07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gushyigikira umurimo w’ubutumwa bwiza. Iyaba abantu bose biyita abayoboke ba Kristo bari<br />

bejejwe mu by’u<strong>ku</strong>ri, mu cyimbo cyo gutagaguza ubutunzi bwabo <strong>ku</strong> bitagira umumaro<br />

ndetse no kwinezeza mu buryo bwangiza, ubwo butunzi bwajyanwa mu mutungo w’Uwiteka,<br />

kandi Abakristo batanga urugero rwiza <strong>ku</strong> byo kwirinda, kwiyanga no kwitanga. Bityo baba<br />

umucyo w’isi.<br />

Abatuye isi birunduriye mu binezeza imibiri yabo. “Irari ry’umubiri, irari ry’amaso no<br />

kwibo<strong>na</strong> <strong>ku</strong> by’ubugingo”, ni byo bisigaye biyobora imbaga nyamwinshi y’abantu. Ariko<br />

abayoboke ba Kristo bo, bahamagariwe <strong>ku</strong>ba abera. “Muve hagati ya ba bandi,<br />

mwitandukanye, ni ko Uwiteka Ushobora byose avuga, kandi ntimugakore <strong>ku</strong> kintu cyose<br />

gihumanye.” Mu mucyo w’ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, dushobora guhamya tudashidikanya ko kwezwa<br />

<strong>ku</strong>datera umuntu kwitandukanya rwose n’ibyifuzwa by’ibyaha ndetse no guhaza irari<br />

ry’iby’isi, atari ukwezwa nya<strong>ku</strong>ri.<br />

Abantu buzuje ibi bisabwa ngo: “Nuko muve hagati ya ba bandi . . . kandi ntumugakore<br />

<strong>ku</strong> kintu cyose gihumanye,” Ima<strong>na</strong> ibaha iri sezerano ngo: “Nzabakira, kandi nzababera So,<br />

<strong>na</strong>mwe muzambera abahungu n’abakobwa, ni ko Uwiteka Ushoborabyose avuga.” 666<br />

Kumenya neza no gu<strong>ku</strong>ngahara mu by’Ima<strong>na</strong>, ni amahirwe ndetse n’inshingano bya buri<br />

Mukristo wese. Yesu yaravuze ati: “Ni jye mucyo w’isi: un<strong>ku</strong>rikira ntazagenda mu mwijima<br />

<strong>na</strong> hato, ahubwo azaba afite umucyo w’ubugingo.” 667 “Ariko inzira y’umukiranutsi ni<br />

nk’umuseke utambitse, ugakomeza gu<strong>ku</strong>ra ukageza <strong>ku</strong> manywa y’ihangu.” 668 Intambwe<br />

yose yo kwizera no <strong>ku</strong>mvira yegereza umuntu komata<strong>na</strong> <strong>na</strong> Kristo we Mucyo w’isi, we<br />

“utarangwamo umwijima <strong>na</strong> muke.” Imyambi irabagira<strong>na</strong> ya Zuba ryo Gukiranuka irasira<br />

abagaragu b’Ima<strong>na</strong>, bityo <strong>na</strong> bo bagomba <strong>ku</strong>murikishiriza abandi imirasire Ye. Nk’uko<br />

inyenyeri zitwereka ko mu kirere hari umucyo mwinshi ufite ubwiza uzitera <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong>, ni<br />

ko n’Abakristo bakwiriye kwereka<strong>na</strong> ko hariho Ima<strong>na</strong> yicaye <strong>ku</strong> ntebe ya cyami mu isanzure,<br />

ifite imico ikwiriye gusingizwa no kwiganwa. Ubuntu buva <strong>ku</strong>ri Mwuka wayo, u<strong>ku</strong>bonera<br />

n’ubutungane by’imico ya Yo bizagaragarira mu bahamya bayo.<br />

Mu rwandiko Pawulo yandikiye Abanyakolosi, agaragaza imigisha myinshi yahawe aba<strong>na</strong><br />

b’Ima<strong>na</strong>. Yaranditse ati: “Ni cyo gituma tudasiba <strong>ku</strong>basabira, uhereye igihe twabyumviye,<br />

twifuza ko mwuzuzwa ubwenge bwose bw’Umwuka no <strong>ku</strong>menya kose, ngo mumenye neza<br />

ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka, mugende nk’uko bikwiriye ab’Umwami wacu, mumunezeze muri byose,<br />

mwere imbuto z’imirimo myiza yose, kandi mwunguke <strong>ku</strong>menya Ima<strong>na</strong>, mukomereshejwe<br />

imbaraga zose, nk’uko ubushobozi bwayo bw’icyubahiro bunga<strong>na</strong>, ngo mubone uko<br />

mwiyumanganya muri byose mukihanga<strong>na</strong><strong>na</strong> ibyishimo.” 669<br />

Yongera kwandikira Abanyefezi, agira ngo bene Data bo muri Efezi bagere <strong>ku</strong> rugero rwo<br />

gusobanukirwa neza n’ubugari bw’amahirwe y’abakristo. Yabagaragarije neza imbaraga<br />

itangaje n’ubumenyi bakwiriye guhabwa nk’abahungu n’abakobwa b’Ima<strong>na</strong> Ishobora byose.<br />

Bahawe “gukomezwa cyane mu mitima yabo <strong>ku</strong>bw’Umwuka we, bahabwa gushora imizi no<br />

gu<strong>ku</strong>rira mu ru<strong>ku</strong>ndo, <strong>ku</strong>menyera hamwe n’abera bose ubugari n’uburebure<br />

349

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!