Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo Yobu yumvaga ijwi ry’Imana mu nkubi y’umuyaga, yaravuze ati: “Ni cyo kinteye kwizinukwa, nkaba nihannye, nigaragura mu mukungugu no mu ivu.” 660 Igihe Yesaya yabonaga ubwiza bw’Imana maze akumva ijwi rirenga ry’abakerubi basingiza Imana bati: “Uwiteka Nyiringabo arera, arera, arera, . . .” ni bwo yatatse ati: “Mbonye ishyano, ndapfuye, kuko nanduye.” Pawulo amaze kuzamurwa akajyanwa mu ijuru rya gatatu maze akumva ibintu umuntu atabasha kurondora, yiyise “uworoheje hanyuma y’abera bose.” Yohana ukundwa wahoraga mu gituza cya Yesu kandi witegereje ikuzo rye, ni we waguye imbere ya marayika maze amera nk’upfuye. 661 Abagendera munsi y’umusaraba w’i Kaluvari ntibashobora na rimwe kwishyira hejuru cyangwa kwirata ko bamaze gucika ingoyi y’icyaha. Bazirikana ko ibyaha byabo ari byo byateje umubabaro ukomeye wamenye umutima w’Umwana w’Imana, kandi iki gitekerezo kizabatera kwicisha bugufi. Ababa hafi ya Yesu basobanukirwa neza intege nke ndetse n’ubunyacyaha (kamere ihora ihengamiye ku cyaha) by’inyokomuntu, bityo ibyiringiro byabo rukumbi biri mu byo Umukiza wabambwe akazuka yakoze. Muri iki gihe ukwezwa kwamamaye mu isi ya Gikristo kujyanirana n’umwuka wo kwishyira hejuru no kwirengagiza amategeko y’Imana. Bene uko kwezwa ntikugaragara mu byo Bibiliya yigisha. Abamamaza uko kwezwa bigisha ko ari umurimo ukorwa mu kanya gato bikaba birangiye, kandi ko kubwo kwizera konyine, uwo murimo ubageza ku butungane bwuzuye. Baravuga bati: “Izere gusa, bityo umugisha ni uwawe.” Uwakira uko kwezwa nta wundi mwete asabwa kugira. Na none kandi bahakana ububasha bw’amategeko y’Imana, bakavuga ko babatuwe ku nshingano yo kubahiriza amategeko. Ariko se, byashoboka ko umuntu yaba uwera, ahuje n’ubushake bw’Imana n’imico yayo nyamara atagendana n’amategeko agaragaza kamere yayo n’ubushake bwayo, ndetse akerekana ibiyishimisha? Kwifuza idini ryorohereza abantu, ridasaba umuhati, kwigomwa no kwiyanga ndetse no kwitandukanya n’iby’isi, byatumye habaho imyizerere yabaye gikwira ari yo myizerere yo kwizera, kwizera gusa. Ariko se ijambo ry’Imana ryo ryavuze iki? Intumwa Yakobo aravuga ati: “Mbese bene Data, byavura iki, niba umuntu avuga yuko afite kwizera, nyamara akaba ari nta mirimo akora? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza?. . . Wa muntu utagira imirimo we, ntuzi yuko kwizera kutagira imirimo ari imfabusa? Mbese sogokuruza Aburahamu ntiyatsindishirijwe n’imirimo, ubwo yatangaga Isaka umwana we ngo atambwe ku gicaniro? Ubonye yuko kwizera kwafatanije n’imirimo ye, kandi ko kwizera kwe kwatunganijwe rwose n’imirimo ye? . . . Mubonye yuko umuntu atsindishirizwa n’imirimo, adatsindishirizwa no kwizera gusa.” 662 Ibyo ijambo ry’Imana rihamya bivuguruza iyi nyigisho igusha abantu mu mutego ivuga ibyo kwizera kutagira imirimo. Ntabwo ukwizera ari ko gusaba guhabwa ibyiza by’ijuru nyamara nta kuzuza ibyangombwa bishingirwaho mu gutanga imbabazi. Ukwibeshya ni ko gukora ibyo kuko ukwizera nyakuri gushingiye ku masezerano y’Ibyanditswe Byera ndetse no ku cyo byigisha. 346

