Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Bashoboraga kuvugwaho aya magambo ngo: “Mwagize agahinda gatera kwihana.” “Burya agahinda gahuje n’ibyo Imana ishaka gatera umuntu kwihana kakamugeza ku gakiza, agahinda nk’ako nta mpamvu yo kukicuza. Naho agahinda gasanzwe ko muri iyi si kageza umuntu ku rupfu. Mbega ibyiza mwazaniwe n’agahinda gahuje n’ibyo Imana ishaka! Mbega umwete kabateye wo kwita ku byabaye ngo mwiregure! Mbega ukuntu kabateye kurakara no guhagarika umutima! Mbega ibyifuzo n’ishyaka kabateye ngo mwemere guhana uwagize nabi! Muri byose mwagaragaje ko muri abere muri urwo rubanza.” 645 Uyu ni wo musaruro uva mu murimo wa Mwuka Muziranenge. Nta gihamya cy’uko umuntu yihanye by’ukuri keretse gusa iyo bimuteye guhinduka. Kwihana nyakuri gutera umuntu gutanga icyo yarahiriye, akagarura ibyo yibye, akihana ibyaha bye, agakunda Imana na bagenzi be, icyo gihe nibwo umunyabyaha abasha kumenya neza ko afitanye amahoro n’Imana. Mu myaka yashize uwo ni wo musaruro wakurikiraga ibihe by’ikangura mu by’iyobokamana. Bamenyekaniraga ku mbuto zabo, bakabita abahiriwe n’Imana kubw’agakiza k’abantu no kubwo kuzahura inyokomuntu. Ariko amenshi mu mavugurura yo muri iyi minsi yagiye arangwa no guhabana bikomeye na kwa kwigaragaza k’ubuntu bw’Imana kwakurikiraga imirimo y’abagaragu b’Imana mu bihe bya kera. Ni iby’ukuri ko umuriro wo gukanguka ugurumana hirya no hino, abantu benshi bavuga ko bahindutse, kandi amatorero yuzuyemo abantu benshi; nyamara umusaruro uvamo uteye ku buryo utashingirwaho ngo umuntu yizere ko habayeho gukura mu bya Mwuka guhuje no gukura kw’amatorero. Umuriro ugurumana mu gihe gito maze ukazima bidatinze, bityo ugasiga umwijima w’icuraburindi uruta uwariho mbere. Akenshi ububyutse bwabaye rusange buterwa no gukangura intekerezo z’abantu hakoreshejwe gukangura amarangamutima, gushyigikira urukundo rw’ibintu bishya kandi bidasanzwe bikangaranya abantu. Abihana muri ubwo buryo, baba bafite ubushake buke bwo kumva ukuri kwa Bibiliya ndetse no kudashishikarira ubuhamya bw’abahanuzi n’intumwa. Gahunda zo mu itorero ntizigera zibashishikaza keretse gusa iyo zirimo ikintu kidasanzwe kibakangura. Ubutumwa budakangura amarangamutima ntibugira icyo bubahinduraho. Imiburo yeruye itangwa n’ijambo ry’Imana yerekeranye n’ibyiza byabo bizahoraho, ntiyitabwaho. Ku muntu wese wahindutse by’ukuri, kugirana isano n’Imana n’ibintu bizahoraho, ni byo bizaba ingingo y’ingenzi mu buzima. Ariko se mu matorero y’ibirangirire yo muri iki gihe, ni hehe hari umwuka wo kwiyegurira Imana? Usanga abizera batararetse ubwibone bwabo ndetse no gukunda iby’isi. Usanga badashaka kwiyanga no kwikorera umusaraba, kuruta uko bari bameze mbere y’uko bahinduka, ngo bakurikire Yesu w’umugwaneza kandi woroheje. Iyobokamana ryahindutse umukino w’abatizera n’abashidikanya kubera ko abantu benshi baryitirirwa batazi amahame yaryo. Imbaraga yo kubaha Imana isa n’iyenda gushira mu matorero menshi. Gukora ingendo zo kujya kwishimisha, amakinamico yo mu nsengero, ibitaramo, za tombora, kurimbisha amazu no kwibona byamaze kubuza abantu gutekereza 340

