07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 27 – Ububyutse Bwo Muri iki Gihe<br />

Ahantu hose ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryagiye ribwirizwa mu buryo butunganye, umusaruro<br />

wagiye u<strong>ku</strong>rikiraho wahamije ko rikomoka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. Mwuka w’Ima<strong>na</strong> yajya<strong>na</strong>ga<br />

n’ubutumwa bwabwirizwaga n’abagaragu bayo, kandi iryo jambo ryabaga rifite imbaraga.<br />

Abanyabyaha bumvaga bakozwe <strong>ku</strong> mitima. Umucyo umurikira umuntu wese waje mu isi,<br />

urasira ahihishe ho mu mitima y’abantu, maze ibihishwe byakorerwaga mu mwijima<br />

bishyirwa ahagaragara. Bumvise batsinzwe mu ntekerezo zabo no mu mitima yabo. Bemejwe<br />

ibyerekeye icyaha, ubutungane ndetse n’urubanza ruzaza. Basobanukiwe ubutungane bwa<br />

Yehova maze batinyishwa no <strong>ku</strong>zahagaraga imbere y’Urondora imitima kandi bahamwa<br />

n’icyaha ndetse banduye. Batakanye akababaro kenshi bati: “Ninde wankiza uyu mubiri<br />

wigaruriwe n’urupfu?”<br />

Nuko ubwo bahishurirwaga umusaraba w’i Kaluvari n’igitambo kitagerwa cyatangiwe<br />

ibyaha by’abantu, basanze ko nta kindi gishobora <strong>ku</strong>ba gihagije ngo gi<strong>ku</strong>reho ibicumuro<br />

byabo keretse ibyo Kristo yakoze; icyo cyonyine ni cyo gishobora <strong>ku</strong>nga umuntu n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Bemeye Ntama w’Ima<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>raho ibyaha by’abari mu isi bafite kwizera kandi bicishije<br />

bugufi. Kubw’amaraso ya Yesu, “bababariwe ibyaha byose bakoze.”<br />

Abo bantu beze imbuto zikwiriye abihannye. Barizeye maze barabatizwa, bazukira<br />

<strong>ku</strong>gendera mu bugingo bushya, bahinduka ibiremwa bishya muri Kristo Yesu; ntibongera<br />

gu<strong>ku</strong>rikiza irari rya kera, ahubwo <strong>ku</strong>bwo kwizera Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> bagera ikirenge mu cye,<br />

bagaragaraho imico ye kandi bariyeza nk’uko <strong>na</strong> we yera. Ibyo bangaga kera noneho<br />

barabi<strong>ku</strong>nze kandi n’ibyo ba<strong>ku</strong>ndaga barabyanga. Abibone n’abirarira bahindutse<br />

abagwaneza n’abafite imitima yicisha bugufi. Abapfapfa n’abirasi bahindutse abantu<br />

b’abanyamakenga n’abitonda. Abasuzugura ibyo kwizera bahindutse abantu bubaha, abasinzi<br />

bahinduka abantu birinda, kandi abahehesi baba abantu birinda. Ibigezweho by’isi bitagira<br />

umumaro byararetswe. Abakristo ntibabaye bagiharanira “umurimbo w’inyuma, nko <strong>ku</strong>boha<br />

imisatsi, kwambara ibyakozwe mu izahabu cyangwa se imyambaro y’akarusho; ahubwo<br />

umurimbo w’imbere mu mutima. Umurimbo udasaza w’ubugwaneza n’amahoro, . . .ufite<br />

agaciro gakomeye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>.” 644<br />

Ububyutse bwateye kwigenzura mu mitima no kwicisha bugufi. Bwaranzwe no<br />

guhamagara gukomeye kwararikaga umunyabyaha, kandi bigakorwa n’ababaga buzuye<br />

imbabazi bari bafitiye abo Kristo yaguze amaraso ye. Abagabo n’abagore basengaga binginga<br />

Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bwo agakiza k’abantu. Umusaruro w’ubwo bubyutse wagaragariye mu bantu<br />

batatinyaga kwiyanga no kwitanga, ahubwo bashimishwaga n’uko bikwiriye ko bababazwa<br />

kandi bakageragezwa <strong>ku</strong>bwa Kristo. Abantu babo<strong>na</strong>ga ko hari impinduka yabaye mu<br />

mibereho y’abizeraga izi<strong>na</strong> rya Yesu Kristo. Abari babazengurutse bunguwe n’impinduka<br />

batezaga. Bateranyirizaga hamwe <strong>na</strong> Kristo, bakabiba muri Mwuka <strong>ku</strong>gira ngo basarure<br />

ubugingo buhoraho.<br />

339

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!