07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>mvira ayo mategeko <strong>na</strong>yo izaba yera. Kristo ni we cyitegererezo gitunganye kigaragaza iyo<br />

mico. Yaravuze ati: “Nitondeye amategeko ya Data.” “Mpora nkora ibyo Data ashima.”<br />

(Yoha<strong>na</strong> 15:10; 8:29). Abayoboke ba Kristo bagomba guhinduka nka we, <strong>ku</strong>bw’ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bakagira imico ihuje n’amabwiriza y’amategeko yayo yera. Uko ni ko kwezwa<br />

Bibiliya yigisha.<br />

Uyu murimo ushoboka gusa <strong>ku</strong>bwo kwizera Kristo no <strong>ku</strong>bw’imbaraga ya Mwuka<br />

w’Ima<strong>na</strong> uba mu muntu. Pawulo yiha<strong>na</strong>ngirije abizera ati: “Musohoze agakiza kanyu<br />

mutinya, muhinda umushitsi. Kuko Ima<strong>na</strong> ari yo ibatera gukora no gu<strong>ku</strong>nda ibyo yishimira.”<br />

656 Umukristo azumva imbaraga imusunikira gukora icyaha, ariko azakomeza <strong>ku</strong>kirwanya<br />

adacogora. Aho niho ubufasha bwa Kristo buba bukenewe. Intege nke za kimuntu ziyunga<br />

n’imbaraga z’Ima<strong>na</strong>, maze uwizera agatangara avuga ati: “Ariko Ima<strong>na</strong> ishimwe iduha<br />

<strong>ku</strong>nesha <strong>ku</strong>bw’Umwami wacu Yesu Kristo.” (1Abakorinto 15:57)<br />

Ibyanditswe Byera byereka<strong>na</strong> byeruye ko umurimo wo kwezwa ari umurimo ukomeza.<br />

Iyo umunyabyaha yihannye agira<strong>na</strong> amahoro n’Ima<strong>na</strong> binyuze mu maraso ya Kristo a<strong>ku</strong>raho<br />

ibyaha maze imibereho ya gikristo igatangira ubwo. Ubwo nibwo afata urugendo rwo “<strong>ku</strong>gera<br />

<strong>ku</strong> gutunganywa;” aga<strong>ku</strong>ra “<strong>ku</strong>geza ubwo azagera <strong>ku</strong> rugero rw’igihagararo cya Kristo.”<br />

Intumwa Pawulo yaravuze ati: “Ariko kimwe cyo, nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri<br />

imbere, ndamaranira <strong>ku</strong>gera aho dutanguranwa, ngo mpabwe ingororano zo guhamagara<br />

kw’Ima<strong>na</strong> muri Kristo Yesu kwavuye mu ijuru.” Kandi <strong>na</strong> Petero atwereka intambwe ziterwa<br />

ngo umuntu agere <strong>ku</strong> kwezwa <strong>ku</strong>vugwa <strong>na</strong> Bibiliya: 657<br />

“Ibyo abe ari byo bituma mugira umwete wose; kwizera mukongereho ingeso nziza;<br />

ingeso nziza muzongereho <strong>ku</strong>menya; <strong>ku</strong>menya mukongereho kwirinda; kwirinda<br />

mukongereho kwihanga<strong>na</strong>; kwihanga<strong>na</strong> mukongereho <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong><br />

mukongereho gu<strong>ku</strong>nda bene Data, gu<strong>ku</strong>nda bene Data mukongereho uru<strong>ku</strong>ndo. . . Kuko<br />

nimukora ibyo, ntabwo muzasitara <strong>na</strong> hato.” 658<br />

Abarangwaho uko kwezwa <strong>ku</strong>vugwa ba Bibiliya bagaragaza umwuka wo kwicisha bugufi.<br />

Nk’uko byabaye <strong>ku</strong>ri Mose, babonye icyubahiro cy’Ima<strong>na</strong> yera, bityo basobanukirwa neza<br />

n’imibereho yabo itandukanye by’ihabya no kwera no gutunga<strong>na</strong> by’Ima<strong>na</strong> Ihoraho.<br />

Umuhanuzi Daniyel yari icyitegererezo cyo kwezwa nya<strong>ku</strong>ri. Imibereho ye y’igihe<br />

kirekire yaranzwe n’umurimo uboneye yakoreraga Shebuja. Yari umugabo u<strong>ku</strong>ndwa n’Ima<strong>na</strong><br />

cyane.(Daniyeli 10:11). Nyamara ubwo yingingiraga Ima<strong>na</strong> ubwoko bwe, aho <strong>ku</strong>gira ngo<br />

avuge ko atunganye kandi yera, uyu muhanuzi wubahwaga yisanishije n’abanyabyaha<br />

ruharwa bo muri Isirayeli ya kera. Yarasenze ati: “Ntitubigushyize imbere twishingikirije <strong>ku</strong><br />

gukiranuka kwacu, ahubwo ni <strong>ku</strong>bw’imbabazi zawe nyinshi.” “Twaracumuye dukora <strong>na</strong>bi.”<br />

Na none kandi aravuga ati: “Nuko nkivuga, nsenga <strong>na</strong>tura ibyaha byanjye n’iby’ubwoko<br />

bwanjye bw’Abisirayeli.” Nyuma y’aho ubwo Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yamubonekeraga aje <strong>ku</strong>gira<br />

ibyo amwereka, Daniyeli abivugaho atya ati: “Ubwiza bwanjye bwampindukiyemo ububore,<br />

ndatentebuka.” 659<br />

345

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!