07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

None se ubwo aba ahawe umudendezo wo <strong>ku</strong>gomera amategeko? Pawulo aravuga ati:<br />

“Mbese none duhinduze ubusa amategeko kwizera? Ntibikabeho! Ahubwo turayakomeza.”<br />

“Mbese twebwe abapfuye <strong>ku</strong> byaha, twakomeza <strong>ku</strong>ramira muri byo dute?” Kandi Yoha<strong>na</strong> <strong>na</strong><br />

we aravuga ati: “Kuko gu<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong> ari u<strong>ku</strong>: ari uko twitondera amategeko yayo, kandi<br />

amategeko yayo ntarushya.” 654<br />

Mu <strong>ku</strong>vuka bundi bushya, umutima wiyunga n’Ima<strong>na</strong> kandi u<strong>ku</strong>mvira amategeko yayo.<br />

Iyo izi mpinduka zikomeye zabaye <strong>ku</strong> munyabyaha, aba avuye mu rupfu ageze mu bugingo,<br />

avuye mu cyaha ageze mu butungane, avuye mu kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong> no mu bwigomeke<br />

ageze mu <strong>ku</strong>mvira no <strong>ku</strong>yoboka Ima<strong>na</strong>. Imibereho ya kera yo kwitandukanya n’Ima<strong>na</strong> iba<br />

ishize maze hagatangira imibereho mishya y’ubwiyunge, kwizera n’uru<strong>ku</strong>ndo. Maze<br />

“gukiranuka kw’amategeko” <strong>ku</strong>gasohorezwa muri twe, “abada<strong>ku</strong>rikiza ibya kamere<br />

y’umubiri, ahubwo ba<strong>ku</strong>rikiza iby’Umwuka.” (Abaroma 8:4). Bityo imvugo y’umuntu izaba<br />

iyi ngo: “Mbega u<strong>ku</strong>ntu n<strong>ku</strong>nda amategeko yawe! Ni yo ntekereza umunsi ukira.” (Zaburi<br />

119:97).<br />

“Amategeko y’Uwiteka atunga<strong>na</strong> rwose, asubiza intege mu bugingo.” (Zaburi 19:7)<br />

Hatariho amategeko, abantu ntibamenya neza ubutungane no kwera by’Ima<strong>na</strong> cyangwa ngo<br />

bamenye ibicumuro byabo n’uburyo badatunganye. Ntabwo bakwemezwa ibyaha byabo mu<br />

buryo nya<strong>ku</strong>ri kandi ngo bumve ko bakeneye kwiha<strong>na</strong>. Kuba batabo<strong>na</strong> ko bazimiye <strong>ku</strong>bwo<br />

kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong>, ntibanumva ko bakeneye amaraso ya Kristo a<strong>ku</strong>raho ibyaha.<br />

Bakira ibyiringiro by’agakiza ariko batahindutse byimbitse mu mitima, habe no guhinduka<br />

k’ubugingo. U<strong>ku</strong> ni ko guhinduka kw’amajyejuru kwiganza cyane, kandi imbaga y’abantu<br />

benshi binjira mu itorero nyamara batarigeze bifatanya <strong>na</strong> Kristo.<br />

Inyigisho z’ibinyoma zerekeye kwezwa, kandi zikomoka mu gusuzugura no kwirengagiza<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong>, zifite umwanya w’ingenzi mu matorero yo muri iki gihe. Izo nyigisho ni<br />

ibinyoma mu mahame yazo kandi ingaruka zazo ziteza akaga. Kuba muri rusange zakirwa<br />

neza n’abazumva, bituma birushaho <strong>ku</strong>ba ngombwa ko abantu bose basobanukirwa neza<br />

n’icyo Ibyanditswe Byera byigisha <strong>ku</strong>ri iyo ngingo.<br />

Kwezwa nya<strong>ku</strong>ri ni inyigisho ya Bibiliya. Intumwa Pawulo mu rwandiko yandikiye<br />

Abanyatesaloniki yaravuze ati: “Icyo Ima<strong>na</strong> ishaka ni iki: ni ukwezwa kwanyu.” A<strong>na</strong>senga<br />

agira ati: “Ima<strong>na</strong> y’amahoro ibeze rwose.” 655 Bibiliya yigisha neza icyo kwezwa ari cyo<br />

ndetse n’uburyo <strong>ku</strong>gerwaho. Umukiza yasabiye abigishwa be ati: “ubereshe u<strong>ku</strong>ri: Ijambo<br />

ryawe ni ryo <strong>ku</strong>ri.”(Yoha<strong>na</strong> 17:17). Na none kandi Pawulo yigisha ko abizera bagomba<br />

“kwezwa <strong>na</strong> Mwuka Muziranenge.” (Abaroma 15:16). Umurimo wa Mwuka Muziranenge ni<br />

uwuhe? Yesu yabwiye abigishwa be ati: “Uwo Mwuka w’u<strong>ku</strong>ri <strong>na</strong>za, azabayobora mu <strong>ku</strong>ri<br />

kose.” Umunyazaburi <strong>na</strong>we yaravuze ati: “Amategeko yawe ni u<strong>ku</strong>ri.” Amahame akomeye<br />

y’ubutungane aboneka mu mategeko y’Ima<strong>na</strong> ahishurirwa abantu <strong>na</strong> Mwuka Muziranenge<br />

n’ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Kandi <strong>ku</strong>bera ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> yera, atunganye kandi akaba meza,<br />

akaba ari inyandiko igaragaza ubutungane bw’Ima<strong>na</strong>, igi<strong>ku</strong>rikiraho ni uko imico ibyarwa no<br />

344

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!