07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>na</strong>je gu<strong>ku</strong>raho amategeko;” “<strong>ku</strong>geza aho ijuru n’isi bizashirira, amategeko ntazavaho inyuguti<br />

n’imwe cyangwa agace kayo gato.” 650 Kandi no <strong>ku</strong> bimwerekeyeho Kristo ubwe yaravuze<br />

ati: “Ma<strong>na</strong> yanjye nishimira gukora ibyo u<strong>ku</strong>nda, ni koko amategeko yawe ari mu mutima<br />

wanjye.” 651<br />

Muri kamere yayo, amategeko y’Ima<strong>na</strong> ntahinduka <strong>ku</strong>ko agaragaza ubushake n’imico<br />

by’Uwayashizeho. Ima<strong>na</strong> ni uru<strong>ku</strong>ndo, n’amategeko yayo <strong>na</strong> yo ni uru<strong>ku</strong>ndo. Amahame abiri<br />

y’ingenzi ayo mategeko ashingiyeho ni ugu<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong> no gu<strong>ku</strong>nda abantu. “Uru<strong>ku</strong>ndo ni<br />

rwo rusohoza amategeko.” Imico y’Ima<strong>na</strong> ni ubutungane n’u<strong>ku</strong>ri; iyo kandi ni <strong>na</strong>yo kamere<br />

y’amategeko yayo. Umunyazaburi aravuga ati: “Amategeko yawe ni u<strong>ku</strong>ri;” “ibyo wategetse<br />

byose ni ibyo gukiranuka.” 652 Intumwa Pawulo aravuga ati: “Noneho amategeko ni ayera,<br />

ndetse n’itegeko ryose ni iryera, rirakiranuka ni ryiza.” (Abaroma 7:12). Kuba bene aya<br />

mategeko agaragaza imico n’ubushake by’Ima<strong>na</strong>, ahoraho nk’Uwayashyizeho.<br />

Guhinduka no kwezwa ni byo bihuza abantu n’Ima<strong>na</strong> bikabatera gu<strong>ku</strong>rikiza amahame<br />

y’amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Mu itangiriro, Ima<strong>na</strong> yaremye umuntu <strong>ku</strong> ishusho yayo. Uwo muntu<br />

yari ahuje rwose <strong>na</strong> kamere y’Ima<strong>na</strong> ndetse n’amategeko yayo; amahame y’ubutungane yari<br />

yanditswe mu mutima we. Ariko icyaha cyamutandukanyije n’Umuremyi we. Ntiyongeye<br />

<strong>ku</strong>rangwaho ishusho y’Ima<strong>na</strong>. Umutima we warwanyaga amahame y’amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />

“Kuko umutima wa kamere ari umwanzi w’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>ko utumvira amategeko y’Ima<strong>na</strong>, ndetse<br />

ntushobora <strong>ku</strong>yumvira.” (Abaroma 8:7). Ariko “<strong>ku</strong>ko Ima<strong>na</strong> ya<strong>ku</strong>nze abari mu isi cyane,<br />

byatumye itanga umwa<strong>na</strong> wayo w’ikinege,” <strong>ku</strong>gira ngo umuntu abashe <strong>ku</strong>ngwa n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Binyuze mu byo Kristo yakoze, umuntu abasha kongera <strong>ku</strong>ngwa n’Umuremyi we. Umutima<br />

we ugomba <strong>ku</strong>girwa mushya n’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>; agomba <strong>ku</strong>gira imibereho mishya ikomoka<br />

mu ijuru. U<strong>ku</strong> guhinduka ni ko kwitwa <strong>ku</strong>byarwa ubwa kabiri, uko Yesu avuga ati: “utabyawe<br />

ubwa kabiri ntabasha <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubwami bw’Ima<strong>na</strong>.”<br />

Intambwe ya mbere mu kwiyunga n’Ima<strong>na</strong>, ni ukwemera icyaha. “Icyaha ni ukwica<br />

amategeko.” “Kuko amategeko ari yo amenyekanisha icyaha.” 653 Kugira ngo amenye icyaha<br />

cye, umunyabyaha agomba <strong>ku</strong>genzuza ubutungane bwe urugero ruhanitse rw’ubutungane<br />

bw’Ima<strong>na</strong>. Amategeko y’Ima<strong>na</strong> ni indorerwamo yereka<strong>na</strong> ubutungane bw’imico kandi<br />

ikabashisha umuntu gusobanukirwa n’intege nke agira.<br />

Amategeko ahishurira umuntu ibyaha bye, ariko nta muti wo <strong>ku</strong>bikira atanga. Mu gihe<br />

amategeko asezeranira ubugingo uyumvira a<strong>na</strong>vuga ko umugabane w’utayumvira ari urupfu.<br />

Ubutumwa bwiza bwa Kristo bwonyine ni bwo bushobora gukiza umuntu gucirwaho iteka<br />

cyangwa kwanduzwa n’icyaha. Agomba kwiha<strong>na</strong> <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> yiciye amategeko; akizera Kristo,<br />

we gitambo kimweza. Bityo rero, umunyabyaha “ababarirwa ibyaha byose yakoze mu bihe<br />

byashize” maze agahinduka umuragwa wa kamere y’Ima<strong>na</strong>. Kuva icyo gihe ahinduka<br />

umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ko yakiriye umwuka umuhindura umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> umutakisha agira<br />

ati: “Abba Data!”<br />

343

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!