07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Bashoboraga <strong>ku</strong>vugwaho aya magambo ngo: “Mwagize agahinda gatera kwiha<strong>na</strong>.”<br />

“Burya agahinda gahuje n’ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka gatera umuntu kwiha<strong>na</strong> kakamugeza <strong>ku</strong> gakiza,<br />

agahinda nk’ako nta mpamvu yo <strong>ku</strong>kicuza. Naho agahinda gasanzwe ko muri iyi si kageza<br />

umuntu <strong>ku</strong> rupfu. Mbega ibyiza mwazaniwe n’agahinda gahuje n’ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka! Mbega<br />

umwete kabateye wo kwita <strong>ku</strong> byabaye ngo mwiregure! Mbega u<strong>ku</strong>ntu kabateye <strong>ku</strong>rakara no<br />

guhagarika umutima! Mbega ibyifuzo n’ishyaka kabateye ngo mwemere guha<strong>na</strong> uwagize<br />

<strong>na</strong>bi! Muri byose mwagaragaje ko muri abere muri urwo rubanza.” 645<br />

Uyu ni wo musaruro uva mu murimo wa Mwuka Muziranenge. Nta gihamya cy’uko<br />

umuntu yihanye by’u<strong>ku</strong>ri keretse gusa iyo bimuteye guhinduka. Kwiha<strong>na</strong> nya<strong>ku</strong>ri gutera<br />

umuntu gutanga icyo yarahiriye, akagarura ibyo yibye, akiha<strong>na</strong> ibyaha bye, aga<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong><br />

<strong>na</strong> bagenzi be, icyo gihe nibwo umunyabyaha abasha <strong>ku</strong>menya neza ko afitanye amahoro<br />

n’Ima<strong>na</strong>. Mu myaka yashize uwo ni wo musaruro wa<strong>ku</strong>rikiraga ibihe by’ikangura mu<br />

by’iyobokama<strong>na</strong>. Bamenyekaniraga <strong>ku</strong> mbuto zabo, bakabita abahiriwe n’Ima<strong>na</strong><br />

<strong>ku</strong>bw’agakiza k’abantu no <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>zahura inyokomuntu.<br />

Ariko amenshi mu mavugurura yo muri iyi minsi yagiye arangwa no guhaba<strong>na</strong> bikomeye<br />

<strong>na</strong> kwa kwigaragaza k’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> kwa<strong>ku</strong>rikiraga imirimo y’abagaragu b’Ima<strong>na</strong> mu<br />

bihe bya kera. Ni iby’u<strong>ku</strong>ri ko umuriro wo gukanguka uguruma<strong>na</strong> hirya no hino, abantu<br />

benshi bavuga ko bahindutse, kandi amatorero yuzuyemo abantu benshi; nyamara umusaruro<br />

uvamo uteye <strong>ku</strong> buryo utashingirwaho ngo umuntu yizere ko habayeho gu<strong>ku</strong>ra mu bya<br />

Mwuka guhuje no gu<strong>ku</strong>ra kw’amatorero. Umuriro uguruma<strong>na</strong> mu gihe gito maze ukazima<br />

bidatinze, bityo ugasiga umwijima w’icuraburindi uruta uwariho mbere.<br />

Akenshi ububyutse bwabaye rusange buterwa no gukangura intekerezo z’abantu<br />

hakoreshejwe gukangura amarangamutima, gushyigikira uru<strong>ku</strong>ndo rw’ibintu bishya kandi<br />

bidasanzwe bikangaranya abantu. Abiha<strong>na</strong> muri ubwo buryo, baba bafite ubushake buke bwo<br />

<strong>ku</strong>mva u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya ndetse no <strong>ku</strong>dashishikarira ubuhamya bw’abahanuzi n’intumwa.<br />

Gahunda zo mu itorero ntizigera zibashishikaza keretse gusa iyo zirimo ikintu kidasanzwe<br />

kibakangura. Ubutumwa budakangura amarangamutima ntibugira icyo bubahinduraho.<br />

Imiburo yeruye itangwa n’ijambo ry’Ima<strong>na</strong> yerekeranye n’ibyiza byabo bizahoraho,<br />

ntiyitabwaho.<br />

Ku muntu wese wahindutse by’u<strong>ku</strong>ri, <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> isano n’Ima<strong>na</strong> n’ibintu bizahoraho, ni byo<br />

bizaba ingingo y’ingenzi mu buzima. Ariko se mu matorero y’ibirangirire yo muri iki gihe,<br />

ni hehe hari umwuka wo kwiyegurira Ima<strong>na</strong>? Usanga abizera batararetse ubwibone bwabo<br />

ndetse no gu<strong>ku</strong>nda iby’isi. Usanga badashaka kwiyanga no kwikorera umusaraba, <strong>ku</strong>ruta uko<br />

bari bameze mbere y’uko bahinduka, ngo ba<strong>ku</strong>rikire Yesu w’umugwaneza kandi woroheje.<br />

Iyobokama<strong>na</strong> ryahindutse umukino w’abatizera n’abashidikanya <strong>ku</strong>bera ko abantu benshi<br />

baryitirirwa batazi amahame yaryo. Imbaraga yo <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> isa n’iyenda gushira mu<br />

matorero menshi. Gukora ingendo zo <strong>ku</strong>jya kwishimisha, amaki<strong>na</strong>mico yo mu nsengero,<br />

ibitaramo, za tombora, <strong>ku</strong>rimbisha amazu no kwibo<strong>na</strong> byamaze <strong>ku</strong>buza abantu gutekereza<br />

340

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!