07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kariho muri iki gihe, yaravuze ati: “Inkomoko imwe ru<strong>ku</strong>mbi y’ako kaga ni uko ababwiriza<br />

birengagiza gushimangira amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Mu bihe byashize uruhimbi rwarangururaga<br />

ijwi ry’umutima<strong>na</strong>ma. . . Ababwiriza bacu b’ime<strong>na</strong>, batangaga ubutumwa butangaje mu<br />

bibwirizwa byabo, ba<strong>ku</strong>rikizaga icyitegererezo cya Shebuja Kristo, bakerereza amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>, amabwiriza yayo ndetse n’ibihano bigenewe abatayubahiriza. Basubiragamo<br />

imvugo y’ingenzi y’uburyo bubiri ivuga ko, “amategeko ari inyandiko y’ubutungane<br />

bw’ijuru, kandi ko umuntu uda<strong>ku</strong>nda amategeko y’Ima<strong>na</strong> aba ada<strong>ku</strong>nda n’ubutumwa bwiza;<br />

<strong>ku</strong>bera ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> kimwe n’ubutumwa bwiza, ari indorerwamo igaragagaza<br />

imico nya<strong>ku</strong>ri y’Ima<strong>na</strong>. Akaga kayobora <strong>ku</strong> kandi ni ako gupfobya ububi bw’icyaha, ubugari<br />

bwacyo n’ingaruka zacyo. Ku ruhande rumwe, uko uburemere bw’ubutungane bw’amategeko<br />

buri ni ko ubwo <strong>ku</strong>tayumvira <strong>na</strong> bwo buri. . .<br />

Kuri ka kaga kavuzwe mbere, hiyongeraho akandi kaga ko gupfobya ubutabera bw’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ibibwirizwa byo muri iki gihe byerekeza <strong>ku</strong> gutandukanya ubutabera bw’Ima<strong>na</strong><br />

n’ubugiraneza bwayo, <strong>ku</strong>manura ubwo bugiraneza bugahindurwa amarangamutima mu<br />

cyimbo cyo <strong>ku</strong>bwerereza <strong>ku</strong> rwego rw’ihame. Iyobokama<strong>na</strong> rigezweho ritandukanya icyo<br />

Ima<strong>na</strong> yateranyije. Mbese amategeko y’Ima<strong>na</strong> ni meza cyangwa ni mabi? Ni meza. Ku<br />

bw’ibyo rero, ubutabera ni bwiza <strong>ku</strong>ko umugambi wabwo ari u<strong>ku</strong>bahiriza amategeko. Kubwo<br />

<strong>ku</strong>menyera gupfobya amategeko n’ubutabera by’Ima<strong>na</strong>, ndetse no gupfobya <strong>ku</strong>tumvira<br />

n’akaga by’abantu, mu buryo bworoshye, abantu bagwa mu kamenyero ko guha agaciro gake<br />

ubuntu bwatanze impongano y’icyaha.” Bityo rero, bituma ubutumwa bwiza butakaza agaciro<br />

kabwo mu bwenge bw’abantu, maze bidatinze bakaba biteguye no kwirengagiza Bibiliya<br />

ubwayo.<br />

Abigisha benshi mu by’idini bemeza bakomeje ko Kristo ya<strong>ku</strong>jeho amategeko urupfu rwe,<br />

kandi ko <strong>ku</strong>bw’ibyo abantu batarebwa n’ibyo asaba. Hari bamwe bayafata nk’umutwaro<br />

uremereye cyane, maze mu buryo buhabanye n’ububata bwayo, bakigisha iby’umudendezo<br />

umuntu abasha kwishimira ari mu butumwa bwiza.<br />

Nyamara uko si ko intumwa n’abahanuzi bafataga amategeko yera y’Ima<strong>na</strong>. Dawidi<br />

yaravuze ati: “Kandi nzagenda<strong>na</strong> umudendezo, <strong>ku</strong>ko njya ndondora amategeko wigishije.”<br />

647 Intumwa Yakobo wanditse nyuma y’urupfu rwa Yesu Kristo, yavuze <strong>ku</strong> mategeko cumi,<br />

ko “atunganye, atera umudendezo.” 648 Kandi umuhishuzi <strong>na</strong>we, hashize nk’imyaka 50<br />

nyuma y’urupfu rwa Yesu, yavuze umugisha uzaba <strong>ku</strong> “ba<strong>ku</strong>rikiza amategeko y’Ima<strong>na</strong>,<br />

<strong>ku</strong>gira ngo bemererwe kwegera cya giti cy’ubugingo, kandi banyure mu marembo binjire<br />

muri rwa rurembo.” 649<br />

Ibivugwa ko Kristo <strong>ku</strong>bw’urupfu rwe ya<strong>ku</strong>yeho amategeko ya Se, nta shingiro bifite. Iyo<br />

biza <strong>ku</strong>ba bishoboka ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> ahinduka cyangwa a<strong>ku</strong>rwaho, ntibyari <strong>ku</strong>ba<br />

ngombwa ko Kristo apfa <strong>ku</strong>gira ngo akize umuntu igihano cy’icyaha. Urupfu rwa Kristo, aho<br />

<strong>ku</strong>ba rwara<strong>ku</strong>yeho amategeko, ahubwo ruhamya ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> ada<strong>ku</strong>ka. Umwa<strong>na</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong> yazanywe no “kogeza amategeko no <strong>ku</strong>yubahiriza.” Yaravuze ati: “Mwitekereza ko<br />

342

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!