07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Muziranenge azakangurira ubushobozi bwabo gukora ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka. Kubwo gushaka<br />

guhaza ipfa n’irari ry’umubiri, ntabwo bazigera batera intege nke cyangwa ngo banduze ituro<br />

batura Se wo mu ijuru.<br />

Intumwa Petero aravuga ati: “Mwirinde irari ry’umubiri ry’uburyo bwinshi rirwanya<br />

ubugingo.” (1 Petero 2:11). Icyaha cyose kigusha ikinya ubushobozi bw’umuntu kandi<br />

cyikica imyumvire mu by’ubwenge n’iby’umwuka bityo ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> Mwuka wayo<br />

ntibishobore gukora <strong>ku</strong> mutima. Pawulo yandikira Abanyakorinti avuga ati: “Twiyezeho<br />

imyanda yose y’umubiri n’umutima, tugende twiyejesha rwose <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong>.” (2 Abakorinto<br />

7:1). Kandi <strong>ku</strong> mbuto z’Umwuka: “uru<strong>ku</strong>ndo, ibyishimo, amahoro, kwihanga<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>gira neza,<br />

ingeso nziza, ukwizera no <strong>ku</strong>gwa neza,” yongeyeho “kwirinda.” (Abagalatiya 5:22, 23).<br />

Nubwo hari aya magambo yahumetswe n’Ima<strong>na</strong>, ni abantu bangahe bavuga ko ari<br />

Abakristo baca intege imbaraga zabo <strong>ku</strong>bwo gu<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> inyungu cyangwa gutwarwa<br />

n’ibigezweho? Ni abantu bangahe banduza ishusho y’Ima<strong>na</strong> bafite babinyujije mu <strong>ku</strong>gwa<br />

ivutu, <strong>ku</strong>nywa ibisindisha ndetse no <strong>ku</strong>jya mu binezeza bibuzanyijwe! Kandi itorero <strong>na</strong>ryo<br />

aho <strong>ku</strong>gira ngo ricyahe, akenshi rishyigikira ikibi ryemerera abantu guhaza irari ryabo ry’inda,<br />

<strong>ku</strong>rarikira inyungu cyangwa gu<strong>ku</strong>nda ibibanezeza <strong>ku</strong>gira ngo risibe icyuho kiri mu butunzi<br />

bwaryo kidashobora <strong>ku</strong>zuzwa n’uru<strong>ku</strong>ndo ba<strong>ku</strong>nda Kristo. Yesu aramutse yinjiye mu<br />

matorero yo muri iki gihe maze akabo<strong>na</strong> ibirori n’ubucuruzi bwanduye bihakorerwa mu izi<strong>na</strong><br />

ry’itorero, mbese ntiyakwiruka<strong>na</strong> abo batesha agaciro itorero nk’uko yirukanye abavunjiraga<br />

mu rusengero?<br />

Intumwa Yakobo avuga yuko ubwenge buva mu ijuru, irya mbere “buba buboneye.”<br />

Mbese iyo iyi ntumwa iza guhura n’abo bantu bavugisha izi<strong>na</strong> ry’icyubahiro rya Yesu iminwa<br />

yandujwe n’itabi, abantu bafite umwuka n’impagarike byandujwe n’umunuko w’itabi, kandi<br />

banduza umwuka wo mu kirere ndetse bagatera ababakikije bose guhumeka uburozi, - mbese<br />

iyo Yakobo abo<strong>na</strong> inyifato inyuranyije n’ubutungane buvugwa mu butumwa bwiza, aho<br />

ntiyajyaga <strong>ku</strong>yirwanya akavuga ko ari inyifato “y’isi, y’irari ry’umubiri kandi ko ikomoka<br />

<strong>ku</strong>ri Satani”? Ababaswe n’itabi, bavuga ko bafite umugisha wo kwezwa, barata ko bafite<br />

ibyiringiro by’ijuru; nyamara ijambo ry’Ima<strong>na</strong> rivuga ryeruye ko “muri ryo hatazinjira ikintu<br />

gihumanya.” (Ibyahishuwe 21:27).<br />

“Mbese ntimuzi yuko imibiri yanyu ari insengero z’Umwuka Wera, uri muri mwe, uwo<br />

mufite wavuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>? Kandi ntimuri abanyu ngo mwigenge; <strong>ku</strong>ko mwaguzwe igiciro.<br />

Nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Ima<strong>na</strong>.” 665 Umuntu wese weguriye umubiri we<br />

<strong>ku</strong>ba urusengero rwa Mwuka Muziranenge, ntabwo azabatwa n’ingeso mbi. Imbaraga ze<br />

azikesha Kristo wamuguze amaraso ye. Ibyo atunze ni iby’Uwiteka. Mbese yabura ate<br />

<strong>ku</strong>barwaho icyaha igihe apfusha ubusa ibyo yaragijwe? Buri mwaka abiyita Abakristo<br />

batagaguza amafaranga menshi <strong>ku</strong> bitagira umumaro kandi bihumanya mu gihe abantu benshi<br />

barimbuka bazira <strong>ku</strong>bura ijambo ry’ubugingo. Biba Ima<strong>na</strong> icyacumi n’amaturo mu gihe <strong>ku</strong><br />

gicaniro cyo <strong>ku</strong>rimbura irari baharira ibirenze ibyo batanga mu gufasha abakene cyangwa mu<br />

348

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!