka, musenge ubudasiba, mu bibaho byose muhore mushima, <strong>ku</strong>ko ibyo ari byo<br />

Ima<strong>na</strong> ibashakaho muri Kristo Yesu.” 674<br />

350

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!