Itorero na Leta ku Rugamba Imana. Amasambu n’ubutunzi, ibyo abantu bakora muri iyi si ni byo byuzuye intekerezo z’abantu maze ibizahoraho bigahabwa agaciro gake. Nubwo kwizera n’ubutungane byagabanutse hirya no hino, muri ayo matorero harimo abayoboke nyakuri ba Kristo. Mbere y’uko urubanza ruheruka rw’Imana rucirwa isi, mu bwoko bw’Imana hazabamo ububyutse bwo kubaha Imana k’umwimerere kutigeze kubaho uhereye mu bihe by’intumwa. Mwuka w’Imana n’imbaraga zayo bizasukwa ku bana bayo. Icyo gihe abantu benshi bazasohoka muri ayo matorero aho urukundo rw’iby’isi rwasimbuye gukunda Imana n’ijambo ryayo. Abantu benshi bo mu babwirizabutumwa n’abizera, bazemerana ibyishimo uko kuri gukomeye Imana yatumye kwamamazwa muri iki gihe kugira ngo gutegurire abantu kugaruka k’Umwami. Umwanzi w’abantu ashaka gukoma uwo murimo mu nkokora; kandi mbere y’uko igihe cyo kwamamaza uko kuri kigera, azashishikarira kuwubuza kubaho akoresheje kwinjiza ibyiganano. Muri ayo matorero umwanzi abasha gushyira munsi y’ubushobozi bwe bushukana, azatuma hagaragara ko hasutswe umugisha w’Imana udasanzwe. Hazagaragara icyo abantu bazatekereza ko ari ugukanguka gukomeye mu by’iyobokamana. Abantu benshi bazashimishwa cyane no kwibwira ko Imana iri kubakorera ibitangaza kandi mu by’ukuri uwo murimo uri gukorwa n’undi mwuka. Satani yiyoberanyije mu mwitero w’idini, azagerageza kwagura ubutware bwe aharangwa Ubukristo hose. Mu bubyutse bwinshi bwagiye bubaho mu kinyejana gishize, imbaraga nk’izo zagiye zikora ku rwego runini cyangwa se ruto. Izo mbaraga kandi zizigaragariza mu bikomeye bizabaho mu gihe kiri imbere. Hariho ugutwarwa gushingiye ku marangamutima, uruvange rw’ukuri n’ibinyoma rwateguriwe kuyobya abantu. Nyamara nta muntu n’umwe ukwiriye gushukwa. Mu mucyo w’ijambo ry’Imana, biroroshye gusobanukirwa n’iyo mikorere ya Satani. Ahantu hose abantu bahinyura ubuhamya bw’Ibyanditswe Byera, bagatera umugongo uko kuri kumvikana, gukora ku mutima kandi gusaba abantu kwitanga no kwitandukanya n’iby’isi, tumenye neza ko bene aho hantu nta migisha y’Imana hahabwa. Kandi ufatiye ku itegeko Kristo ubwo yatanze agira ati: “Muzabamenyera ku mbuto zabo,” bigaragara neza ko iyo mikorere atari umurimo wa Mwuka w’Imana. 646 Mu kuri kw’ijambo ryayo, Imana ubwayo yihishuriye abantu; kandi abantu bose bemera uko kuri bafite ingabo ibakingira ubushukanyi bwa Satani. Kutita kuri uko kuri ni byo byakinguriye urugi ibibi biriho biba gikwira mu matorero yo mu isi. Kamere y’amategeko y’Imana ndetse n’akamaro kayo byaribagiranye ku rwego rukomeye. Imyumvire itari ukuri ku byerekeye kamere y’amategeko y’Imana, guhoraho iteka kwayo ndetse n’ibyo asaba, yayoboye abantu mu buyobe ku birebana no guhinduka no kwezwa, bityo ingaruka ziba izo kumanura urwego rw’ubutungane mu itorero. Aha ni ho hihishe ibanga ryo kubura kwa Mwuka w’Imana n’imbaraga zayo mu bubyutse bwo muri iki gihe cyacu. Mu matorero menshi, harimo abantu bakomeje kurinda ubutungane bwabo babizirikana kandi bikabababaza cyane. Ubwo uwitwa Edwards A. Park yagaragazaga akaga mu by’idini 341

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ima<strong>na</strong>. Amasambu n’ubutunzi, ibyo abantu bakora muri iyi si ni byo byuzuye intekerezo<br />

z’abantu maze ibizahoraho bigahabwa agaciro gake.<br />

Nubwo kwizera n’ubutungane byagabanutse hirya no hino, muri ayo matorero harimo<br />

abayoboke nya<strong>ku</strong>ri ba Kristo. Mbere y’uko urubanza ruheruka rw’Ima<strong>na</strong> rucirwa isi, mu<br />

bwoko bw’Ima<strong>na</strong> hazabamo ububyutse bwo <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> k’umwimerere <strong>ku</strong>tigeze <strong>ku</strong>baho<br />

uhereye mu bihe by’intumwa. Mwuka w’Ima<strong>na</strong> n’imbaraga zayo bizasukwa <strong>ku</strong> ba<strong>na</strong> bayo.<br />