Itorero na Leta ku Rugamba Nimutyo he kugira umuntu n’umwe wibeshya yizera ko ashobora kuba uwera mu gihe yica nkana rimwe mu mategeko y’Imana. Gukora icyaha ukizi bicecekesha ijwi rihamya rya Mwuka Muziranenge maze bigatandukanya umuntu n’Imana. “Icyaha ni ukugomera amategeko.” “Ukora ibyaha wese ntiyamubonye kandi ntiyamumenye.” (1Yohana 3:6). Nubwo Yohana mu nzandiko ze yibanda ku rukundo, nyamara ntabwo ashidikanya ku kugaragaza imico nyakuri ya rya tsinda ry’abantu bavuga ko bejejwe kandi mu mibereho yabo bagomera amategeko y’Imana. “Uvuga ko amuzi, ntiyitondere amategeko ye, ni umubeshyi, ukuri ntikuri muri we. Ariko umuntu wese witondera ijambo rye, urukundo akunda Imana ruba rumaze gutunganirizwa rwose muri we.” 663 Uru ni rwo rugero ngenderwaho mu kugenzura ibyo buri muntu avuga. Ntabwo dushobora kwemeza ko umuntu ari intungane kandi tutamushyize ku gipimo kigaragaza urugero rumwe rukumbi rw’ubutungane bw’Imana mu ijuru no mu isi. Niba abantu batumva uburemere bw’amategeko, niba bakerensa kandi bagaha agaciro gake amabwiriza y’Imana, niba bica itegeko rimwe ryoroheje muri yo kandi bakigisha abandi kugenza batyo, nta gaciro bazaba bafite mu maso y’Ijuru, kandi dukwiriye kumenya ko ibyo bihamya nta shingiro bifite. Iyo umuntu avuga ko nta cyaha afite byo ubwabyo ni igihamya cy’uko ntaho ahuriye n’ubutungane. Ibyo abiterwa n’uko adasobanukiwe ubutungane butagerwa ndetse no kwera by’Imana, cyangwa se akaba atazi uko abazaba batanyuranya n’imico y’Imana bagomba kumera. Bitewe n’uko uwo muntu adasobanukiwe neza n’ubutungane n’ubwiza bya Yesu habe no kumenya ubuhendanyi n’ububi by’icyaha, bene uwo ashobora kubona ko ari intungane. Uko intera imutandukanya na Kristo irushaho kwiyongera, ni ko arushaho kudasobanukirwa imico y’Imana n’ibyo isaba, kandi ni ko arushaho kwireba ubwe agasanga ari intungane. Ukwezwa kuvugwa mu Byanditswe Byera gukomatanya impagarike yose y’umuntu: umwuka, ubugingo n’umubiri. Pawulo yasabiye Abanyatesaloniki ngo “umwuka wabo n’ubugingo n’umubiri birindwe, bitazabaho umugayo kugeza ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azazira.” (1Abatesaloniki5:23). Yongera kwandikira abizera ati: “Nuko rero bene Data ndabinginga kubw’imbabazi z’Imana, ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana.” 664 Mu gihe cy’Abisirayeli ba kera, ituro ryose ryazanwaga ari igitambo batura Uwiteka, ryagombaga gusuzumanwa ubwitonzi. Iyo hagiraga ubusembwa buboneka kuri iryo tungo, ntiryemerwaga bitewe n’uko Imana yari yarategetse ko bazajya bayitura ituro “ridafite inenge.” Bityo, Abakristo nabo bakwiriye gutanga imibiri yabo ari “ibitambo bizima, byera, bishimwa n’Imana.” Kugira ngo ibyo bishoboke, imbaraga zabo zikwiriye kurindwa ku buryo bwose bwiza bushoboka. Igikorwa cyose gica intege imbaraga z’umubiri n’iz’intekerezo gitera umuntu kuba adakwiriye gukorera Umuremyi we. Mbese Imana yashimishwa n’ikintu icyo ari cyo cyose uretse icyiza kiruta ibindi dushobora gutanga? Yesu yaravuze ati: “Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose.” Abakundisha Uwiteka umutima wose, bazifuza kumukorera icyiza kiruta ibindi mu mibereho yabo, kandi bazahora bashishikarira gutuma imbaraga zose z’ubugingo bwabo bihuza n’amategeko kandi Mwuka 347

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nimutyo he <strong>ku</strong>gira umuntu n’umwe wibeshya yizera ko ashobora <strong>ku</strong>ba uwera mu gihe<br />

yica nka<strong>na</strong> rimwe mu mategeko y’Ima<strong>na</strong>. Gukora icyaha ukizi bicecekesha ijwi rihamya rya<br />

Mwuka Muziranenge maze bigatandukanya umuntu n’Ima<strong>na</strong>. “Icyaha ni u<strong>ku</strong>gomera<br />

amategeko.” “Ukora ibyaha wese ntiyamubonye kandi ntiyamumenye.” (1Yoha<strong>na</strong> 3:6).<br />

Nubwo Yoha<strong>na</strong> mu nzandiko ze yibanda <strong>ku</strong> ru<strong>ku</strong>ndo, nyamara ntabwo ashidikanya <strong>ku</strong><br />