Icyo gihe abantu benshi bazasohoka muri ayo matorero aho uru<strong>ku</strong>ndo rw’iby’isi rwasimbuye<br />

gu<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong> n’ijambo ryayo.<br />

Abantu benshi bo mu babwirizabutumwa n’abizera, bazemera<strong>na</strong> ibyishimo uko <strong>ku</strong>ri<br />

gukomeye Ima<strong>na</strong> yatumye kwamamazwa muri iki gihe <strong>ku</strong>gira ngo gutegurire abantu <strong>ku</strong>garuka<br />

k’Umwami. Umwanzi w’abantu ashaka gukoma uwo murimo mu nkokora; kandi mbere<br />

y’uko igihe cyo kwamamaza uko <strong>ku</strong>ri kigera, azashishikarira <strong>ku</strong>wubuza <strong>ku</strong>baho akoresheje<br />

kwinjiza ibyiga<strong>na</strong>no. Muri ayo matorero umwanzi abasha gushyira munsi y’ubushobozi bwe<br />

bushuka<strong>na</strong>, azatuma hagaragara ko hasutswe umugisha w’Ima<strong>na</strong> udasanzwe. Hazagaragara<br />

icyo abantu bazatekereza ko ari ugukanguka gukomeye mu by’iyobokama<strong>na</strong>. Abantu benshi<br />

bazashimishwa cyane no kwibwira ko Ima<strong>na</strong> iri <strong>ku</strong>bakorera ibitangaza kandi mu by’u<strong>ku</strong>ri<br />

uwo murimo uri gukorwa n’undi mwuka. Satani yiyoberanyije mu mwitero w’idini,<br />

azagerageza kwagura ubutware bwe aharangwa Ubukristo hose. Mu bubyutse bwinshi<br />

bwagiye bubaho mu kinyeja<strong>na</strong> gishize, imbaraga nk’izo zagiye zikora <strong>ku</strong> rwego runini<br />

cyangwa se ruto. Izo mbaraga kandi zizigaragariza mu bikomeye bizabaho mu gihe kiri<br />

imbere. Hariho ugutwarwa gushingiye <strong>ku</strong> marangamutima, uruvange rw’u<strong>ku</strong>ri n’ibinyoma<br />

rwateguriwe <strong>ku</strong>yobya abantu. Nyamara nta muntu n’umwe ukwiriye gushukwa. Mu mucyo<br />

w’ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, biroroshye gusobanukirwa n’iyo mikorere ya Satani. Ahantu hose abantu<br />

bahinyura ubuhamya bw’Ibyanditswe Byera, bagatera umugongo uko <strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong>,<br />

gukora <strong>ku</strong> mutima kandi gusaba abantu kwitanga no kwitandukanya n’iby’isi, tumenye neza<br />

ko bene aho hantu nta migisha y’Ima<strong>na</strong> hahabwa. Kandi ufatiye <strong>ku</strong> itegeko Kristo ubwo<br />

yatanze agira ati: “Muzabamenyera <strong>ku</strong> mbuto zabo,” bigaragara neza ko iyo mikorere atari<br />

umurimo wa Mwuka w’Ima<strong>na</strong>. 646<br />

Mu <strong>ku</strong>ri kw’ijambo ryayo, Ima<strong>na</strong> ubwayo yihishuriye abantu; kandi abantu bose bemera<br />

uko <strong>ku</strong>ri bafite ingabo ibakingira ubushukanyi bwa Satani. Kutita <strong>ku</strong>ri uko <strong>ku</strong>ri ni byo<br />

byakinguriye urugi ibibi biriho biba gikwira mu matorero yo mu isi. Kamere y’amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong> ndetse n’akamaro kayo byaribagiranye <strong>ku</strong> rwego rukomeye. Imyumvire itari u<strong>ku</strong>ri<br />

<strong>ku</strong> byerekeye kamere y’amategeko y’Ima<strong>na</strong>, guhoraho iteka kwayo ndetse n’ibyo asaba,<br />

yayoboye abantu mu buyobe <strong>ku</strong> bireba<strong>na</strong> no guhinduka no kwezwa, bityo ingaruka ziba izo<br />

<strong>ku</strong>manura urwego rw’ubutungane mu itorero. Aha ni ho hihishe ibanga ryo <strong>ku</strong>bura kwa<br />

Mwuka w’Ima<strong>na</strong> n’imbaraga zayo mu bubyutse bwo muri iki gihe cyacu.<br />

Mu matorero menshi, harimo abantu bakomeje <strong>ku</strong>rinda ubutungane bwabo babizirika<strong>na</strong><br />

kandi bikabababaza cyane. Ubwo uwitwa Edwards A. Park yagaragazaga akaga mu by’idini<br />

341

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!