<strong>ku</strong>garagaza imico nya<strong>ku</strong>ri ya rya tsinda ry’abantu bavuga ko bejejwe kandi mu mibereho yabo<br />

bagomera amategeko y’Ima<strong>na</strong>. “Uvuga ko amuzi, ntiyitondere amategeko ye, ni umubeshyi,<br />

u<strong>ku</strong>ri nti<strong>ku</strong>ri muri we. Ariko umuntu wese witondera ijambo rye, uru<strong>ku</strong>ndo a<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong><br />

ruba rumaze gutunganirizwa rwose muri we.” 663 Uru ni rwo rugero ngenderwaho mu<br />

<strong>ku</strong>genzura ibyo buri muntu avuga. Ntabwo dushobora kwemeza ko umuntu ari intungane<br />

kandi tutamushyize <strong>ku</strong> gipimo kigaragaza urugero rumwe ru<strong>ku</strong>mbi rw’ubutungane bw’Ima<strong>na</strong><br />

mu ijuru no mu isi. Niba abantu batumva uburemere bw’amategeko, niba bakerensa kandi<br />

bagaha agaciro gake amabwiriza y’Ima<strong>na</strong>, niba bica itegeko rimwe ryoroheje muri yo kandi<br />

bakigisha abandi <strong>ku</strong>genza batyo, nta gaciro bazaba bafite mu maso y’Ijuru, kandi dukwiriye<br />

<strong>ku</strong>menya ko ibyo bihamya nta shingiro bifite.<br />

Iyo umuntu avuga ko nta cyaha afite byo ubwabyo ni igihamya cy’uko ntaho ahuriye<br />

n’ubutungane. Ibyo abiterwa n’uko adasobanukiwe ubutungane butagerwa ndetse no kwera<br />

by’Ima<strong>na</strong>, cyangwa se akaba atazi uko abazaba batanyuranya n’imico y’Ima<strong>na</strong> bagomba<br />

<strong>ku</strong>mera. Bitewe n’uko uwo muntu adasobanukiwe neza n’ubutungane n’ubwiza bya Yesu<br />

habe no <strong>ku</strong>menya ubuhendanyi n’ububi by’icyaha, bene uwo ashobora <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko ari<br />

intungane. Uko intera imutandukanya <strong>na</strong> Kristo irushaho kwiyongera, ni ko arushaho<br />

<strong>ku</strong>dasobanukirwa imico y’Ima<strong>na</strong> n’ibyo isaba, kandi ni ko arushaho kwireba ubwe agasanga<br />

ari intungane.<br />

Ukwezwa <strong>ku</strong>vugwa mu Byanditswe Byera gukomatanya impagarike yose y’umuntu:<br />

umwuka, ubugingo n’umubiri. Pawulo yasabiye Abanyatesaloniki ngo “umwuka wabo<br />

n’ubugingo n’umubiri birindwe, bitazabaho umugayo <strong>ku</strong>geza ubwo Umwami wacu Yesu<br />

Kristo azazira.” (1Abatesaloniki5:23). Yongera kwandikira abizera ati: “Nuko rero bene Data<br />

ndabinginga <strong>ku</strong>bw’imbabazi z’Ima<strong>na</strong>, ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera<br />

bishimwa n’Ima<strong>na</strong>.” 664 Mu gihe cy’Abisirayeli ba kera, ituro ryose ryazanwaga ari igitambo<br />

batura Uwiteka, ryagombaga gusuzumanwa ubwitonzi. Iyo hagiraga ubusembwa buboneka<br />

<strong>ku</strong>ri iryo tungo, ntiryemerwaga bitewe n’uko Ima<strong>na</strong> yari yarategetse ko bazajya bayitura ituro<br />

“ridafite inenge.” Bityo, Abakristo <strong>na</strong>bo bakwiriye gutanga imibiri yabo ari “ibitambo bizima,<br />

byera, bishimwa n’Ima<strong>na</strong>.” Kugira ngo ibyo bishoboke, imbaraga zabo zikwiriye <strong>ku</strong>rindwa<br />

<strong>ku</strong> buryo bwose bwiza bushoboka. Igikorwa cyose gica intege imbaraga z’umubiri<br />

n’iz’intekerezo gitera umuntu <strong>ku</strong>ba adakwiriye gukorera Umuremyi we. Mbese Ima<strong>na</strong><br />

yashimishwa n’ikintu icyo ari cyo cyose uretse icyiza kiruta ibindi dushobora gutanga? Yesu<br />

yaravuze ati: “U<strong>ku</strong>ndishe Uwiteka Ima<strong>na</strong> yawe umutima wawe wose.” Aba<strong>ku</strong>ndisha Uwiteka<br />

umutima wose, bazifuza <strong>ku</strong>mukorera icyiza kiruta ibindi mu mibereho yabo, kandi bazahora<br />

bashishikarira gutuma imbaraga zose z’ubugingo bwabo bihuza n’amategeko kandi Mwuka<br />

347

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!